Izamuka ry’ibiciro by’ingendo ridasanzwe mu Ntara na Kigali nyuma y’imyaka ibiri

screenshot_20200601-003610_1590964616892.jpg

Ubusanzwe, ibiciro by’ingendo bigenwa n’Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere, RURA, ni iby’imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange. Humvikana izamuka ry’ibiciro iyo habayeho izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli gusa nta mpinduka nini zabagaho muri icyo gihe. Ntibisanzwe! Ni koko kuko icyorezo cya Covid-19 cyazanye ingaruka nyinshi ku buzima bw’abatuye Isi, zigera ku Banyarwanda n’abarutuye. Ingendo zarasubitswe, zirasubukurwa […]

Byemejwe ko ingendo hagati y’Intara na Kigali na moto byemewe keretse muri Rusizi na Rubavu

ezi43gtxkaedq2w.jpg

Kuri uyu wa 2 Kamena 2020 mu ngoro ya Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, hateranye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yigaga ku ngamba zo gukomeza gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19 no kuzahura ubukungu bw’igihugu, hafatwa ibyemezo birimo gusubukura ingendo mu ntara zitandukanye n’Umujyi wa Kigali, keretse mu turere twa Rusizi na Rubavu twashyizwe mu kato. Kujya no […]

Rwanda: Umupolisikazi w’imyaka 24 y’amavuko yishwe na Covid-19

ezilbxgxgaaunnd.png

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 3 Kamena 2020 yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri, Umupolisikazi w’imyaka 24 y’amavuko yabaye umuntu wa kabiri wishwe na Covid-19. Uyu yanduriye mu mahanga, aho yari yaragiye mu butumwa bw’akazi, agaruka mu Rwanda amaze kuremba. Abagaragaye iyi ndwara bashya ni 7 banduye Covid-19 mu bipimo 957 byafashwe. Abakize […]