Umusaza w’imyaka 70 yafatiwe mu cyuho asambanya umwuzukuru w’imyaka 5 y’amavuko
Umusaza Keya Kafeero w’imyaka 70 y’amavuko utuye mu gace ka Buhirigi mu karere ka Hoima muri Uganda, yatawe muri yombi na polisi y’igihugu akekwaho icyaha cyo gusambanya umwuzukuru we w’umukobwa ufite imyaka 5 y’amavuko. Nyina w’uyu mwana yasobanuye ko yari yamutumye amasahani mu nzu ya sekuru kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Gashyantare 2020, […]
Urukiko rwo mu Bufaransa rwatesheje agaciro ubujurire bwa Visi-perezida wa Guinée Équatoriale
Umuhungu wa Perezida wa Guinée Équatoriale, Theodorin Obiang, akanaba Visi Perezida wa kiriya gihugu, yaciwe amande ya miliyoni 30 z’ama-Euro(30,000,000,000Rwf) nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwigwizaho imitungo igenewe rubanda. Uru rukiko Kandi rwakatiye Obiang w’imyaka itatu y’igiciro cyakuweho, runategeka ko imitungo ye ifatirwa. Ni imitungo yiganjemo imodoka z’igiciro n’ibindi bintu by’urwibutso byahoze ari ibya nyakwigendera […]
Akekwaho kwiyita umukozi mu biro bya Perezida, agaha amabwiriza abakozi ba leta

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha kuri uyu wa 11 Gashyantare 2020 rwataye muri yombi umukozi wo mu bushinjacyaha witwa Tuyisenge Christian ukekwaho kwiyita umukozi wo mu biro bya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame. Mu itangazo yanyujije kuri Twitter, RIB ivuga ko uyu Tuyisenge yahamagaye abakozi mu nzego zitandukanye za leta, abaha amabwiriza nk’umukozi wo mu […]
Rusizi : Bamwe mu babyeyi baranengwa kudakundisha abana babo umuco wo gusoma

Ubuyobozi bw’uburezi mu karere ka Rusizi buvuga ko igituma hari bamwe mu bana usanga barangiza icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza batazi gusoma neza ikinyarwanda,ndetse n’abarangiza umwaka wa 6 w’ abanza batarabimenya neza n’indimi z’amahanga bazisoma bahuzagurika biterwa na bamwe mu babyeyi batita ku muco wo gukundisha abana gusoma,bagasanga byitaweho buri mwana yabimenya neza. Byavugiwe mu […]
Gasabo: Abaturage bavuga ko ubucuruzi bw’amazi bwahariwe umukire, bagashoka ibishanga

Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Rusororo mu Kagari ka Mbandazi, bavuga ko icyo bita ‘ubucuruzi bw’amazi’ bw’umukire witwa Twagirimana Theoneste uzwi ku izina rya Rujugiro bwatumye bafungirwa amazi , ubu umwaka ukaba umaze kurenga bamwe muri bi baragannye kuvoma mu bishanga. Abaturage mu majwi atandukanye, bose basabye Bwiza.com ko amazina […]
Mba nshaka ko umugabo wanjye andigata mu gitsina mu gihe cy’akabariro akabyanga-Nkore iki?
Nitwa Mama Ana (amazina yahinduwe) iyo ndi mu gikorwa cy’abashakanye maba numva umugabo wanjye yandigata mu myanya y’ibanga nk’uburyo bwo nkuntegura gusa we nta bikunda. Umugabo wanjye nkunda kumwinginga rimwe na rimwe akabikora, nkumva ibyishimo birandenze gusa nta bikora kenshi kuko we ambwira ko atabimenyereye. Mumara impungenge kenshi ko nta mwanda uba urimo kuko mba […]
Kenya: Biravugwa ko bamwe mu baherekeje Perezida Kagame bangiwe kwicara mu myanya y’icyubahiro

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yerekeje mu gihugu cya Kenya kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Gashyantare mu muhango wo gusezera ku wahoze ayobora Kenya, Daniel Arap Moi uherutse gupfa. Biravugwa ko bamwe mu bari bamuherekeje bangiwe kujya kwicara mu imyanya y’icyubahiro n’abashinzwe umutekano. Perezida Kagame yagiye kwifatanya n’ibihumbi by’abaturage ba Kenya […]
Umushahara w’abapolisi bato uracyari intica ntikize
Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Gihugu yatangaje ko nyuma y’imyaka isaga 20, Polisi y’u Rwanda (RNP) imaze gutera imbere gusa ibibazo by’umushahara wafatwa nk’intica ntikize ku bapolisi bato uracyari ikibazo. Ibi iyi minisiteri yabitangarije abadepite bagize komisiyo y’ububanyi n’amahanga n’umutekano mu nteko ishinga amategeko kuri uyu wa 10 Gashyantare uyu mwaka. Iyi minisiteri yatangaje ko inzego […]
Amafoto: Bisi ya kompanyi yo mu Rwanda yahiriye muri Uganda irakongoka

Imodoka nini ya sosiyete Nyarwanda itwara abagenzi ya Trinity Express, yahiye irakongoka nyuma yo gufatirwa n’inkongi y’umuriro mu gihugu cya Uganda. Iyi mpanuka yabereye ahitwa Mpigi, ku muhanda munini uva i Masaka werekeza i Kampala mu murwa mukuru wa Uganda nk’uko The New Vision ibitangaza. Nta muntu n’umwe wigeze atakariza ubuzima muri iyi mpanuka, mu […]
Dore ikizakwereka ko uri umugabo wishimiwe mu rugo rwawe
Nta kintu gishimisha umugabo nk’iyo abasha kwitwara neza mu gitanda aho usanga yishimiwe cyane mu muryango we kuko abasha gushimisha umugore we mu gihe cyo gutera akabariro. Iyo umugabo yitwara neza mu buriri bisobanuye ko aba abasha gutuma umugore we agera ku byishimo bya nyuma ndetse akarangiza. Abagabo bose siko bazi gushimisha abagore babo. Niba […]