Patient Bizimana yateye benshi kumwibazaho nyuma y’amafoto ye yagiye hanze

bizzimp.jpg

Umuririmbyi umaze gushinga imizi mu buryo bukomeye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Bizimana Patient yatunguranye ashyira amafoto adasanzwe ku rubuga rwe rwa Twitter bituma abantu bamwibazaho. Uyu muramyi umaze iminsi asezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko n’umukobwa witwa Karamira Uwera Gentille mu birori byagizwe ubwiru cyane, bikekwa ko hari icyo ahishiye abakunzi be bitewe […]

Umunyarwanda Bryan Ngwabije yasinyiye SC de Lyon yo mu Bufaransa

Umunyarwanda Bryan Clovis Ngwabije wakiniraga ikipe ya EA Guingamp yo mu Bufaransa, yamaze gutandukana na yo yerekeza mu kipe ya Sporting Club de Lyon na yo yo muri icyo gihugu. Ngwabije w’imyaka 22 y’amavuko, yasinye imyaka ibiri yo gukinira SC de Lyon. Uyu musore ukina muri ba myugariro, yamenyekanye mu itangazamakuru rya hano mu Rwanda […]

Rwanda: Hashyizweho ikigega cy’imari kigiye gufasha imishinga yahombejwe na Covid-19

Mu rwego rwo guhangana n’ingaruka zatewe n’icyorezo cya Coronavirus mu bukungu bw’igihugu, Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho ikigega cy’imari kigamije kuzahura ubukungu bw’igihugu, ku ikubitiro kikaba gitangiranye miliyari 100 z’amafaranga y’u Rwanda. Iki kigega cyahawe izina rya ‘Economic Recovery Fund (ERF)’ kigamije gufasha imishinga yaguye mu bihombo biturutse ku cyorezo cya Covid-19 kongera kwiyubaka igasubira ku […]

Coronavirusi yongereye ubukana bw’amakimbirane y’Amerika n’u Bushinwa

Bitewe no kudacana uwaka guhora hagati y’u Bushinwa n’Amerika, muri iki gihe cy’icyorezo cya Covid 19 nta gihugu na kimwe muri ibi cyumva ko ikindi kikirusha gutera inkunga umugabane w’Afurika yo kurwanya iki cyorezo. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, Mike Pompeo avuga ko kugeza ubu Amerika iyoboye ibindi bihugu mu gutera inkunga […]

Perezida Kagame yafashe mu mugongo Abarundi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yihanganishije Abaturage b’u Burundi n’umuryango wa Nyakwigendera Perezida Pierre Nkurunziza, nyuma y’urupfu rw’uyu wahoze ayobora u Burundi rwabaye mu ijoro ryo ku wa mbere tariki ya 08 Kamena. Perezida Kagame abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, yagize ati”mu izina rya Guverinoma y’u Rwanda no ku ruhande rwanjye, nihanganishije abaturage b’u […]