Inama 10 ku isuku y’ibiribwa, kubizigama no kugenzura ubuziranenge bwabyo
Tariki 07 Kamena buri mwaka Isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga w’ubuziranenge bw’ibyo kurya, hagamijwe gufasha ibihugu bitandukanye gufatanya kuzirikana ingamba z’umutekano w’ibiribwa no kugabanya uburwayi bukomoka ku biryo byanduye. Raporo y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa ku isi(WFP) yo mu mwaka wa 2019,ivuga ko nibura abageze kuri miliyoni 600 ku isi buri mwaka bahura n’uburwayi buturuka […]
Rusizi yabonetsemo abandi bantu 8 banduye Covid-19
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 7 Kamena 2020 yatangaje mu Karere ka Rusizi hagaragaye abantu 8 banduye icyorezo cya Covi-19 mu bipimo 1318 byafashwe. Abakize iki cyorezo bageze kuri 290 barimo 7 b’uyu munsi. Abarwayi banduye bashyizwe mu kato n’abo bahuye bahise bakurikiranwa. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri iki gihugu ni […]
Imbaraga z’Imana zakuyeho Corona-Perezida Magufuli
Perezida wa Tanzania, Dr. John Pombe Magufuli mu isengesho yakoreye kuri paruwasi ya Kiliziya Gatulika yitiriwe Mutagatifu Mariya Immaculata kuri uyu wa 7 Kamena 2020 mu murwa mukuru, Dodoma yavuze ko imbaraga z’Imana zakuyeho icyorezo cya Covid-19 kuko bayisenze. Uyu Mukuru w’Igihugu yagarutse ku mbaraga z’Imana idashobora guhangarwa n’ibirimo iki cyorezo nk’uko yabivuze ati: “Ndashimira […]
Young Africans ya Haruna Niyonzima na Papy yasuzuguwe na KMC
Ikipe ya Young Africans ikinamo Haruna Niyonzima na Sibomana Patrick Papy bombi bakinira ikipe y’igihugu Amavubi, yanyagiwe na KMC ibitego 3-0 mu mukino wa gicuti wahuje amakipe yombi. Ni umukino amakipe yombi yari yahuriyemo yitegura shampiyona ya Tanzania izasubukurwa mu cyumweru gitaha, nyuma y’amezi arenga abiri yarahagaritswe kubera icyorezo cya Covid-19. Ibitego bibiri byo mu […]
MINALOC yanyomoje amakuru avuga ko igihugu kigiye gusigarana uturere 10
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu kuri iki Cyumweru yanyomoje amakuru y’ibihuha yiriwe akwirakwira avuga ko mu Rwanda uturere tugiye kugabanywa tukava kuri 30 hagasigara 10. Amakuru bitari byamenywa neza aho yaturutse yavugaga ko hari uturere mu ntara zitandukanye tugiye guhuzwa mu minsi ya vuba tukajya tuba akarere kamwe. Amakuru avuga ko uturere twa Bugesera, Ngoma na Kirehe […]
Burundi: Inama y’Abepiskopi ntiyishimiye abayifata nk’ishyaka rya politiki
Nyuma y’imyitwarire Abepisikopi bagaragaje mu matora aheruka kuba mu gihugu cy’u Burundi byatumye abantu babona ko bisa nk’aho bitwaye nk’ishyaka rya politiki gusa bo batangaza ko batabyishimiye na gato. Akababaro aba bepisikopi batewe n’ababafata nk’ishyaka kagaragara mu itangazo umukuru w’inama yabo, Joachim Ntahondereye aherutse gusohora avuga uruhare rwabo mu matora. Urukiko rushinzwe kubahiriza itegekonshinga mu […]
Jacob Zuma wayoboye Afurika y’Epfo yatandukanye n’inkumi y’imyaka 25 bakundanaga
Ibitangazamakuru byo mu majyepfo y’Afurika, byatangaje ko Jacob Zuma wabaye Perezida w’Afurika y’Epfo yatandukanye na Nonkanyiso Conco, umukunzi we w’imyaka 25 bari bamaze igihe mu munyenga w’urukundo. Sunday Sun yadukanye iyi nkuru yatangaje ko Zuma w’imyaka 78 y’amavuko n’umukunzi we batandukanye mu mpera z’umwaka ushize, n’ubwo ayo makuru yagiye ahagaragara kuri iki cyumweru. Ni amakuru […]
Gambia irasaba iperereza ryimbitse ku rupfu rw’umuhungu w’Umudipolomate wayo warasiwe muri USA
Leta ya Gambia irasaba iperereza ryimbitse ku rupfu rw’umuhungu w’umudipolomate wa Gambia,yarasiwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Polisi ya Georgia mu gitondo cyo kuwa 29 Gicurasi 2020, ashinjwa gusagararira inzego z’umutekano. Polisi yo mu mujyi wa Senville ivuga ko Momodou Lamin Sisay w’imyaka 39 y’amavuko yazamuye imbunda ye akarasa ku ba polisi na […]
Urutonde rw’abanyepolitiki 10 b’abagome babayeho mu mateka y’Isi
Kuva Isi yabaho mu mateka yayo yagiye ihura n’ibyago bitandukanye byagiye bihitana imbaga y’abantu benshi bimwe muri byo nk’inzara, ibyorezo n’ibindi bikaba byari ibiza rusange ku buryo nta muntu ku giti cye wari gushinjwa kubiteza cyangwa kubigiramo uruhare, gusa ku rundi ruhande hari amazina y’abantu adashobora kuzibagirana mu mateka y’Isi bitewe n’ibikorwa by’ubugome bagiye bakora, […]
Rusizi: SACCO ya Nkamira bahangayikishijwe n’imikorere ya gakondo ishobora kubakururira icyorezo cya COVID-19
Abanyamuryango n’abakozi ba SACCO ya Nkamira mu mujyi wa Kamembe baravuga ko kuba badakoresha ikoranabuhanga, bakiri mu mikorere ya gakondo kandi umujyi wa Rusizi bakoreramo wugarijwe n’icyorezo cya COVID-19 bishobora gutuma banduzanya iki cyorezo mu gihe hakwakirwa uwacyanduye. Baganira na Bwiza.com, bamwe mu banyamuryango bagaragaje izi mpungenge, aho bamwe banavuze ko mu gutinya kuba bakwandura […]