Menya uko wafasha umwana wawe kudahungabanywa n’ibiruhuko bya Covid-19

Muri iyi minsi u Rwanda n’Isi bihangayikishijwe n’icyorezo cya Coronavirus cyanatumye ibikorwa bitandukanye birimo n’amashuri bifunga imiryango ubu abana bakaba barahagaritse amasomo aho birirwa mu rugo. Ibi biruhuko birebire usanga rimwe na rimwe biba intandaro yo kwangirika mu mutwe kw’abana bitewe no kubikoresha mu buryo budakwiriye. Imibare y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) igaragaza […]

USA mu maboko ya Perezida James Polk watabarutse ku munsi nk’uyu

James Polk uzwiho kwagura Leta Zunze Ubumwe z’Amerika by’umwihariko mu ntambara y’Amerika na Mexico yatabarutse ku itariki nk’iyi. James Polk yabaye perezida wa 11 wa USA, akaba ari na we wari muto icyo gihe wari uyoboye iki gihugu kuva mu 1845 kugeza mu 1849. Ku ngoma ya James Polk habaye intambara ya Mexico n’Amerika (1846-1848) […]

Uko Pierre Nkurunziza yahawe pasiporo ya Uganda akitwa ‘Sula Kato’

Adonia Ayebare, intumwa yihariye ya Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yagarutse ku rugendo Pierre Nkurunziza wayoboye u Burundi yanyuzemo rwamwicaje ku ntebe isumba izindi mu Burundi, n’inzira zitandukanye yagiye anyuramo irimo no kugendera ku byangombwa by’inzira bya Uganda byari byanditse mu mazina ya Sula Kato. Adonia uvuga ko yaherukaga guhurira na Nkurunziza i Ngozi […]

Uko ruswa ihagaze mu bihugu bya EAC

Raporo kuri ruswa ‘Corruption Perceptions Index 2019’ y’Umuryango Mpuzamahanga wo kurwanya Ruswa n’akarengane(Transparency International), yerekana ko ibihugu byinshi byasubiye inyuma mu kurwanya ruswa, aho ibihugu bimwe bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba(EAC) byo byazamutse mu manota ariko bikaguma inyuma ku rutonde. Muri raporo y’uyu muryango ikorwa buri mwaka,iheruka ya 2019 yagaragake ko ruswa ikomeje gukwira ku […]