Rusizi na Rusumo hagaragaye abantu 13 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 10 Kamena 2020 yatangaje ko muri Rusizi na Rusumo hagaragaye abantu 13 banduye icyorezo cya Covid-19 mu bipimo 2110 byafashwe. Abakize iki cyorezo bageze kuri 307 barimo 7 b’uyu munsi. Abarwayi banduye bashyizwe mu kato n’abo bahuye bahise bakurikiranwa. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri iki gihugu […]
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO bakubise abaturage bafunguwe by’agateganyo
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze kuri uyu wa 10 Kamena 2020 rwanzuye ko Sebashotsi Jean Paul wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyuve, Tuyisabimana Jean Léonidas wari uw’Akagari ka Kabeza, DASSO Nsabimana Anaclet na Mugenzi we Abiyingoma Sylvain [bagaragaye bakubita abaturage] bafungurwa by’agateganyo bakaburana bari hanze. Ni nyuma y’aho aba baregwa bajuririye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo bari […]
Abanyeshuri bafite ubumuga bashobora kuzatangira mbere y’ukwezi kwa cyenda-MINEDUC
Mugihe amashuri mu Rwanda yahagaze kubera icyorezo cya Covid-19 akaba agomba kuzatangira mu kwezi kwa Nzeri, Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko irimo gutegura uburyo amashuri yigisha abafite ubumuga yazatangira mbere yaho. Ni nyuma y’aho ababyeyi bafite abana bafite ubumuga cyane cyane ubwo mu mutwe bagiye basaba Minisiteri y’Uburezi ko bafashwa, aba bana bagasubira ku mashuri vuba […]
Umu Janjaweed Ali Kushayb uregwa ibyaha 50 yatawe muri yombi
Umunya Sudani Ali Kushayb wahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba z’aba Janjaweed zakoreye ibyaha byibasiye inyoko muntu mu ntara ya Darfour, afungiye i La Haye mu Buholandi nyuma yo kwishyikiriza Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC/CPI). Kushayb unazwi nka Ali Muhammad Ali Abd-Al-Rahman, akurikiranweho ibyaha 50 bifitanye isano n’intambara n’ibyibasiye inyoko muntu byakorewe mu ntara ya Darfour mu Burengerazuba […]
Intwaro karahabutaka za Misiri, igihugu cya 9 gifite igisirikare gikomeye ku Isi-Amafoto
Raporo Global Fire Power yashyize hanze muri uyu mwaka igaragaza ko Misiri ari igihugu cya cyenda gifite igisirikare gikomeye ku Isi ku rutonde ruyobowe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Iki gihugu gifite igisirikare cyubatswe mu buryo bukomeye bitewe n’ibikorwaremezo gifite birimo intwaro za karahabutaka nk’imbunda, imodoka z’intambara, indege z’intambara ndetse n’amato y’intambara. Muri byo, harimo […]
Amazina ya zimwe mu nzoga z’inkorano zikomeje guca ibintu mu gihugu

N’ubwo inzego z’igihugu nka polisi zikora ibishoboka zigashaka ahakorerwa izi nzoga, aho zitahuwe hagafungwa ndetse zikamenwa mu myobo, ziracyakorwa mu bukana bwazo ndetse zitwa amazina atandukanye mu bice bitandukanye by’igihugu. Ibizigize bibamo igitubura nka ‘Pakmaya’, hari izishyirwamo ifu y’amatafari, isukari, itabi, umubirizi n’utundi tubanga bigoye kumenya. Ubu mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge […]
Burundi: Umugore wa Perezida Nkurunziza wavurirwaga muri Kenya yaba yagarutse mu gihugu igitaraganya

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri nyuma y’umunsi umwe Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi apfuye, umugore we Denise Nkurunziza yagejejwe mu Burundi nyuma y’icyumweru kirenga yari amaze avurirwa muri Kenya. Ni mugihe umubyeyi wa Nyakwigendera nawe bivugwa ko amerewe nabi mu bitaro bya Ngozi. Denise Bucumi Nkurunziza , yajyanywe kwivuriza muri Kenya ku itariki […]
Uko Kambanda yashyiriyeho umurongo abacuruzi wo kugura imbunda zo gukoresha Jenoside
Ku itariki ya 10 Kamena 1994, intambara yari ikomeye hafi y’Umujyi wa Gitarama hagati y’ingabo za Guverinoma yakoraga Jenoside n’iza FPR-INKOTANYI. Guverinoma ya KAMBANDA yakomeje gushaka uburyo bwo guha abaturage imbunda n’ibindi bikoresho byo kwifashisha mu kwihutisha Jenoside, ifata icyemezo cyo gutegeka abacuruzi kugura imbunda zabo bwite bakoresha mu bwicanyi n’izo bagurira abaturanyi. Byari mu […]
Politiki yivanzemo amasengesho mu byo Pierre Nkurunziza azibukirwaho-Amafoto

Kuri uyu wa 9 Kamena 2020 ni bwo Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko Pierre Nkurunziza yitabiye Imana mu Bitaro bya Karuzi azize indwara y’umutima. Pierre Nkurunziza wavutse tariki ya 18 Ukuboza 1964, yabaye Perezida w’u Burundi kuva mu 2005 kugeza ku itariki ya 8 Kamena yapfiriyeho. Yagombaga kuva ku butegetsi muri Kanama 2020 ubwo yari […]
Dore impamvu nta mukunzi ufite n’icyo wakora ngo umubone
Abenshi usanga ibyo bahuriye na byo mu rukundo bituma urugendo rwo kubona uwo babana wa nyawe rusa n’urukomeye. Hari abo usanga barakuriye mu miryango ihora iryana, nta rukundo bigeze babonana ababyeyi bityo bigatuma bumva ko mu rukundo ari ko biri. Abandi usanga barakundanaga bakabivamo rugikubita, abandi usanga amahitamo mabi bagize mbere ahora yisubiramo bitewe n’imbogamizi […]