Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Habonetse abanduye bashya 2, hakize 4

Ministeri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 4 Gicurasi 2020 yatangaje ko hagaragaye abarwayi 2 b’icyorezo cya Covid-19 mu bipimo 746 byafashwe. Abamaze gukira iki cyorezo ni 128 barimo bane b’uyu munsi. Muri rusange, abamaze kugaragaraho iki cyorezo ni 261 barimo 133 bakirwaye.
Perezida wa Madagascar yafunguye abanyamakuru bose bari mu buroko
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe Ubwisanzure bw’Itangazamakuru wabaye kuri uyu wa 3 Mata 2020, Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yafunguye abanyamakuru barimo abari bafungiwe ibyaha bitandukanye muri iki gihugu. Ni mu gihe mu bihugu byinshi hari abanyamakuru bafungiwe amakosa arimo ajyanye n’umwuga, abazize ubusa, abandi bazira ayo mu buzima busanzwe, akenshi bigasanishwa no kutubahirizwa kw’ihame ry’ubu […]
Burundi: Agato Rwasa avuga ko CNDD niyibeshya igasohora imbunda bazabatoragura n’intoki
Icyumweru kirenga kirashize mu Burundi abakandida b’amashyaka atandukanye bakomeje ibikorwa byo kwiyamamaza, Ishyaka CNL rya Agato Rwasa ritavuga rumwe n’ishyaka riri ku butegetsi CNDD FDD, baravuga ko ubujura bwatangiye kwigaragaza kubera kuburabuzwa, guterwa ubwoba kw’abarwanashyaka baryo. Ibi Rwasa akaba abibona ko hashobora kuba kwiba amajwi nkuko byabaye mu 2010. Kandi aravuga ko baterwa ubwoba bababwirwa […]
Hon. Sebaba: Si ndi Yozefu, si ndi Désiré, si ndi Petero, mwe munyita nde?
Bakunzi ba Sebaba mwongeye kwirirwa, muraho ni amahoro? Erega ndabizi muba munkumbuye murankunda nanjye ni uko. Twahuje amaraso kandi ndabizi nta kindi kibitera usibye amahoro twese duharanira kandi tukayakunda. Maze iminsi nibaza igituma igihe tumaranye nta n’umwe urambaza irindi zina ryanjye rya kabiri bamwe bita rya gikirisitu ryiyongera kuri iri rya gipagani nsanganywe. Ndakeka ko […]
Ingabo z’u Burundi zatangiye kuva ku butaka bwa RDC
Amakuru aturuka mu Burundi avuga ko ingabo z’iki gihugu zatangiye kuva ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, nyuma y’aho bitangajwe ko habanje ibiganiro hagati ya Perezida Pierre Nkurunziza na Félix Tshisekedi. Ingabo zavuye muri RDC ni izo mu birindiro biri mu Ntara ya Cibitoke, zihagera zambutse umugezi wa Rusizi nk’uko SOS Media yabitangaje […]
Bibiliya yabaye umuyoboro w’icengezamatwara y’ubukoloni
Mu Rwanda rwa mbere y’umwanduko w’abakoloni, uburyo bwo guhererekanya inkuru n’amateka byakorwaga mu buryo bw’ibitekerezo kuko nta bumenyi bwo kwandika nk’uko tubufite none bwari buhari. Ibyerekeye imyemerere nabyo babihererekanyaga batyo, ijambo ry’Imana n’ukuri kwayo bari babizi neza cyane kuko byari biri mu mitima yabo, ntaho babisoma mu nyandiko. Ibi kandi ni nako byahoze no muyindi […]
Kenya: Yishwe n’ababyeyi be nyuma yo gusaba ko bamuha ku nkwano za mushiki we
Umusore w’imyaka 25 wo mu cyaro cya Kamweani mu gace ka Kithimani muri Machakos muri Kenya, Francis Mulwa yishwe n’abo mu muryango we be nyuma yo kubasaba ko bagira icyo bamugenera ku nkwano zari zakowe mushiki we. Mulwa yishwe na bashiki be babiri’ Mary Nduku naTeresia Nthenya ndetse na Se Bernard Muthama Kilundo, nyuma yo […]
Nyuma yo kwemeza umuti wa Covid-19, Madagascar igiye kugerageza n’urukingo
Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina yatangaje ko mu cyumweru gitaha bazatangira igerageza ry’urukingo rw’indwara ya Covid-19, ruziyongera ku muti aherutse kwemeza. Uru rukingo ruzageragerezwa mu kimera cya Artemisia kiboneka muri iki gihugu, kikaba ari nacyo cyabonetsemo uyu muti witwa Covid-Organics Perezida Rajoelina yemeje ko uvura Covid-19. Uyu Mukuru w’igihugu yemeje ko igeragezwa ku rukingo rwa […]
Papa Benedigito avuga ko hari abagamije “kumucecekesha”
Uwahoze ari Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Benedicto XVI atangaza ko hari abantu baba badashaka ko atanga ibitekerezo bye ku ngingo zimwe na zimwe zireba Kiliziya, bitwaje ko yarwanyije ko iby’ubutinganyi abyita ko ari ibya antikirisito ndetse ngo “bagashaka kwibasira ibitekerezo bye.” Joseph Ratzinger, amazina ye asanzwe afite imyaka 93, mu rwandiko ruvuga […]
Kwibuka26 : Abajyanama ba Perezida Mitterrand bakomeje gushyigikira Leta yakoraga jenoside
Munyandiko ya Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside, CNLG, igaragaza uko Ubufaransa bwakomeje gushyigikira Leta y’ u Rwanda yakoraga Jenoside iyobowe na Sindikubwabo, nyamara iyo Ubufaransa bubishaka hari hamwe na hamwe mu Rwanda Abatutsi bari bashoboye kwirwanaho, bashoboraga kurokoka nko mu Bisesero. Ku itariki 4 gicurasi 1994, Perezida Tewodori Sindikubwabo yagiranye ikiganiro kirekire kuri telefoni na […]