AU yamaganye iyicwa rya George Floyd uherutse kwicwa n’umupolisi wa Amerika
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe, Moussa Faki Mahamat, yamaganye urupfu rwa George Floyd, umwirabura witabye Imana ku wa mbere w’iki cyumweru yishwe n’umupolisi wa Amerika. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru Faki yashyize ahagaragara kuri uyu wa gatanu, yavuze ko Komisiyo “yanze ibikorwa by’ivangura bikomeje gukorerwa abirabura bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika. […]