AS Kigali itwaye Igikombe cy'Amahoro hitabajwe indi minota 30
AS Kigali itwaye igikombe cy’Amahoro 2019 itsinze Kiyovu Sports mu minota 120. Ni umukino wahuje aya makipe kuri iyi tariki ya 4 Nyakanga, umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 25 kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo. Iyi kipe y’abanyamugi ishoboye kwegukana iki gikombe ivuye inyuma kuko yabanje gutsindwa igitego cya mbere. Ni igitego cy’umutwe cyatsinzwe […]
Urukiko rwategetse ko abadepite bane barimo Bobi Wine n'abaturage 5 bafungwa
Kuri uyu wa kane tariki ya 4 Nyakanga 2019 muri Uganda, urukiko rwa Gulu rwategetse ko abadepite batatu barimo Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine bafungwa. Umushinjacyaha mukuru mu rukiko rwa Gulu yavuze ko Depite Kyagulanyi, Francis Zaake, Karuhanga, Paul Mwiru na Makindye wahoze ari umudepite ndetse n’abaturage batanu bateje imvururu muri Arua mu 2018, […]
Scaphism, igihano kimaze ibinyagihumbi kitazibagirana mu mateka y'isi
Kuva mu bihe bya kera, ubuzima bw’ikiremwamuntu ntibwahabwaga agaciro kamwe. Muti nshingiye kuki? Ubwo nasomaga imbuga zitandukanye kuri murandasi, nabonye ingingo ivuga ku buryo bwo kwica nk’igihano gihabwa umuntu wakoze amakosa ariko akomeye. Ijambo ‘Scaphism’ ryiganzaga mu nyingo nyinshi nanyuzagamo amaso, nange ngira amatsiko yo kumenya ubusobanuro n’inkomoko by’iri jambo. Nasanze ‘Scaphism’ cyangwa se ubwato […]
Yakase igitsina cy’umugabo we amuryoza imibonano mpuzabitsina
Umugore witwa Bilungi Anne wo Mu karere ka Kitgum,muri Uganda yakase ubugabo bw’uwo bashakanye amuziza ko hashize igihe nta mibonano mpuzabitsina bakorana. Uyu mugore Daily Monitor ivuga ko yari yasinze, yadukiriye umugabo we utatangajwe amazina ubwo yari amusanze asinziriye ahita amukata ubugabo yifashishije icyuma. Iyi nkuru ivuga ko umugabo yakangukiye hejuru bakagundagurana ariko akaba yari […]
Frank Lampard yagizwe umutoza mushya wa Chelsea
Ikipe ya Chelsea FC yatangaje ko yagize uwahoze ari umukinnyi wayo Frank Lampard umutoza wayo mukuru mu gihe cy’imyaka itatu iri imbere. Frank Lampard w’imyaka 41, yabaye umukinnyi wa Chelsea mu gihe cy’imyaka 13. Yahawe akazi ko gutoza Chelsea nyuma y’uko yari umutoza wa Derby County yo mu cyiciro cya kabiri aho yayifashije kugera […]
Pasiporo yatamaje Zari ku myaka ye y'amavuko
Urupapuro rw’inzira (Pasport) yashyize ku karubanda imyaka ya nyayo y’uwahoze ari umukunzi wa Diamond Platnumz, Zari Hassan Tlale ubusanzwe uvugako afite imyaka mike. Biragoye ko hari uwa kubwira imyaka ya nyayo ya Zari kuko we ubwe yagiye atangaza mu bihe bitanduakanye ko ari mu myaka ya za 30 y’amavuko. Mu gutamaza uyu mugore w’abana batanu, […]
Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w'amashanyarazi
Abatuye mu Karere ka Kirehe, barishimira kuba bizihije imyaka 25, u Rwanda rumaze rwibohoye bafite umuriro w’amashanyarazi, mu gihe mbere ngo batanawurotaga mu nzozi zabo. Bavuga ko nta muriro w’amashanyarazi bagiraga, nyamara mu tundi duce tugize Intara y’Iburasirazuba barawukoreshaga na mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi 1994, ubu bakaba bishimira ko bizihije iyi sabukuru y’imyaka 25 […]
Kwibohora ni ubumwe, amajyambere, umutekano, abantu bakagira gutera imbere mu byo bifuza — Perezida Kagame
Perezida Kagame asanga “Kwibohora” ari uburenganzira, ari ubumwe, ari amajyambere, ari umutekano, abantu bakagira gutera imbere mu byo bifuza ibyo ari byo byose nk’uko yabitangaje mu ijambo yagejeje ku Banyarwanda muri rusange n’abari bateraniye kuri Stade Amahoro mu birori byo Kwibohora ku nshuro ya 25, kuri uyu wa Kane, itariki 04 Nyakanga 2019 Perezida Kagame […]
Amafoto n'amashusho byaranze umunsi wo #kwibohora25
Itariki ya 4 Nyakanga 2019, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bifatanyije mu birori by’isabukuru y’imyaka 25 ishize u Rwanda rwibohoye. Ni ibirori byabereye kuri sitade Amahoro, i Remera mu mujyi wa Kigali. Ni itariki yibutsa Abanyarwanda amateka y’urugamba rwo kwibohora, ubwo ingabo za RPA zari iza FPR/Inkotanyi zafataga Umurwa Mukuru ‘Kigali’ ku wa 4 Nyakanga 1994. […]
Ubuyobozi n'abaturage ntibavuga rumwe ku ngaruka baterwa n'uruganda 'Cimerwa'
Bamwe mu batuye mu ngo zibarirwa hagati ya 40 na 50 bo mu Mirenge ya Gitambi na Muganza, zose zituranye n’uruganda rukora Sima (Cimerwa), mu Bugarama, ho mu Karere ka Rusizi, bavuga ko rugira ingaruka ku buzima bwabo, ubuyobozi bwo bukemeza ko ibyo bavuga ataribyo. Aba baturage bavuga ko imvumbi rivanze na sima bibatera indwara, […]