Habonetse abantu 22 banduye Covid-19 barimo 7 muri Rubavu

img-20200628-wa0033.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 28 Kamena 2020 yatangaje ko hagaragaye abantu 22 barimo 7 bo mu Karere ka Rubavu banduye Covid-19 mu bipimo 3002 byafashwe. Mu mujyi wa Kigali habonetse abarwayi 6, muri Rusizi haboneka 8, muri Rubavu haboneka 7, mu gihe muri Kirehe habonetse 1. Abamaze gukira iki cyorezo bageze kuri […]

Rusizi: Abatuye mu mirenge yashyizwe muri Guma mu Rugo ntiborohewe no kubona mituweli

Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo umwaka wa mituweli 2019-2020 urangire, ku wa 1 Nyakanga hatangire uwa 2020-2021, abaturage benshi b’imirenge ya Kamembe, Mururu, Nyakarenzo, Nkombo n’igice cy’umurenge wa Gihundwe imaze ukwezi kose muri guma mu rugo ya 2, barerura bakavuga ko kubona mituweli bisa n’ibidashoboka kuko ntacyo bayikuraho, na bo batazi uko […]

Ibyaranze igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 26 ku Banyarwanda baba muri UAE (Amafoto)

arton136081-8880d.jpg

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Kamena 2020, Abanyarwanda baba muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) n’inshuti zabo bibutse ku ncuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, umuhango ukaba wabereye mu Mujyi wa Dubai. Igikorwa cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi kuri iyi ncuro wabaye mu bihe Isi ihanganye n’icyorezo cya Coronavirus cyatumye witabirwa n’abantu bakeya […]

Ubusinzi no kurenza amasaha bikomeje gukoma mu nkokora ingamba zo kwirinda coronavirus

Tumwe mu duce dutandukanye tw’Umujyi wa Kigali haracyari abantu batarumva neza amabwiriza yashyizweho na Leta y’u Rwanda n’inzego z’ubuzima, mu rwego rwo kwirinda coronavirus, aho usanga ubusinzi no kurenza igihe cyo gutaha cyagenwe bikiri mu bikoma mu nkokora izo ngamba. Inkuru dukesha RBA aho yasuye imirenge ya karere ka Kicukiro ari yo Gatenga na Gikondo, […]

Burundi:Abagizi ba nabi bishe batwitse inka n’intama 3 z’umuturage

Mu ijoro ryo kuwa 26 rishyira 27 Kamena 2020, mu mudugudu wa Gishubi, mu Ntara ya Muramvya ho mu gihugu cy’u Burundi, abagizi ba nabi bateye urugo rw’uwitwa Barutazaro batwika inka ye n’intama 3. Ibi ngo byabaye mu masaa tanu z’ijoro, bikaba byarasize ubwoba ku baturage batuye muri aka gace kuko amahano nk’aya yaherukaga mu […]

Igisirikare cy’u Burundi cyaba kihishe inyuma y’igitero cy’i Nyaruguru?

Abitwaje intwaro bagabye igitero mu murenge wa Ruheru mu karere ka Nyaruguru bashobora kuba bari bashyigikiwe n’igisirikare cy’u Burundi, nk’uko abaganiriye na SOS Media Burundi babihamirije icyo gitangazamakuru gikorerara i Burundi. Ni igitero cyagabwe mu rukerera rwo ku wa gatandatu tariki ya 27 Kamena, gikomerekeramo abasirikare batatu b’u Rwanda na ho ku ruhande rw’abakigabye ingabo […]

Amasezerano y’amahoro ya Versailles yasinywe ku itariki nk’iyi mu 1919

Ku munsi nk’uyu ni bwo impande ebyiri zari zihanganye mu Ntambara ya Mbere y’Isi ari zo Allied Power na Central Power zashyize umukono ku masezerano yo kurangiza intambara burundu, akaba yarasinyiwe i Varsailles mu Bufaransa. Abagabo bane bari bahagarariye ibindi bihugu ni bo bateguye aya masezerano, hari harimo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Woodrow […]

Guverinoma ya Malta yageneye Namibia toni zirenga 460 z’ibijumba

Igihugu cya Malta cyageneye Namibia toni 468 z’ibijumba nk’inkunga yo gufasha abarenga ibihumbi 500 bo muri kiriya gihugu cy’Afurika y’Amajyepfo bugarijwe n’amapfa. Amakuru y’iyi nkunga igenewe abanya Namibia yemejwe na Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Malta, yahamagariye abacuruzi bo muri icyo gihugu gushaka toni 500 z’ibijumba. Mu itangazo iyo Minisiteri yasohoye, yavuze ko “Mu buryo bwo […]

Bane bagerageje gusenya ikibumbano cya Perezida Andrew Jackson batawe muri yombi

Nyuma y’amasaha make Perezida Donald Trump ashyize umukono ku itegeko rirengera ibirango bibumbatiye amateka ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nk’ibibumbano, inzibutso n’ibishushanyo, abantu bane bakekwaho kugerageza gusenya ikibumbano cya Andrew Jackson wabaye Umukuru w’iki gihugu batawe muri yombi kuri uyu wa 27 Kamena 2020. Abakurikiranwe ni Conor Judd na Ryan Lane bagaragaye mu mashusho bagerageza […]