Perezida Kagame yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda rya 2003 ryavuguruwe muri 2015 cyane cyane mu ngingo zaryo ya 112 na 116, none ku wa 9 Werurwe, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho abayobozi mu buryo bukurikira: 1. Abagize Guverinoma: Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, Umunyambanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi 2. Abandi bayobozi: Madamu […]
Kigali: Abatuye mu bishanga barimurwa mu minsi mike
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bitarenze uku kwezi kwa Werurwe 2020, buzaba bwarangije kwimura Abaturage bose batuye mu bishanga. Byatangajwe kuri uyu wa 09 Werurwe ubwo ubuyobozi bw’Umujyi bwagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru. Uretse abatuye mu bishanga bazaba barangije kwimurwa mu gihe cy’ibyumweru bitatu biri imbere, ibikorwa nk’inganda n’amagaraje biri mu bishanga na byo bigomba kuba […]
Yaretse umugore we, aryamana n’umukobwa yibyariye
Umugore witwa Mariam Nagudi utuye mu Karere ka Mbale muri Uganda ashinja umugabo we, Sheikh Abdul Karimu Ssemakula kumwirengagiza akadukira umukobwa we w’imyaka 17 y’amavuko, ku buryo byageze aho basigaye baryamana. Nile Post dukesha aya makuru ivuga ko Sheikh Ssemakula yabanje kugurira uyu mwana w’umukobwa impano zitandukanye, kumusohokana, akaba aherutse no kumugurira telefone igezweho (Smart […]
Abateguye igitaramo cyiswe “Ikirenga mu Bahanzi” biseguye ku baguze amatike

Ubuyobozi bw’abari bateguye igitaramo cyiswe “Ikirenga mu bahanzi” cyari cyigamije gushimira umuhanzi, Cecile Kayirebwa nk’uwagize uruhare mu guteza imbere umuziki nyarwanda bwihanganishije abantu bari baguze amatike yo kwinjira muri iki gitaramo n’abandi bose ihagarikwa ryacyo ryaba ryaragizeho ingaruka. Igitaramo ‘Ikirenga mu bahanzi’ cyari cyateguwe na Bwiza Media, ku bufatanye na Karibu ASBL, Umushanana Media n’abacukumbuzi […]
DRC: Haracyari urujijo ku rupfu rwa Gen. Kahimbi
Hagiye gushira ibyumweru bibiri Jenerali Delphin Kahimbi wahoze akuriye Ubutasi mu bya gisirikari mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo apfuye urupfu rwasize urujijo. Mu rwego rwo gusubiza icyifuzo cy’Ingabo za LONI zibungabunga amahoro muri Kongo (MONUSCO), Félix Tshisekedi Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yavuze ko iperereza ku rupfu rw’uwari ukuriye ubutasi […]
Min. w’Intebe wa Sudan yarokotse igitero
Minisititi w’Intebe wa Sudan, Abdalla Hamdok yarokotse igitero cyo kumhitana cyagabwe ku modoka ye n’izmugerekeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 9 Werurwe mu Murwa Mukuru, Khartoum. Kugeza ubu nta tsinda ririgamba gutegura uyu mugambi nk’uko BBC ibitangaza. Hamdok uyobora Sudan kuva muri Kanama 2019, yanditse kuri Twitter “Ko ameze neza kandi ko […]
Perezida Ouatttara: Isomo ku bagundiriye ubutegetsi muri Afurika
Perezida wa Ivory Coast, Alassane Dramane Ouattara yatanze isomo kuri bagenzi be bagundiriye ubutegetsi ku Mugabane wa Afurika, atangaza ko ataziyamamariza manda ya gatatu mu matora y’umukuru w’igihugu azaba kuwa 31 Ukwakira 2020. Iby’uko ataziyamamaza yabitangaje ku wa 5 Werurwe ubwo mu murwa mukuru wa politiki, Yamoussoukro, imbere y’Umutwe wa Sena n’Umutwe w’Abadepite yombi iteranye. […]
Habarugira wambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we yateje impaka
Abanyarwanda b’ingeri zitandukanye ntibavuga rumwe ku cyemezo giheruka gufatwa n’umusore w’Umunyarwanda witwa Amani Dhurkifr Habarugira, ubwo yambikanaga impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we bivugwa ko yitwa Fidele. Ni inkuru Bwiza.com yabagejejeho kuwa 6 Werurwe ifite umutwe ugira uti ” Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we.” http://bwiza.com/?Umusore-w-Umunyarwanda-yaba-yambikanye-impeta-n-umugabo-mugenzi-we Amakuru y’uko Habarugira yambitswe impeta n’uriya mugabo […]
Abanyamulenge basanga Col. Makanika ari amizero y’ugutabarwa
Nyuma y’uko Col. Michel Rukunda uzwi nka Makanika ateye umugongo igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Abanyamulenge basanga uyu mugabo ari we uzabafasha kwigobotora imitwe y’inyeshyamba imaze igihe ibahiga bukware. Mu ntangiriro za Mutarama uyu mwaka ni bwo igisirikare cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo cyatangaje ko Col. Michel Rukunda wari mu bakuru […]
Rubavu: Abayobozi bakurikiranweho guhishira icyaha cyo gusambanya umwana
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abayobozi batanu b’umudugudu wa Kiruhura uri mu murenge wa Cyanzarwe mu karere ka Rubavu ndetse n’umuturage umwe, bakekwaho guhishira cyo guhishira umwana. Abatawe muri yombi ni umuyobozi w’umudugudu, Niyigaba François, Niyonzima Pierre Celestin ushinzwe ubuhinzi, Ntizihabose Gilbert ushinzwe iterambere, Hakizimana David ushinzwe umutekano na Ndimukaga Jean […]