Umuyobozi wa polisi muri Amerika yasabye Donald Trump gufunga umunwa
Umuyobozi wa Polisi mu mujyi wa Houston, Arturo Acevedo kuri uyu wa 1 Kamena 2020 yasabye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump gufunga umunwa mu gihe nta kintu cyubaka yabwira abaturage ayoboye. Ni mu gihe imyigaragambyo ikomeza muri iki gihugu, abaturage barigabije imihanda mu mijyi irenga 50 nyuma y’urupfu rw’umwirabura, George Floyd, umupolisi […]
Rayon Sports yasabye Kiyovu SC ibisobanuro kuri Kimenyi Yves
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa kabiri, bwandikiye Kiyovu Sports buyisaba ibisobanuro ku mpamvu iyi kipe yo ku Mumena yasinyishije Kimenyi Yves wari umuzamu wayo. Mu ntangiriro z’icyumweru gishize ni bwo Kimenyi Yves wari umukinnyi wa Rayon Sports yatandukanye na yo asinya amasezerano y’imyaka ibiri muri Kiyovu Sports, nyamara yari asigaje umwaka w’amasezerano […]
Imyigaragambyo y’urupfu rw’umwirabura wiciwe muri Amerika yageze ku mugabane w’Uburayi
Imyigaragambyo yatewe n’urupfu rw’umwirabura George Floyd wishwe mu cyumweru gishize aninzwe ivu ku ijosi n’umupolisi muri Amerika, rukomeje guteza impagarara mu bice bitandukanye by’Isi, ubu imyigaragambyo yarenze Amerika ikaba yageze ku mugabane w’Uburayi. Kuri uyu wa mbere, abantu babarirwa mu bihumbi bagiye bagaragara mu bihugu by’u Budage n’u Bwongereza ku mugabane w’u Burayi bamagana ihohoterwa […]
Kenya: Mu minsi ine polisi imaze kwica abaturage 15 bazira kutubahiriza ingamba zo kwirinda Covid 19
Kuva tariki ya 29 Gicurasi kugeza ejo hashize kuwa 01 Kamena 2020 abapolisi bo muri Kenya baranzwe n’uburakari bukabije ku bananiwe kubahiriza gahunda ya guma mu rugo n’izindi zo gukumira ikwirakwira rya Covid 19 iki gihugu cyashyizeho. Urwego rushinzwe kugenzura abapolisi muri Kenya, IPOA ruri gukora iperereaza mu rwego rwo kurenganura abahohotewe aho bamwe barashwe […]
Polisi ya Uganda yataye muri yombi abapolisi babiri bayo bazira kutambara udupfukamunwa
Polisi ya Uganda ejo ku wa mbere yataye muri yombi abapolisi babiri bayo bazira kutagaragara bambaye udupfukamunwa, nka rimwe mu mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19 yashyizweho na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. ChimpReports dukesha iyi nkuru yanditse ko aba bapolisi batawe muri yombi ku itegeko rya Steven Asiimwe, umuyobozi w’akarere ka Kabarole. Bafatiwe mu mukwabu […]
Menya itandukaniro riri hagati y’urukundo rw’iraha n’urukundo nyakuri
Mu buzima bwa buri munsi, abantu barakunda abandi bagakundwa ariko ntibigaragare mu buyo bumwe kuko n’intego zitaba ari zimwe. Hari urukundo nyakuri rushobora nu kuganisha ku gushakana, hakaba n’urukundo umuntu yakwita uruhutiyeho, nubwo zose ari inkundo zikaba zitandukanye haba mu biziranga, haba no mu mishyirirwe mu bikorwa yazo. *Urukundo ruhutiyeho (Clash), rurangwa akenshi n’utugambo tworoshye, […]
Rwanda: Abadipolomate babiri b’u Bubiligi bashinjwa gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi bahamagajwe iwabo
Ushinzwe ubutwererane mu bya gisirikare (military attaché) ndetse n’umunyamabanga wa mbere muri Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda, Lt. Col. BEM Cedric Billiet na Xavier Follebouckt bahamagajwe iwabo bazira ko bibutse ku wa 6 Mata 2020 ingabo zabo 10 zari mu butumwa bw’amahoro biciwe mu Rwanda mu 1994. Lt. Col Billiet na Follebouckt bahamagajwe na Guverinoma […]
Uko ingabo za FPR-Inkotanyi zarokoye Abatutsi bari mu nkambi ya Kabgayi
Mu gihe Jenoside yakorwaga mu ntangiriro z’ukwezi kwa kane 1994, Abatutsi batangiye guhunga berekeza i Kabgayi bavuye mu bice bitandukanye kuva ku itariki 12 Mata 1994. Kugeza ku itariki ya 20 Mata 1994 i Kabgayi hari hamaze kugera impunzi nyinshi z’Abatutsi maze zishyirwa ahantu hatandukanye mu mazu ari I Kabgayi. Kuva Abatutsi bahagera, interahamwe n’abasirikare […]
U Rwanda na Uganda bigiye kongera gukora inama y’ubwiyunge

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda, Amb. Patrick Mugoya kuri uyu wa 2 Kamena 2020 yatangaje ko u Rwanda na Uganda bigiye gukora indi nama igamije gusuzuma ibyagezweho mu iyubahiriza ry’Amasezerano ya Luanda yo ku wa 21 Kanama 2019 yo guhosha umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi. Ambasaderi Mugoya yatangarije Chimp Reports ko […]
Rusizi : Abaca mu nzira zitemewe bajya Congo barakemangwaho kuba bazana icyorezo cya Covid-19
Abaturage bo mu karere ka Rusizi, bafite impungenge z’abantu bashobora kujya mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo bakaba bahavana ubundi bwandu bwa Coronavirus nyamara bo baba birinze uko bishoboka ngo bahashye icyorezo cya coronavirus cyamaze kugaragara muri aka karere. Aba baturage basaba inzego z’umutekano ko binashobotse ku mupaka ndetse no mu zindi nzira […]