Rubavu: Ba Gitifu 10 b’utugari basezeye ku mirimo yabo, imyitwarire mibi ku isonga mu kwegura

Nubwo ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwemeje ko hari abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari bakomeje kubagezaho amabarwa asezera ku mirimo bari bashinzwe, ubuyobozi bukavuga ko hari imihigo batesheje. Gusa nubwo ubuyobozi buga ko batesheje imihigo, ikizwi nuko beshi bazize imyitwarire mibi yabagaragayeho mu kazi bagategekwa gusezera mu kazi. Amakuru bwiza.com ifite nuko aba basezeye benshi muri bo bazize […]

Ibyiza byose ntabwo biba mu mahanga- Min. Mutimura akebura abajyanayo abana kwiga

Minisitiri w’Uburezi, Dr Eugène Mutimura, yasabye ababyeyi kwirinda kwirirwa bajya gushaka amashuri y’abana babo mu bihugu bituranye n’u Rwanda agereranije n’ireme ry’uburezi bifite n’iry’u Rwanda. Min Mitumura ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Ukuboza 2019, nyuma y’inama yagiranye n’abayobozi b’ibigo bitandukanye byo mu Rwanda, inama Minisiteri y’uburezi yakomoreyemo ibigo byigenga gukomeza kwigisha […]