Kigali: Abayobozi ba Uganda n'u Rwanda bari mu nama igamije gucoca ibibazo- AMAFOTO
Abayobozi bo muri Uganda bagaragaye mu cyumba kigiye kuberamo inama ihuza abayobozi bahagarariye u Rwanda na Uganda, biga ku ngingo zikubiye mu masezerano abakuru b’ibihugu bashyiriyeho umukono muri Angola, agamije kuzahura umubano hagati y’ibihugu byombi. Ni inama igiye kuba nyuma y’ubwumvikane bwo kurangiza amakimbirane hagati y’u Rwanda na Uganda bwashyizweho umukono ku wa Gatatu tariki […]
Cristiano Ronaldo yasutse amarira mu kiganiro kuri Televiziyo
Umukinnyi w’icyamamare ku Isi, Cristiano Ronaldo yarize mu kiganiro ubwo yerekwaga amashusho arikumwe n’umubyeyi we witabye imana mu myaka 14 ishize. Ibi bihe by’amarangamutima adasanzwe kuri uyu mukinnyi byabaye ubwo yakoraga ikiganiro na Piers Morgan ukorera Televiziyo yo mu bwongereza izwi nka UK TV, mukiganiro hagati Cristiano yeretswe filimi mbarankuru ya Jose Dinis Aveiro akaba […]
Minembwe: Inyeshyamba ziri hafi gufata ikibuga cy’indege kiri hafi y’Umupaka w’u Rwanda n’Uburundi
Inyashyamba za Red- Tabara zifatanyije na Mai Mai mu guhangana n’Abanyamulenge zikomeje gufata indi ntera aho kuri ubu habura ibirometero 80 ngo zifate ikibuga cy’indege cya Minembwe kiri hafi y’Umupaka w’u Rwanda n’Uburundi. Imirwano ihuje impande zombi yubuye mu minsi mike ishize, ikaba imaze guhitana abatari bacye mu gihe abandi bavuye mu byabo. Umuyobozi muri […]
Abayobozi baravuga iki ku byavuzwe ko Perezida Kagame yifuza ko Afurika y'Epfo yava muri AU?
Ibinyamakuru ‘Benin Web TV’ na Abidjan TV byanditse inkuru zivuga ko Perezida Kagame yatangaje ko Afurika y’Epfo igomba gukurwa mu Muryango w’Afurika Yunze Ubumwe bitewe n’ibitero byibasira abanyamahanga byabaye muri iki gihugu. Benin Web TV kivuga ko Perezida Kagame yabitangarije itangazamakuru kuri uyu wa 14 Nzeri 2019. Kivuga ko mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Perezida Kagame […]
Abasirikare 10 b'u Burundi biciwe muri Somalia
Abasirikare bagera kuri 10 b’u Burundi bari mu butumwa bw’amahoro muri Somalia(AMISOM ) bishwe abandi batanu barakomereka, nyuma y’igitero bagabweho n’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab. Amakuru aturuka mu gisirikare cy’u Burundi avuga ko aba basirikare bagabweho igitero gitunguranye ku wa Gatanu tariki ya 13 Nzeri 2019, mu gace ka Shabelle, mu muhanda uhuza imijyi ya […]
Nakoranye na FBI, nta kintu ntunze mu gihugu cyanyu-Gen Kayihura
Gen. Kale Kayihura wahoze ayobora polisi ya Uganda avuga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimushinja guhutaza uburenganzira bwa muntu yakoranye bya hafi nazo binyuze mu biro by’iperereza (FBI). Mu ibaruwa ndende yahaye Chimpreports dukesha iyi nkuru, Kayihura avuga ko kuba Amerika yavuga ko yakiriye ruswa n’iyezandonke kandi ko polisi yayoboye yakoze ibyaha bihutaza ikiremwamuntu […]