Ubwigomeke bw’abanyamadini: Gusuzugura abatware cyangwa gutinya ibyanditswe

Abantu 43 bafatiwe mu Gakenke basengeraga mu ishyamba ry'iriterano

Isi yagiye ihura nibibazo byinshi byateje ingaruka zirimo gutakara k’ubuzima bw’abantu kwatewe n’ibirimo imyuzure, imiyaga ikomeye cyane, imitingito, intambara ndetse n’indwara z’ibyorezo nka Ebola na Coronavirus (Covid-19) iyibujije amahwemo muri iki gihe. Byagiye biba ngombwa ko rimwe na rimwe abayobozi baha abaturage amabwiriza y’ukuntu bakwirinda, byaba ngombwa bagasabwa kwimuka bakava aho batuye, cyangwa se bagasabwa […]

Koreya y’Epfo ivuga ko yiteguye kwirwanaho igihe iya ruguru yayishotora

Itangazo ry’Igisirikare cya Koreya y’Epfo rivuga ko iki gihugu cyiteguye kwirwanaho mu gihe mukeba, Koreya ya Ruguru yaba iyigabyeho ibitero. Kuwa 14 Mata uyu mwaka, Koreya ya Ruguru mu gace ka Muncheon yarashe ibisasu byinshi bya misile, ingingo Koreya Yepfo ivuga ko ari ubushotoranyi mu gihe yitegura amatora y’abadepite y’abadepite 300. The NewYork Times dukesha […]

Perezida Tshisekedi yasabye Tambwe Mwamba gusaba imbabazi

Umuvigizi wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, witwa Kasongo avuga ko Perezida wa Sena, Alex Tambe Mwamba agomba gusaba imbabazi ku magambo yabwiye perezida ubwo bahuriraga mu nama. Mwema avuga ko amagambo ya Mwamba yakiriwe nabi, ubwo uyu mugabo wari kumwe na Perezida w’umutwe w’Abadpite, Jeanine Mabunda bahuye na Tshisekedi kuwa 14 Mata […]

Inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC yongeye gusubikwa ubugira kane

Inama idasanzwe ya 21 yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yari iteganyijwe kuri uyu wa gatatu, yongeye gusubikwa, iba incuro ya kane iyi nama isubitswe. Amakuru y’isubikwa ry’iyi nama yemejwe na Dr Vincent Biruta, umuyobozi w’inama y’Abaminisitiri b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba akaba na Minisitiri w’ubanyi n’amahanga w’u Rwanda; mu ibaruwa yandikiye umunyamabanga mukuru […]

Trump yasabye guhagarika inkunga Amerika yageneraga OMS

Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje ko yasabye ubuyobozi bwe guhagarika inkunga Amerika yageneraga ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, OMS. Perezida Trump muri iyi minsi uri ku gitutu gikomeye, yashinje OMS “kunanirwa inshingano zayo z’ibanze”, ibyatumye icyorezo cya Virusi ya Corona gikomeza gushegesha isi. Aganirira n’itangazamakuru muri White House yagize […]

Umuteramakofe Tyson yigeze kwishyura akayabo ngo arwane n’ingagi

Umwaka w'1986 wabaye mwiza kuri Tyson

Icyamamare mu iteramakofe cyamaze gusezera muri uyu mwuga, Mike Tyson yahishuye uburyo yigeze kwishyura ibihumbi 10 by’amadolari y’Amerika (arenga miliyoni 9 z’amafaranga y’u Rwanda) kugira ngo yemererwe kurwana n’ingagi y’ingabo. Iby’iyi nkuru ya Tyson bikubiye mu butumwa aherutse gushyira kuri Instagram, avuga ku makosa (amafuti) yigeze gukora mu buzima bwe ku buryo yagombaga no kumuviramo […]

COVID-19: Nta gihugu na kimwe kitazakorwaho n’iri hungabana ry’ubukungu-IMF

Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) kivuga ko ubukungu bw’Isi buzagabanukaho 3% uyu mwaka muri iki gihe ubukungu bw’ibihugu buri kugabanuka byihuse cyane bwa mbere mu myaka ibarirwa muri za mirongo ishize. IMF ivuga ko iri ari ryo hungabana ry’ubukungu bw’Isi ribi cyane ribayeho nyuma y’iryabayeho mu myaka ya 1930 ryiswe ‘Great Depression’. Ivuga ko icyorezo cya […]

Impunzi zibana zihuje ibitsina ziganjemo izo mu Karere zatangiye kwiyahura

Umuyobozi w’impunzi z’abababana bahuje ibitsina zizwi nka LGBT (Lesbian, Gay, Bisexual, Transgender) Pio Pat atangaza ko kuva mu mezi abiri ashize Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNCHR) ryahagaritse ubufasha kuri bamwe muri bo none batangiye kwiyahura. Aba ba LGBT bagizweho ingaruka n’iki kibazo ni abava mu bihugu by’u Burundi, DR Congo, Ethiopia Uganda n’u […]