Rihanna yatandukanye n’umukunzi we bari bamaze imyaka itatu bakundana
Umunya Barbados Robyn Rihanna Fenty uri mu bagore bakunzwe cyane mu muziki ku isi, yamaze gutandukana na Hassan Jameel, umuherwe w’umunya Arabie Saoudite bari bamaranye imyaka itatu mu munyenga w’urukundo. Rihanna wakunzwe mu ndirimbo nka Diamonds, We found Love, Umbrella n’izindi, yagaragaye bwa mbere ari kumwe n’uyu wari umukunzi we bananganyaga imyaka 31 y’amavuko muri […]
Hafashwe umwanzuro niba Callixte Nsabimana (Sankara) yaburanira hamwe n’uwatorotse igisirikare cy’u Rwanda
Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi rukorera i Nyanza rwafashwe umwanzuro niba Nsabimana Callixte wari wariyise ‘Majoro Sankara’ yaburanishirizwa hamwe n’uwahoze ari mu gisirikare cy’u Rwanda agatoroka, Private Muhire Dieudonne. Ni inzitizi zari zagaragajwe n’uruhande rwunganira Sankara mu mategeko, rwavugaga ko nta mpamvu y’uko umukiriya warwo yaburanishirizwa hamwe na Muhire bivugwa ko ngo yari […]
Umushyukwe mwinshi wateye imbeba gushaka gufata ku ngufu injangwe

Inkubisi y’amazirantoki (amabyi) ya cyane irayitarukiriza kandi ngo utazi ikimuhatse….[ntacyo reka tuvuge ko atema ishami yicariye]! Mu buzima hari ibintu utakinisha cyane nko kutamenya cyangwa kwirengagiza icyahitana ubuzima bwawe. Iyo ubirenzeho bidaturutse ku mpanuka, abantu bagufata nk’igicucu, umusazi cyangwa umwiyahuzi. Muri rusange, umuntu wese atinya gupfa, akagendera kure urupfu, akarwirinda n’ubwo ntawe uruhunga. Rimwe na […]
Museveni yahinduye abasirikare abacanshuro be- Bobi Wine
Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine avuga ko Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yahinduye abasirikare b’igihugu abacanshuro be bwite. Bobi Wine uhagarariye agace ka Kyadondo East avuga ko ubusanzwe abasirikare akazi kabo kazwi kandi ko batagira uruhande rwa politiki babogamiraho. Ibi ngo abari muri gisirikare cya Uganda (UPDF) ntibabyubahiriza. Mu minsi mike ishize, […]
Abakinnyi barindwi ba Rayon Sports ntibagaragara mu mukino wa Espoir
Kuri uyu wa gatandatu Rayon Sports irakira Espoir FC, mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona iyi kipe ikunzwe na benshi irakina ibura abakinnyi barindwi isanzwe yifashisha. Ni umukino iyi kipe irakina iri ku mwanya wa kabiri ku rutonde rwa shampiyona n’amanota 35, ikaba irusha inota rimwe ikipe ya Police FC ya gatatu. Gutsindwa uyu […]
Rusizi: Ikibazo cy’ibiyobyabwenge mu rubyiruko giteye impungenge

Abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge y’akarere ka Rusizi cyane cyane ituriye imipaka n’igihugu cya Kongo, bavuga ko ibiyobyabwenge mu rubyiruko ari ikibazo kibahangayikishije cyane imirenge ituranye na Congo cyane bikangiza urubyiruko bidasize n’abakuze, bagasaba abafatanyabikorwa barimo amadini n’amatorero kubafasha kwigisha ngo barebe ko ikoreshwa ryabyo ryacika burundu. Iyi mpuruza bamwe muri aba bayobozi bayitanze mu biterane by’iminsi […]
Amafoto Obama yifuriza umugore we isabukuru, yatumye benshi bacika ururondogoro
Barack Obama wayoboye leta zunze ubumwe za Amerika mu gihe cy’imyaka 10, yatamirije imitoma ku mugore we Michelle Obama, amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko, atuma abenshi bacika ururondogoro. Urukundo rw’aba bombi rwatwaye imitima ya benshi, ku buryo usanga bamwe mu bakundana babafata nk’ikitegererezo mu rukundo rwabo. Obama na Michelle bafitanye abana babiri b’abakobwa, ari bo Sacha […]
Ukraine: Minisitiri w’Intebe yeguye azira gupfobya Umukuru w’Igihugu
Minisitiri w’Intebe wa Ukraine, Oleksii Gontcharouk yeguye ejo tariki ya 17 Mutarama 2020 kuri iyi mirimo nyuma y’ubutumwa bwagiye ku karubanda bupfobya imikorere ya Perezida w’Igihugu, Volodymyr Zelensky. Bivugwa ko hari amajwi yagiye ahagaragara muri Mata 2019 avuga ko ubumenyi bwa Perezida Zelensky mu bijyanye n’ubukungu ‘bushaje’. Minisitiri Oleksii yeguye kuri uyu wa 17 Mutarama […]