OMS yahagaritse igeragezwa rya ‘Hydroxichloroquine’ kuko yongera imfu za Covid19
Ishami ry’Umuryango w’Avibumbye ryita ku buzima, OMS ryahagaritse gukora igerageza ry’ umuti wa Hydroxychlroquine ku barwayi ba Coronavirus nk’umwe mu miti yakorwagaho ubushakashatsi mu gushaka umuti cyangwa urukingo by’iyi ndwara, ni nyuma y’aho bigaragariye ko uyu muti ari nyirabayazana w’imfu nyinshi z’abahitanwa n’iki cyorezo. Hydroxychroloquine isanzwe izwi mu kuvura indwara ya Malaria guhera mu 1955 […]
Ibyo wamenya ku Gitaramo “Africa Day Benefit Concert” kitabiriwe na Perezida Kagame Paul
“Africa Day Benefit Concert” n’igitaramo cyateguwe ku bufatanye bwa ViacomCBS Networks Africa na YouTube mu rwego rwo kwizihiza umunsi w’ukwibohora kw’Afurika ariko hanakusanywa inkunga yo gushakwa ibiribwa bigenewe abagizweho ingaruka n’icyorezo COVID-19. Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ni umwe mu banyacyubahiro bakomeye batanze ubutumwa mu gitaramo cyo kwihiza umunsi w’ukwibohora kwa Afurika cyabereye […]
Amafoto : Capt. Bwitare uri mu babohoye igihugu yaherekejwe n’abarimo Gen. James Kabarebe

Kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Gicurasi 2020, Abayobozi b’ingabo barimo na Gen James Kabarebe, Abavandimwe n’inshuti bitabiriye umuhango wo gusezera mu cyubahiro Capt. Bwitare Bwitare Nyirinkindi Eulade uri mu batangije urugamba rwo kubohora igihugu. Uyu muhango wabereye rugo rwe i Kibagabaga, witabiriwe n’inshuti n’abavandimwe, abo bakoranye mu gisirikare no mu zindi nzego zitandukanye barimo […]
Ibyorezo byabayeho mu mateka y’Isi bigahitana abantu benshi n’uburyo byagiye bikumirwa-IGICE CYA KABIRI
Nyuma y’uko twabonye inkomoko n’amateka y’icyorezo cya mbere cyabayeho ku Isi, kigahitana abantu benshi cyitwaga Plague of Justinian, ubu noneho tugiye kureba icyakurikiyeho ari cyo cyiswe Black Death (Urupfu Rwirabura). Igice cya mbere http://bwiza.com/?Ibyorezo-byabayeho-mu-mateka-y-Isi-bigahitana-abantu-benshi-n-uburyo-byagiye Iki cyorezo cyo cyari ingaruka z’icyo twavugaga haruguru cya Plague of Justinian kuko na cyo cyatewe na ya bagiteri ya Yersinia […]
Bamwe mu bakobwa bahitamo gushakana n’abagabo bakuze aho gushaka abasore byaba biterwa niki?
Mu Rwanda usanga abakobwa iyo bakuze, bivuze kugira imyaka 18, aba yemerewe kujya mu rukundo nubwo hari nabarujyamo mbere gato yiyo myaka. Ugasanga bakundana na basore bari mu kigero kimwe cyangwa babaruta ho gato, igikomeje gutera urujijo nuko usanga abo bakundana atari bo bashakana ahubwo bagahitamo kwibanira n’abagabo bakuze cyane. Ibi biterwa niki? Abantu batandukanye […]
DRC : Uwari inyeshyamba ikomeye mu mutwe wa Maï Maï yatawe muri yombi
Umwe mu barwanyi bakomeye b’umutwe w’inyeshyamba za Maï Maï Raia Mutomboki, Chance Mihonya yatawe muri yombi aho yafatiwe muri Pariki y’igihugu ya Kahuzi Biega iherereye muri Kivu y’AMajyepfo ho muri Congo Kinshasa. Chance Mihonya , usanzwe ari umurwanyi ukomeye akaba n’umwe mu bayobozi b’umutwe wa Mai Mai Raia Mutomboki yafashwe mu cyumweru gishize gusa amakuru […]
Uganda: Abashoferi b’amakamyo 25 baburiwe irengero bamaze gusangwamo Covid 19
Minisiteri y’ubuzima mu gihugu cya Uganda yatangaje ko iri gushakisha abashoferi batorokeye ahitwa Ndeeba mu ijoro ryo ku cyumweru mu rwego rwo kwirinda ko bajya kwanduza abandi baturage. Dr Ateka Kagirita, ushinzwe gukurikirana ibijyanye n’icyorezo cya Covid 19 muri Uganda , yemeje ko abo bashoferi baburiwe irengero bamaze gusangwamo iki cyorezo, avuga ko bari gushakisha […]
Gatabazi yasabye imbabazi Perezida Kagame na FPR-Inkotanyi nyuma yo kwirukanwa
Gatabazi Jean Marie Vianey wari umaze imyaka igera kuri itatu ari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, yasabye imbabazi Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, umuryango wa RPF-Inkotanyi n’Abanyarwanda muri rusange ku makosa yakoze. Mu ijoro ryakeye ni bwo Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yatangaje ko Guverineri Gatabazi na mugenzi we Emmanuel Gasana wayoboraga Intata y’Amajyepfo bahagaritswe, “Kubera ibyo […]