Perezida Kagame yitabiriye inama y’Ubwongereza na Afurika i Londres

eot3jxmxkaavokv.jpg

“Perezida” wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ari i Londres mu Bwongereza, aho yitabiriye inama y’Ubwongereza na Afurika itangira kuri uyu wa mbere. Ni inama iza kuyoborwa na Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza, Boris Johnson. Iyi nama iranitabirwa n’abandi bayobozi batandukanye b’ibihugu bya Afurika. Itangazo ryaturutse mu biro by’umukuru w’igihugu rivuga ko uretse kuba Perezida Kagame yitabira […]

Abanyamulenge ni Abakongomani kimwe n’abandi bose-Félix Tshisekedi

Aha ni mu Minembwe

Aya magambo umukuru w’igihugu cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yayavugiye i London mu Bwongereza mu mpera z’ icyumweru gishize ubwo yahuraga n’ abakongomani baba mu mahanga ( diaspora). Ni ubwa mbere uyu mukuru w’igihugu yumvikanye avuga amagambo agaragaza icyo atekereza ku kibazo cy’abanyamulenge bagiye kumara umwaka bakorerwa ibikorwa by’ubunyamaswa aho bamwe bahatakarije […]

Umuyobozi wa RALC. Dr. Vuningoma James yitabye Imana

vuni.png

Uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inteko y’Igihugu y’Ururimi n’Umuco (RALC), Dr James Vuningoma yitabye Imana kuri uyu wa 20 Mutarama 2019 aho yari arwariye mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal. Amakuru y’urupfu rw’uyu musaza yemejwe n’Inteko y’Ururimi n’Umuco, ibicishije ku rubuga rwa Twitter. Dr Vuningoma yabaye Umuyobozi Wungirije w’Ishami ry’Uburezi muri Kaminuza y’u Rwanda (icyahoze cyitwa KIE) kuva […]

Igitero ku Kibuga cy’Indege cya Entebbe muri Uganda

download-2.jpg

Hari bimwe mu bintu byahindutse ku Isi nyuma y’ibikorwa bya gisirikare byagiye bikorwa mu ibanga rikomeye. Ibi bitero byagiye bihindura byinshi ku kudashoboka kw’ibintu. Byagaragaye byose bigendeye ku buhanga buhambaye bwa gisirikare bwakoreshejwe bwuzuzanya n’ibikoresho bya gisirikare bitari ku rwego ruciriritse, insinzi yahindura uruhande n’ubwo bamwe bahasiga ubuzima. Muri ibi bitero, turagaruka ku cyagabwe mu […]

Panama: Mu idini, kwicwa no kubabazwa umubiri ni byo bihano bihabwa abanze kwihana ibyaha

Itorero (idini ) rya gikirisito , New Light of God ryo muri Panama rigizwe numuryango w’abantu (tribe) bitwa Ngabe Buglé ryagaragayeho umugenzo udasanzwe wo guhana abantu banze kwihana ibyaha bakoze. Iri dini rifite abayobozi 10 nk’uko byatangajwe tariki ya 16 Mutarama 2020, bakaba basaba abantu kwihana ibyaha babahata inkoni, babica urubozo birimo no kubakebesha imihoro […]

Rusizi: Imashini zihinga zatwaye akayabo Leta , zimaze imyaka 9 zangirikira muri parikingi ku murenge

Umunyamabanga nshingwabikorwa w'aka karere,Mushimiyimana Ephrem avuga ko nubwo yatangiye imirimo ye muri aka karere muri 2015,iby'izi mashini atabizi,bagiye kubiganiraho na MINAGRI.

Abaturage b’umurenge wa Muganza no mu kibaya cya Bugarama mu karere ka Rusizi , nyuma y’imyaka 9 imashini nyinshi zihinga zihageze ngo zunganire abaturage mu buhinzi bwa kijyambere, zikomeje kwangirikira ku biro by’umurenge wa Muganza, izi mashini zarubakiwe inzu abaturage bavuga ko yagombaga kubakirwa nibura utishoboye muri bo, izi mashini zifite n’abazirinda umutekano bishyurwa na […]

Urukuta rutandukanya u Rwanda na RDC, u Rwanda na Israël mu guhashya iterabwoba mu nkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 13 kirangira tariki ya 19 Mutarama 2020. Twamaze kugitera umugongo, twinjira mu gishya gusa ni ngombwa ko twiyibutsa zimwe mu nkuru z’ingenzi zakiranze, cyane cyane izigifite icyo zivuze muri iki cyumweru twatangiye. Nk’uko bisanzwe iki cyegeranyo kirimo inkuru za politiki, umutekano, utuntu n’utundi, imikino ndetse n’imyidagaduro. Igitekerezo cyo kubaka urukuta […]