Rusizi yonyine yagaragayemo abantu 41 banduye Covid-19

img-20200614-wa0021.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 14 Kamena 2020 yatangaje ko mu Karere ka Rusizi hagaragaye abantu 41 banduye icyorezo cya Covid-19 mu bipimo 3495 byafashwe. Abakize iki cyorezo baracyari 332 kuko nta wakize uyu munsi. Umuyobozi wa RBC, Dr. Nsanzimana Sabin atangaje ko aba barwayi bashya biganjemo imiryango y’abari bapimwe mbere bafite iki […]

Abashoferi ba Tanzania barashinja ab’inzego z’ubuzima muri Kenya kubaka ruswa ngo bemeze ko batarwaye Covid-19

Abashoferi bo muri Tanzania batwara amakamyo bakomeje gushinja abakora mu nzego z’ubuzima muri Kenya bakora ku mipaka ihuza ibihugu byombi kubaka ruswa ngo babahe ibyemezo byerekana ko batanduye icyorezo cya Covid-19, babone kwinjira muri Kenya. Aba bashoferi babwiye ikinyamakuru The Standard ko abakozi b’inzego z’ubuzima muri Kenya bashinzwe gusuzuma coronavirus abinjira ku mupaka wa Namanga […]

Burundi: Abarwanashyaka 3 ba CNL bafunzwe bazira kwishimira urupfu rwa Nkurunziza

Muri Komine Mugina, Intara ya Cibitoke mu Burundi, abarwanashyaka batatu b’ishyaka CNL riherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’Igihugu bamaze gufungwa bazira kwishimira urupfu rwa Perezida Pierre Nkurunziza wapfuye tariki 08 Kamena 2020. Emmanuel Manirakiza, Jean Nzoyisaba na Fabien Nzeyimana, bombi bakaba abayoboke b’ishyaka CNL rya Agathon Rwasa watsinzwe mu matora y’Umukuru w’igihugu, batawe muri yombi n’umutwe […]

Kirehe: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana yibyariye

Rutaganzwa Donath utuye Kagari ka Mubuga mu murenge wa Musaza mu Karere ka Kirehe yatawe muri yombi  akekwaho gusambanya umwana yibyariye ufite imyaka 10 y’amavuko.   Amakuru dukesha  abaturanyi ba Rutangazwa Donath batuye mu  kagari ka Mubuga bavuga ko yavuye mu rugo rwe mu mudugudu  wa Ryabega akajya  kwa Sebukwe basanzwe baturanye,  aho umugore amaze […]

Abadepite bagaragaje ko hari abanyeshuri barya ifunguro ridahagije

Raporo yashyizwe ahagaragara n’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda nyuma y’igenzura ryakorewe mu bigo by’amashuri bitandukanye, igaragaza ko abenshi mu banyeshuri badahabwa ifunguro rihagije, bikaba bigira ingaruka mbi ku myigire yabo no ku ireme ry’uburezi muri rusange. Ni raporo yamuritswe na Depite Nyabyenda Damien uri mu bagize inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, yakozwe hagati y’itariki ya […]

Hari impungenge ko ‘Guma mu Rugo’ yasubizwaho mu gihe ubwandu bwaba budacishije make

Imibare y’abandura coronavirus ikomeje kugaragara mu Rwanda cyane cyane mu karere ka Rusizi no ku mupaka wa Rusumo, iteje impungenge hibazwa niba bikomeje gutya bitazatuma gahunda ya ‘Guma mu rugo’ isubizwaho. Akarere ka Rusizi n’umupaka wa Rusumo honyine,kuri uyu wa Gatandatu hagaragaye abarwayi 31,umubare utigeze ugaragara kuva iki cyorezo cyagera mu Rwanda. Imibare itangazwa n’Ikigo […]

USA: Urupfu rw’umwirabura warashwe ahunga Polisi rwatumye umukuru wa Polisi yegura

Urupfu rw’Umunyamerika w’umwirabura Rayshard Brooks warashwe ahunga Polisi, rwatumye umukuru wa polisi yo mu mujyi wa Atlanta muri leta ya Georgia asezera ku mirimo ye. Ubwegure bwa Erika Shields wayoboraga Polisi muri uyu mujyi,bwemejwe na Mayor Lance Bottoms uyobora umujyi wa Atlanta aho yavuze ko Shields ubwe yamugejejeho ubwegure ejo kuwa Gatandatu. Brooks w’imyaka 27 […]

Ingabo za FPR-Inkotanyi zabohoje umujyi wa Gitarama, abicanyi bahungira ku Gisenyi

Nyuma yo kubohoza inkambi ya Kabgayi tariki 2 Kamena 1994, Ingabo za FPR-INKOTANYI zakomeje kwotsa igitutu iz’abicanyi mu bice birandukanye by’igihugu, harimo Umujyi wa Kigali na Gitarama. Mu Mujyi wa Kigali, Ingabo za FPR-INKOTANYI zakomeje kugenda zirokora abantu mu gace ka Nyamirambo n’ahandi. Iyi tariki ya 14 Kamena 1994 yaranzwe n’intsinzi ikomeye yo kubohoza Umujyi […]

Musanze: Hoteli eshatu mu kato nyuma yo kwinjiramo batanu banduye Covid-19

Hoteli eshatu ziri mu mujyi wa Musanze kuri uyu wa 14 Kamena 2020 zashyizwe mu kato by’agateganyo nyuma y’aho abantu batanu banduye icyorezo cya Covid-19 bazigezemo. Aya makuru yasakajwe n’abashinzwe gushishikariza abantu kubahiriza amabwiriza yo kurwanya Covid-19. Ubutumwa bugira buti: “Mwiriwe neza, Nabamenyeshaga ko (…) hari abantu batanu babaye positive kuri COVID-19 kandi banyuze muri […]

Lionel Messi yafashije FC Barcelona kunyagira Mallorca

Lionel Messi yaraye afashije FC Barcelona kunyagira ikipe ya Mallorca mu mukino wa shampiyona ya Espagne yari yasubukuwe nyuma y’icyorezo cya Covid-19, aca agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ubashije gutsinda byibura ibitego 20 muri iyi shampiyona buri mwaka muri 12 ishize. FC Barcelona yafunguye amazamu ku isegonda rya 66 ry’umukino, ku gitego cyatsinzwe na […]