Iran: Minisitiri yanduye Coronavirus
Minisitiri w’Ubuzima wungirije muri Iran, Iraj Harirchi kuri uyu wa 25 Gashyantare 2020 yatangaje ko yamaze kwandura indwara y’icyorezo ya Coronavirus. Iyi Min. Harirchi yemeje ubu burwayi nyuma y’ikiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku wa mbere tariki ya 24 Gashyantare mu mugi wa Tehran, agaragaraho bimwe mu bimenyetso by’iyi ndwara birimo gukorora no kubira icyuya. Uyu minisitiri […]
Botswana iravugwaho kuba indiri y’abamafia b’Abashinwa n’Abarusiya
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu wa Botswana,Mokgweetsi Masisi kuri uyu wa 24 Gashyantare 2020 byamaganye ikinyamakuru Sunday Standard cyayise ‘indiri y’Abamafia b’Abashinwa n’Abarusiya’. Itangazo riturutse muri ibi biro rivuga ko inkuru ‘Botswana a Chinese and Russian Mafia have’ ari uguharabika isura y’igihugu. Riramenyesha abaturage ko iyi nkuru igamije kubayobya kandi ishingiye ku makuru atagifite agaciro. Iyi nkuru […]
Rusizi/Nkombo: Ababyeyi bavuga ko abana babo bigana inzara
Bamwe mu baturage b’Akagari ka Ishywa mu Murenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi, bavuga ko kuba abana babo barya rimwe gusa ku munsi bikabatera igwingira, bigatuma batiga neza kuko ngo hari abiga igitondo bagenda ntacyo bafashe banataha ntibagire icyo basanga. Bamwe muri bo batangarije Bwiza.com ko abiga ikigoroba na bo bagenda batariye ntibige neza, […]
Uganda : Pasiteri ari mu mazi abira nyuma yo gufatanwa imyambaro ya gisirikare
Florence Lanyero, Umupasiteri w’umugore wo mu itorero rya Rest Arena ryo mu gace ka Gulu muri Uganda, ari mu mazi abira nyuma yo gutabwa muri yombi azira gutunga imyambaro ya gisirikare mu buryo butemewe n’amategeko. Uyu mugore yafatiwe iwe mu rugo ruherereye ahitwa Kasubi Gowans Quarters muri Gulu ku cyumweru,, mu mukwabo ukomeye wakozwe na […]
Musanze: Abaturage bagabiwe inka ku bw’uruhare bagize mu ihagarikwa ry’igitero cy’iterabwoba
Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC) yasuye abaturage bo mu mirenge ya Kinigi, Musanze ndetse na Nyange, ibagabira inka zihaka mu rwego rwo kubashimira uruhare bagize mu ihagarikwa ry’igitero cyagabwe n’umutwe wa RUD Urunana mu ntango z’Ukwakira 2019. Ni igikorwa cyabereye mu murenge wa Kinigi, mu kagari ka Kampanga kuri uyu wa 25 Gashyantare 2020, cyitabiriwe […]
Internal Auditor at PRO-FEMMES/TWESE HAMWE (PFTH)
PRO-FEMMES/TWESE HAMWE (PFTH) is an umbrella of Civil Society Organizations working for women promotion, peace and development in Rwanda. The organization was established in October, 1992 and at the moment, Pro-Femmes/Twese Hamwe represents 53 member Organizations within the country. Website: http://www.profemmes.org JOB DESCRIPTION: Internal Auditor Introduction Pro-Femmes/ Twese Hamwe (PFTH) is an Umbrella of Rwandan […]
Uwo dukundana bamubeshya ko ndi ibandi ngo dutandukane
Nitwa Kalisa ntuye i Butare. Nkundana n’umukobwa ubana na nyirarume kuko ari imfubyi. Bamubwira ko ndi ibandi kugira ngo anyange bakomeze bacunge imitungo y’ababyeyi be. Claire twamenyaniye mu kazi, iby’uko yaba afite imitungo sinari mbizi tujya gukundana. Akenshi ntaba ashaka kuvuga k’urupfu rw’ababyeyi be. Yaje kumbwira ko nyirarume ajya amubwira ko ngo nsa n’ibandi, ngo […]
Zimwe mu mpunzi zazanwe mu Rwanda zivuye muri Libya zikomeje kwakirwa n’ibindi bihugu
Impunzi 33 zari zarazanwe mu Rwanda zivuye muri Libya, zahavanwe kuri uyu wa kabiri zijyanwa mu bihugu bya Suède na Canada. Izi mpunzi 33 zari zimaze igihe ziri mu nkambi ya Gashora iherereye mu Karere ka Bugesera. Ikiciro cya mbere cyazo cyageze mu Rwanda muri Nzeri 2019, icya kabiri kihagera mu Ukwakira mbere y’uko ikiciro […]
Kibeho: Hakenewe amahoteli n’amaresitora
N’ubwo icy’ingezi ari ugusenga, ku butaka butagatifu bwa Kibeho, hakenewe amahoteli na restaurants byiza byatuma abahasura buri munsi bafite amikoro bashobora kuharara bakahamara igihe. Abenshi mu banyamahanga basura buri munsi i Kibeho baza mu matsinda. Muri iki gihe, nubwo ibikorwaremezo by’ibanze nk’amazi n’amashanyarazi byahageze ndetse n’umuhanda wa kaburimbo Huye-Kibeho ukaba waratangiye kubakwa, benshi mu basura […]
Tour du Rwanda 2020 : Umunya-Colombia yegukanye agace ka gatatu, Abanyarwanda berekwa igihandure
Umunya-Colombia Jhonatan Restrepo ukinira Andoni Giocatto yo mu Butaliyani ni we wegukanye agace ka gatatu ka Tour du Rwanda yavaga i Huye yerekeza i Rusizi. Abasiganwa bakoze intera ya kilometero 142, kuva mu Mujyi wa Huye baca mu Ishyamba rya Nyungwe, bakinjira i Nyamashake mbere yo gusoreza mu Mujyi wa Rusizi. Ni ku ncuro ya […]