Umugabo ankunda turi mu rugo, twagera mu birori no mu rusengero akampunga
Nge n’umugabo wange twakundaye cyane turi abasore n’inkumi, dupanga gukora ubukwe na byo bigenda neza ndetse no mu minsi ya mbere duhuje inzu ndetse n’uburiri gusa ubu ndemerewe n’uburyo asigaye anyitwaraho iyo tugeze mu ruhame. Nta kibazo nzi mfitanye n’umugabo wange ariko nibaza impamvu iyo tugiye mu birori nko mu bukwe mu miryango ndetse n’inshuti […]
Komanda ufatanye na Veterineri imbwa izazerera hanze ntizatahe- Meya wa Nyanza
Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza, Ntazinda Elasme ubwo yasuraga abaturage bo mu murenge wa Nyagisozi muri ako Karere, bamugaragarije ko bahangayitswe n’imbwa ziri muri ako gace. Nyuma yo kugaragarizwa agahinda n’aba baturage, umuyobozi w’Akarere yahise asaba veterineri n’abashinzwe umutekano kwita kuri iki kibazo cy’imbwa. Umukecuru Mukamabano Azera atuye mu kagari ka Rurangazi mu murenge wa Nyagisozi […]
Kubera iki Mwalimu Nyerere asa n'uwateye igiti kitazashiraho imbuto?
Julius Kambarage Nyerere cyangwa se Mwalimu Nyerere yavukiye ku butaka bwa Butiama muri Tanganyika muri Werurwe 1922. Yabaye Minisitiri w’Intebe wa Tanganyika yigenga mu 1961, nyuma aba Perezida wa Tanzania yari yihuje na Tanyanyika biba igihugu kimwe (Tanzania) mu 1964. Se wa Nyerere yari umuyobozo w’ubwoko bwitwa Zanaki. Yize amashuri yisumbuye muri Tabora, kaminuza ayiga […]
Biravugwa ko Igisirikare cya Uganda gikomeje imyiteguro yo guhangana n’u Rwanda
Igisirikare cya Uganda cyakajije imyiteguro yo kurinda igihugu, by’umwihariko uburengerazuba bwa Uganda bivugwa ko bwaba bugiye guterwa n’Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, ngo n’indi mitwe bikorana. Umujyanama wa Perezida Museveni ushinzwe ibikorwa bidasanzwe, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, aherutse gutangaza ko hari abanzi bari gutegura gutera Uganda ariko bagomba kwitegura kuzagirwa umuyonga. Yakomeje avuga ko nta watsinda […]
Mu ishuri rya kisilamu habonwe abantu 67 bamaze igihe bakorerwa iyicarubozo
Polisi mu majyaruguru ya Nigeria yabohoye abantu 67 yasanze bazirikiye mu ishuri rya kisilamu ricumbikira abanyeshuri nk’uko abategetsi babivuga. Abo ni abanyeshuri bari hagati y’imyaka irindwi na 40, babwiye polisi ko bakorewe iyicarubozo. mu buryo bunyuranye. Mu kwezi gushize, abandi banyeshuri bagera kuri 300 b’igitsina gabo babohowe mu ishuri ricumbikira abanyeshuri muri leta ya Kaduna […]
Uruzinduko rwa Perezida Kagame i Bangui hari byinshi rusobanuye
Ikinyamakuru A Bangui cyo muri Centrafrica cyatangaje ko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ajya i Bangui kuri uyu wa Kabiri mu ruzinduko rugamije gukorana business na Centrafrica, aho kivuga ko hari abashoramari b’Abanyarwanda bamaze gushora miliyari z’ama-CFA muri kompanyi yo kuvugurura Umujyi wa Bangui, kandi biteguye kongera iyo mari. Bivugwa ko biri mu byumvikanweho ubwo […]
Iyo abandi bagore baganiriye iby'amavangingo bazana mu gihe cy'imibonano ngira ipfunwe, ese ni irihe banga nanjye nakoresha?
Abagore bagenzi banjye mbifurije umunsi mwiza wahariwe umugore wo mu cyaro, mboneraho no kubasaba inama, kimwe n’abagabo bafite ubumenyi kuri aya mabanga y’urugo. Mugabo, maze imyaka icyenda Ine nubatse urugo, sinavuga ko ndi mukuru kubirebana n’urugo ariko na none sindi n’umwana. Twabanye umugabo wanjye mbona ari ibisanzwe, gusa agakunda kumbwira ko hari akantu azambwira. Yakundaga […]
Abakinnyi 18 ba RDF bagiye kwitabira Irushanwa rya Gisirikare ku rwego rw’isi
Igisirikare cy’u Rwanda cyohereje abakinnyi 18 mu Irushanwa rya Gisirikare ku rwego rw’isi rigiye kubera mu Bushinwa mu mugi wa Wuhan. Aba bakinnyi bari mu makipe ane; ayo kwiruka, Beach Volley, Taekwondo no kurasa bagiye baherekejwe na Brig. Gen. Jean Bosco Ngiruwonsanga uri mu Kanama Mpuzamahanga k’Imikino ya Gisirikare. Brig. Gen. Ngiruwonsanga yabanje yasaba aba […]
Abashyigikira amoko nibajye mu kuzimu- Perezida Museveni
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yasabye abayobozi ba Sudani y’Amajyepfo gushyira imbaraga mu gukora ibyateza imbere abaturage babo. Yasabye ko ibibatandukanya nk’irondamoko bikwiriye kutabaranga kuko ngo ari uguta igihe. Museveni wari mu biganiro by’amahoro bihuza abanyepolitiki bo muri Sudan mu Murwa Mukuru Juba, yavuze ko nta terambere ryagerwaho abantu bakomeje gushyira imbere iby’amoko. Ati “ […]
Sankara, intwari y'Afurika imaze imyaka 32 itabarutse yasize uwuhe murage?
Hashize imyaka 32 Thomas Isidore Sankara waharaniye impinduramatwara iganisha ku kwigira kw’Afurika atabarutse. Yabaye umusirikare, aba umunyamabanga wa leta mu bijyanye n’amakuru, aba Minisitiri w’Intebe mu cyahoze ari Haute Volta. Thomas Sankara ni we Perezida wa mbere w’igihugu kuva yacyira Burkina Faso kuva mu 1983 kugeza ku wa 15 Ukwakira ubwo yicirwaga mu ihirikwa ry’ubutegetsi […]