Kizza Besigye yiteguye gusubira mu kazi k’ubuganga akifatanya n’abavura Coronavirus
Umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda (Rtd) Col Dr. Warren Kizza Besigye Kifefe yatangaje ko yiteguye kuba yasubira mu mwuga w’ubuganga amazi igihe adakora igihe cyose yaba yitabajwe ngo atange ubufasha mu rugamba igihugu cye kirimo rwo guhangana na Coronavirus. Besigye ubusanzwe wize iby’ubuvuzi akaba yarabaye na muganga wihariye wa Museveni avuga ko ibyo […]
Coronavirus: Bavuye i Rubavu bagera i Huye n’amaguru
Abagabo n’abasore barindwi bakoraga mu mushinga wa Kivu Belt ucukura ‘Gaz Méthane’ mu Kiyaga cya Kivu bakoze urugendo rw’amaguru baturutse mu Karere ka Rubavu, bacumbika ku biro by’akagari ka Kibariro, Umurenge wa Rwaniro mu Karere ka Huye, ahagana saa kumi z’umugoroba kuri uyu wa 25 Werurwe 2020. Aba ni: Minani Emmanuel w’imyaka 27 y’amavuko, Nsabimana […]
Uko imibare ya COVID-19 yifashe kuri uyu wa 26 Werurwe 2020
Imibare y’urubuga Worldo meters yerekana isegonda ku rindi uko icyorezo cya COVID-19 cyifashe ku Isi, yerekana ko iki cyorezo kimaze kugera mu bihugu 198 hirya no hino ku Isi. Abamaze kwandura iki cyorezo ni 472,030 ku Isi, mu gihe abo kimaze guhitana kugeza ubwo twakoraga iyi nkuru ari 21,297 Abantu 114,713 ni bo bamaze Gukira […]
Museveni yahagaritse ingendo rusange na bumwe mu bucuruzi
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse ko ingendo rusange mu gihugu ziba zihagaritswe mu gihe cy’ibyumweru bibiri, mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus. Museveni yabitegetse ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Werurwe, ubwo yagezaga ku Banya-Uganda ingamba zo guhangana na Coronavirus ku ncuro ya gatanu. Umukuru w’igihugu cya Uganda yategetse ko […]
Kenyatta yemeye gukurwaho 80% by’umushahara we mu guhangana na COVID-19
Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta yatangaje ko Guverinoma igiye kugoboka abaturage bayo bafite amikoro make binyuze mu kwigomwa kwa bamwe mu bakozi ba Leta bahembwa amafaranga menshi bazagabanyirizwa ku mishahara yabo uhereye no kuri we aho yemeye gukurwaho 80% by’umushahara we ngo ufashe abatishoboye bari kuzahazwa n’ingaruka z’ibihe bidasanzwe bya COVID-19. Ibi Perezida Kenyatta yabitangaje […]