Muri APR FC ngiye kujya ndisha ifi inkoko-Yannick Bizimana

Rutahizamu Yannick Bizimana wakiniraga ikipe ya Rayon Sports, yahishuye ko yamaze gutandukana na yo akerekeza muri APR FC, akavuga ko mu ikipe nshya yagiyemo, agiye kujya arisha ifi inkoko. Ibya Yannick Bizimana muri APR FC byatangiye kuvugwa mu byumweru bishize, gusa byongeye gufata indi ntera mu ijoro ryakeye nyuma y’amakuru yamenyekanye avuga ko uyu musore […]

Tariki nk’iyi ya 08 Kamena mu 1968 uwarashe intwari y’Isi Martin Luther King yarafashwe arafungwa

Tariki nk’iyi ya 08 Kamena mu 1968 , Martin Luther wari impirimbanyi y’impinduramatwara mu bijyanye no kuba yaraharaniraga uburenganzira bwa muntu by’umwihariko akaba yararwanyaga irondaruhu ryakorerwaga abirabura babaga muri Amerika yaje kuraswa na James Earl Ray , waje gufatirwa mu Bwongereza aho yari yarahungiye ubutabera. Uru rugamba Martin Luther yarutangiye kuva mu 1950 kugeza mu […]

Rayon Sports yahakanye kugurisha Bizimana Yannick muri APR FC

Ikipe ya Rayon Sports muri iki gitondo, yatangaje ko amakuru avuga ko yamaze kugurisha Bizimana Yannick muri mukeba wayo APR FC atari impamo. Amakuru yamenyekanye mu ijoro ryakeye yavugaga ko Bizimana Yannick yerekeje muri APR FC atanzweho miliyoni 22 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba yayisinyiye amasezerano y’imyaka ibiri. Byavugwaga ko ibiganiro hagati ya Rayon Sports na […]

Jose Chameleone yashimagije umugore we ku isabukuru y’imyaka 12 bamaranye

screenshot_20200607-215236_2_.png

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda no mu karere, Joseph Mayanja uzwi nka Chameleone kuri iki Cyumweru yizihije isabukuru y’imyaka 12 amaze ashakanye n’umugore we Daniella Mayanja. Uku kwizihiza iyi sabukuru bikaba byaranzwe n’amagambo assize umunyu uyu muhanzi yabwiye umugore we. Jose Chameleone w’imyaka w’imyaka 41 y’amavuko yashakanye na Daniella Mayanja mu 2008 bakaba bafitanye abana batanu […]