Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Habonetse abanduye batatu

img-20200528-wa0024.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 28 Gicurasi 2020 yatangaje ko hagaragaye abantu 3 banduye Covid-19 mu bipimo 1766 byafashwe. Abakize iki cyorezo bakomeje kuba 245 kuko nta muntu wakize. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri iki gihugu ni 343, abantu 104 ni bo bakirwaye.

Malawi: Abarenga 400 batorotse aho bari bacumbikiwe mu kato ka Covid-19

Abantu barenga 400 bacitse amacumbi bari baracumbikiwemo mu kato ka coronavirus mu majyepfo ya Malawi, aba bakaba bari babangamiwe n’amabwiriza ya Leta yo kwirinda icyorezo cya covid-19 ndetse n’ubwoba bwo kuba bashobora kuhandurira izindi ndwara nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byo muri iki gihugu. Abanya-Malawi barenga 400 baje baturutse muri Afurika y’Epfo nk’igihugu cya mbere mu kuzahazwa […]

Gen. ‘Tango Four’ wari Perezida wa AS Vita Club yeguye ku murimo ye

Général Major Gabriel Amisi Kumba uzwi nka “Tango Four” yeguye ku nshingano zo kuba Perezida w’ikipe ya AS Vita Club y’i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yari amaze igihe abereye umuyobozi. Gen. Tango Four yari amaze imyaka 13 ari Perezida w’iyi kipe. Umuvugizi we, Dr Patrice Nowa, ni we wemeje amakuru y’ubwegure bwe […]

Urugendo umuntu yanyuzemo kuva ku nguge kugeza abaye umuntu- Igice cya mbere

Biratangaje kubona umuntu amara imyaka n’imyaka ku Isi, ariko mu by’ukuri ugasanga atazi inkomoko ye ya nyayo, gusa na none njye simbibonamo ikosa na rito, kuko kugeza uyu munsi inkomarume n’abashakashatsi bashyira hanze ibintu bitandukanye bigaragaza inkomoko ya muntu. Bibiliya ni igitabo abantu hafi ya bose by’umwihariko abakristu bemera ko ari igitabo cy’ijambo ry’Imana, ukuri […]

Uganda: Abagiye gushyingura babaye benshi, polisi ibirukanisha ibyuka biryana mu maso

Polisi ya Uganda kuri uyu wa 27 Gicurasi 2020 yirukanye abantu benshi bari bagiye gushyingura Jimmy Kirunda wabaye Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, yifashishije ibyuka biryana mu maso, ibaziza kutubahiriza ibwiriza ryo gukumira ikwirakwira rya Covid-19. Jimmy Kirunda wari ufite imyaka 70 y’amavuko yapfuye tariki ya 25 Gicurasi. Yabaye Kapiteni w’Imisambi ya Uganda mu gihe […]

Umunsi w’isuku y’imihango y’abakobwa n’abagore usanze hari abadashobora kwigondera COTEX

Mu gihe tariki ya 10 Ukuboza 2019 Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango yari yemeye ko igiye kuvanaho imisoro ya TVA ku bikoresho by’isuku by’abakobwa bizwi nka ‘cotex’ hari benshi bakivuga ko nta cyahindutse ku biciro ahubwo byiyongereye. Uyu munsi ishami ryita ku bagore, mu Muryango w’Abibumbye, ryatangaje ko hakiri miliyoni nyinshi z’abantu zitabona ibikoresho by’isuku y’imihango […]

Uko gahunda “Auto-Défense Civile” Habyarimana yatangije yihutishije ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside

Gahunda yiswe “Auto-défense civile”, ni imwe mu zafashije cyane gushobora kwica Abatutsi barenga miliyoni mu mezi atatu, nyuma yo gutangizwa na Perezida Juvénal Habyarimana mbere gato y’uko Jenoside itangira. Ni gahunda cyangwa igikorwa cyakoreshejwe cyane mu kwica abatutsi hose mu gihugu, ariko igeragezwa ryacyo ryatangiriye mu yahoze ari Perefegitura ya Byumba na Ruhengeri. “Auto-defense civile” […]

Eric Rutanga wari Kapiteni wa Rayon Sports yerekeje muri Police FC

Eric Rutanga wari Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, yamaze gutandukana na yo yerekeza muri Police FC aba umukinnyi wa gatanu utandukanye n’iyi kipe. Rutanga ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso, yari umukinnyi wa Rayon Sports kuva muri 2016, nyuma yo kuyigeramo avuye muri mukeba wayo, APR FC. Police FC yamusinyishije imyaka ibiri, imutwaye ikipe ya Young […]

Ladislas Ntaganzwa wahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakatiwe igifungo cya burundu

Ladislas Ntaganzwa hagati y'abanyamategeko

Urukiko Rukuru, urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rwa Nyanza kuri uyu wa 28 Gicurasi 2020, rwakatiye Ntaganzwa Ladislas igifungo cya burundu nyuma y’aho ahamwe n’ibyaha yakoze muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Ntaganzwa ari mu bantu bashakishijwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, i Arusha muri Tanzania. Yari ku rutonde rw’abantu 9 bashakishwaga na Leta […]

Ifad iravuga ko Guma mu Rugo izagira ingaruka mbi ku buhinzi

Perizida wa Ifad, Ikigega Mpuzamahanga cy’Iterambere ry’Ubuhinzi, Gilbert Houngbo yatangaje ko gahunda ya guma mu rugo izagira ingaruka mbi ku buhinzi buciriritse. Gilbert, avuga ko ibihugu bikomeje gahunda ya guma mu rugo no gufunga imipaka kubera icyorezo cya Covid 19 byazateza ubukene by’umwihariko ku bantu bahinga ku buso buto bw’ubutaka, avuga ko ibihugu byareba ubundi […]