Rwanda: Habonetse abandi barwayi ba Coronavirus batanu

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 28 Mata 2020 yatangaje ko habonetse abarwayi batanu ba Coronavirus mu bipimo 1505 byafashwe. Abakize nabo biyongereyeho babiri, muri rusange baba 95. Abamaze kugaragaraho iki cyorezo bose hamwe ni 212. Abakirwaye ni 117.

Nanga gushaka kuko n’ubundi sinamarayo kabiri- umukobwa ufite umwana umwe

Umukobwa uvuga ko atuye mu Mujyi wa Kigali akaba afite umwana umwe avuga ko atashaka umugabo kuko n’ubundi asanga badateze kurambana. Uyu yanditse akoresheje urubuga info@bwiza.com, avuga ko kuba afite umwana umwe bimuhagije kandi ko byamurinda kuba inganzwa y’umugabo yazaba ashatse. Uyu utaratangaje amazina ye, ati ” Ndi fiye mere [fille mere] w’umwana umwe. Nanga […]

Kwibuka 26: Hari abagifite ingengabitekerezo ya jenoside yo ku ishyiga

Itegeko no 59/2018 ryo ku wa 22/08/2018 ryerekeranye n’icyaha cy’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibindi byaha bifitanye isano na yo ribisobanura mu ngingo yaryo ya kane ko, ingengabitekerezo ya Jenoside ni igikorwa gikozwe mu ruhame, byaba mu magambo, mu nyandiko, mu mashusho cyangwa ku bundi buryo kigaragaza imitekererereze yimakaza cyangwa ishyigikira kurimbura abantu bose cyangwa bamwe muri […]