Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yongereye igihe cyo kuguma mu ngo

eujfdl-xkaels_7.jpg

Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yo kuri uyu wa 1 Mata 2020 yakorewe mu buryo bukoranya amashusho (Video Conference) yari iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yanzuye ko Abanyarwanda n’Abarutuye bakomeza kuguma mu ngo kugeza tariki ya 19 Mata mu rwego rwo gukomeza gukumira ikwirakwira rya Coronavirus. Ni nyuma y’iminsi hafi 14 yari ishize ibikorwa byinshi […]

Gisagara: Inzira y’umusaraba Ikimanishaka Olive yanyuzemo nyuma yo guterwa inda akiri umwana

Ikimanishaka Olive, wo mu Mudugudu wa Ruhima, Akagari ka Gabiro, Umurenge wa Gishubi, mu Karere ka Gisagara, yahishuye ibigeragezo yanyuzemo kubera guterwa inda akiri umwana kugera n’aho ngo yari agiye kwicwa. Olive avuga ko yari umunyeshuri aza guterwa inda n’umugabo yita umuhinzi, bimugiraho ingaruka kugeza ubwo yaje kubaho yicumbikira, inzu yabagamo nyirarume agashaka kuyimusohoramo, akorerwa […]

Rwanda: Abarwayi ba Coronavirus bamaze kuba 82

img-20200401-wa0018.jpg

Ministeri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 1 Mata 2020 yatangaje ko habonetse abandi barwayi ba Coronavirus 7, bose hamwe baba 82. Muri aba barwayi: Umwe yageze mu Rwanda aturutse i Dubai, yahise ashyirwa mu kato. Undi yaturutse mu Bwongereza, yahise ashyirwa mu kato. Babiri bakoreye ingendo mu bihugu by’akarere, bahise bashyirwa mu kato. Batatu […]

Abarangiza ibihano muri ibi bihe bazataha iwabo-RCS

Urwego rw’Amagereza mu Rwanda (RCS) rutangaza ko imfungwa zizarangiza ibihano byazo muri ibi bihe u Rwanda ruhanganye n’Icyorezo cya Coronavirus zizajya zitaha. Ibi Umuvugizi wa RCS, Hillary Sengabo yabihamirije The New Times mu kiganiro bagiranye. Uyu muyobozi ati ” Imfungwa ntabwo zaguma muri gereza ngo ni uko ingendo zitemewe. Abarangije ibihano byabo kandi turabafasha kuko […]

Iran: Abantu amagana bahitanwe na ‘Methanol’ banyoye bivura Coronavirus

Abantu barenga 1300 muri Iran banyoye ikiyobyabwenge cya ‘Methanol’ bikingira, banivura icyorezo cya Coronavirus, 300 muri bo kirabahitana. Ni nyuma y’amakuru y’ibihuha yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko ibisindisha nka Whisky, ubuki n’ubwoko butandukanye bwa ‘alcool’ nka Methanol. Ibi byatumye abaturage babyadukira, babinywa ku bwinshi, birengagije amabwiriza yatanzwe n’inzego z’ubuzima iwabo. Ikinyamakuru The Mirror kivuga […]

Ubuhanuzi kuri Operation simusiga ku bakuru b’amatorero n’amadini

Ku wa 30 Werurwe 2020, guhera mu masaa saba ntabwo nigeze mbona ibitotsi. Si ukubera kawa nyinshi nari nanyoye ahubwo ni ubutumwa bwangezeho bwantwaye umwanya kugira ngo mbusobanukirwe neza. Narabwumvishe kandi mbubonesha n’amaso. Icyo bwanyeretse n’icyo bwambwiye Ubu butumwa bwanengaga bamwe mu banyamadini n’amatorero n’abashumba babo badashobora gufasha abakirisito babo kandi babifitiye ububasha, babitse ibigega […]

Uburusiya bwoherereje Amerika ubufasha bwo guhangana na COVID-19

Indege y’igisirikare cy’Uburusiya itwaye ibikoresho by’ubuvuzi, yahagurutse i Moscow kuri uyu wa 01 Mata yerekeza muri Leta Zunze ubumwe za Amerika mu rwego rwo gutanga ubufasha mu guhangana n’icyorezo cya Virusi ya Corona. Iyi ndege yo mu bwoko bwa Antonov-124, yahagurutse itwaye ibikoresho birimo udupfukamunwa n’ibyifashishwa mu gusuzuma abarwayi, nk’uko Minisiteri y’Ingabo z’Uburusiya yabitangaje mu […]

Uko Imibare ya Coronavirus yifashe kuri uyu wa 01 Mata

Imibare y’urubuga Worldometers yerekana isegonda ku rindi uko icyorezo cya COVID-19 cyifashe ku Isi, yerekana ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 01 Mata iki cyorezo kimaze kwandurwa n’abarenga ibihumbi 859 hirya no hino ku Isi. Abantu bo mu bihugu 203 hirya no hino ku Isi ni bo bamaze kwandura kiriya cyorezo. Mu gitondo cyo […]

Hon. Sebaba ataye ibaba kubera COVID-19

Nabera ndatsinzwe mu buzima. Gusa ariko sinakwigaya kandi sinakwirenganya kuko burya niyemeraga ku batanzi, bazi ko nkomeye nta guhunga tugira iwacu, nta bwoba tugira turi ba ruzirabwoba aho kuba inzirabwoba. Sebaba naragenze ndabona ariko ibyo mbonesha amaso yanjye si ibyo kuvuga kuko wagira ngo nataye ibaba nako; ikaramu yanjye ya yindi aho nyitunze iharimbura ibisa […]

Bobi Wine yanenze Perezida Museveni utari gufasha abaturage ‘bagiye kwicwa n’inzara’

Umuhanzi akaba n’umunyapolitiki muri Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yanenze imyitwarire ya Perezida Museveni muri ibi bihe agaragaza ko ubutegetsi bwe ntacyo buri kumarira abaturage kandi ari bwo bari babukeneye by’umwihariko abakene bari basanzwe barya bavuye gupagasa ubu bakaba bari kwicwa n’inzara muri ibi bihe basabwa kuguma mu rugo. Kyagulanyi yahaye ubutumwa bw’ihumure […]