Fan Clubs za Rayon Sports zagabanye abakinnyi kugira ngo bafashwe
Ubuyobozi bw’ihuriro ry’abafana ba Rayon Sports ku rwego rw’igihugu (Rayon Sports Fan base), bwafashe icyemezo cyo gusaranganya abakinnyi b’iyi kipe amahuriro y’abafana bayo kugira ngo abafashe kubaho muri iki gihe cya guma mu rugo. Ni amakuru yemejwe na Mike Runiga uyobora Fan base ya Rayon Sports ku rwego rw’igihugu, aho yavuze ko buri fan Club […]
Rwanda-MICT: Semanza Laurent ashobora gufungurwa kubera Covid-19
Kuva taliki ya 06 Mata ku gicamunsi, Hissène Habré wahoze ari Perezida wa Tchad ari mu muryango, mu mujyi wa Dakar, nyuma y’uruhusa rw’amezi abiri rumukura muri Gereza ya Cap Manuel, Senegal, mu rwego rwo kumurinda icyorezo cya Covid-19. Ese aho iki cyorezo nticyaba imbarutso yo gufungura abagome bose hirya no hino ku isi? Barimo […]
Kenya: Guverineri ari ku gitutu azira kuvuga ko abaturage barahabwa inzoga nk’umuti wa Covid-19
Guverineri w’umurwa wa Nairobi muri Kenya, Mike Sonko ntabwo yorohewe nyuma yo kuvuga ko abaturage barahabwa amacupa y’inzoga ihenze yo mu bwoko bwa Hennessy, avuga ko ari umuti w’indwara y’icyorezo ya Covid-19. Ku wa kabiri tariki ya 14 Mata 2020 ni bwo Guverineri Sonko yagize ati: “Tuzaha abaturage uducupa twa Hennessy mu dupaki tw’ibiribwa. Ndatekereza […]
Kubera iki ingabo z’u Rwanda zihora ziregwa kwinjira ku butaka bwa RDC?
Nta muntu n’umwe ukurikirana ibibera muri Congo Kinshasa, utakwibaza iki kibazo haba mu Bakongomani haba mu Banyarwanda, haba ndetse no ku bandi bahora bumva u Rwanda rutungwa agatoki mu kwinjira ku butaka bwa Congo. Iyi nyandiko ntabwo igamije gushinja cyangwa gushinjura ibyo birego kuko atari yo ntego y’umunyamakuru. N’ikimenyimenyi nta bushakashatsi bwimbitse bwakorewe iki kibazo […]
Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali
Umugore witwa Mama Fina (amazina yahinduwe) uvuga ko atuye mu Mujyi wa Kigali, atangaza ko yagiye kwiga, yagaruka agasanga umugabo we yibanira n’umukozi wabo nk’umugore n’umugabo. Uyu mugore uvuga ko afitanye n’umugabo we abana babiri’ umukobwa w’imyaka 9 n’umuhungu w’itanu, yifashihshije urubuga Info@bwiza.com yavuze uko byamugendekeye. Uyu mugore uvuga ko yumva umugabo we yamugambaniye, ati […]
Imyaka 20 irashize Inteko itoreye Kagame Paul kuba Umukuru w’Igihugu
Tariki ya 17 Mata 2000, ni bwo inteko ishinga amategeko yatoye ko Kagame Paul wari Visi Perezida wa Repubulika y’u Rwanda aba Umukuru w’Igihugu w’inzibacyuho, atangira inshingano nshya kuva icyo gihe asimbuye Pasiteri Bizimungu wari watakarijwe icyizere. Iyi nzibacyuho yayimazeho imyaka itatu, tariki ya 25 Kanama 2003 habaye amatora mu buryo bwo kubahiriza ihame rya […]
USA: Umusenateri yavuze ko abaturage benshi bapfa aho kugirango ubukungu buhungabane
Umusenateri wa Leta ya Indiana, Joseph Albert “Trey” Hollingsworth III atangaza ko abaturage benshi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bapfa ari benshi ariko ubukungu bw’igihugu ntibuhungabane. Ibi yabitangaje kuwa Kabiri tariki 14 Mata mu kiganiro na Radiyo WBIC yo muri Indiana. Uyu mugabo w’imyaka 36 wo mu Ishyaka ry’Aba-Repubulikani ati ” Gushyira imbere ubukungu […]
Abantu 47 bamwe mu baheruka kuvanwa mu mashyamba ya Congo barafunzwe
Minisitiri w’Ubutabera, Johnson Busingye, yavuze ko abantu 47 bari mu batahutse baturutse mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi bafunzwe nyuma yo gusanga bari barahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi. Minisitiri Busingye yabwiye The New Times ko abo ari bo bashyikirijwe ikigo cy’igihugu gishinzwe imfungwa n’abagororwa RCS, bakaba bafungiye mu magereza atandukanye hirya no hino mu […]
Afurika ni yo ishobora kuba izingiro rya Coronavirus-OMS
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ritangaza ko Umugabane wa Afurika ushobora kuba isibaniro ry’icyorezo cya Coronavirus bitewe n’ubwiyongere bwacyo mu byumweru bike bishize. OMS ivuga ko ibi bishoboka bigendeye ku kuba Coronavirus ikomeje gukwirakwira muri Afurika mu gihe uburyo bwo guhangana n’iki cyorezo bugiciriritse kuri bimwe mu bihugu bigize uyu mugabane. Umuyobozi wa […]
Covid-19: Imitwe yitwaje intwaro n’ingabo z’ibihugu byanze kugabanya ikibatsi

Mu gihe hari imihangayiko yatewe n’icyorezo cya Covid-19, ibikorwa byo kurinda umutekano ndetse no kwivuna abanzi birakomeje hagati y’ingabo z’ibihugu n’imitwe y’iterabwoba, irwanya ubutegetsi cyangwa se inyeshyamba. Kuri iyi Si, ingabo z’ibihugu ziragaba ibitero ku mitwe y’iterabwoba, na yo nta gutuza irihorera amanywa n’ijoro. Ubutegetsi burahirimbanira kurandura imitwe y’inyeshyamba cyangwa se iburwanya. Burahiga kandi abo […]