Isoko ryo gukora isuku n’umutekano mu kigo nderabuzima cya Gikundamvura
Habonetse abantu 101 banduye Covid-19 barimo abagororwa 72 bo muri Ngoma

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 29 Kamena 2020 yatangaje ko hagaragaye abantu 101 banduye Covid-19 barimo itsinda ry’abagororwa 72 bo mu Karere ka Ngoma mu bipimo 2498 byafashwe. Usibye Ngoma, muri Kigali habonetse 22, muri Rusizi haboneka 3, muri Rubavu ni 2, muri Kayonza ni 1 na Kirehe habonetse 1. MINISANTE yatangaje ko […]
Nyaruguru: Barasaba ko bakwigirwa imishinga yongerera agaciro umwuga wabo wo kubumba
Abahejejwe inyuma n’amateka bo mu karere ka Nyaruguru barasaba Leta n’abandi baterankunga ko babigira imishinga yongerera agaciro umwuga wabo wo kubumba. Bavuga ko nta masambu yo guhinga bagira kandi ko kugeza ubu, bakiwukora ku buryo bwa gakondo, ntibababone inyungu ahubwo bikabahoza mu bukene. Uwitonze Antoniya ni umwe mu bahejejwe inyuma n’amateka utuye mu kagari ka […]
Umushinjacyaha mu rukiko rw’i Paris ategerejwe mu Rwanda mu iperereza ku byaha Kabuga ashinjwa
Umushinjacyaha wungirije mu rukiko rukuru rwa Pais mu Bufaransa ategerejwe mu Rwanda mu rugendo rugamije gukora iperereza ku byaha Kabuga Felicien akurikiranyweho by’uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Africa Inteligence yatangaje ko umushinjacyaha Aurelia Devos, akaba anasanzwe akuriye ishami rishinzwe gukurikirana ibyaha byibasiye inyokomuntu, ategerejwe mu Rwanda mu byumweru bike biri imbere aho azaba […]
Nyamasheke: Umusore ukekwaho gufasha umukobwa kuvanamo inda bikamuhitana yishyikirije RIB
Umusore w’imyaka 29 y’amavuko witwa Ntibarikure JMV wo mu Mudugudu wa Musumba, Akagari ka Nyakabingo mu Murenge wa Macuba w’Akarere ka Nyamasheke wari umaze iminsi ahigwa bukware akekwaho ubufatanyacyaha mu gukuriramo inda umukobwa w’imyaka 24 y’amavuko witwaga Nyirandikubwimana Céline na we wo muri uriya murenge bikamviramo urupfu, yishyikirije RIB mu gitondo cyo kuri uyu wa […]
Barça na Juventus zaguranye Miralem Pjanic na Arthur Melo
Ikipe ya FC Barcelona yemeje ko Umunya Bosnia & Herzegovina, Miralem Pjanic wakiniraga ikipe ya Juventus yo mu gihugu cy’u Butaliyani yamaze kuyerekezamo, abisikanye n’Umunya Brazil, Arthur Melo wakiniraga FC Barcelona; Juventus yemeje ko yamaze kuyigeramo. Amakuru avuga ko FC Barcelona yagurishije Arthur kuri miliyoni 75 z’ama-Pounds, hanyuma Pjanic w’imyaka 30 y’amavuko ikamugura miliyoni 59. […]
Abashakashatsi bagaragaje ko mu isanzure hari umubumbe ugiye guturika
Abashakashatsi b’ikigo JCMT gikora ubushakashatsi ku isanzure, batangaje ko umubumbe witwa Betelgeuse wagaragaje ibimenyetso ko ushobora kuburirwa irengero mu gihe gito kiri imbere. Umubumbe wa Betelgeuse ubusanzwe uri kure cyane y’Isi nk’uko byemezwa n’impuguke zakoze ubushakashatsi, ku buryo bemeza ko urumuri rwawo birutwara imyaka 500 ngo rugere ku Isi. Bimwe mu byashingiweho muri ubu bushakashatsi […]
Minisitiri Gatete Claver ari mu bayobozi RIB iri gukurikirana

Minisitiri w’Ibikorwaremezo mu Rwanda, Gatete Claver akurikiranwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha akekwaho ibyaha birimo kunyereza umutungo wa leta. Dosiye ya Minisitiri Gatete bikekwa ko ifitanye isano n’iya Rwamuganza Caleb wabaye Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y’Imari n’Igenamigambi na Rwakunda Christian wabaye Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo bari gukurikiranwa n’ubushinjacyaha. Abakurikiranwe n’ubushinjacyaha muri iyi dosiye kandi harimo Serubibi […]
Rayon Sports yasinyishije Umurundi uri mu batsinze ibitego byinshi muri shampiyona y’iwabo
Ikipe ya Rayon Sports yemeje ko yamaze gusinyisha rutahizamu Nihoreho Arsène, Umurundi uri mu batsinze ibitego byinshi muri shampiyona y’iwabo ya 2019/20. Uyu musore w’imyaka 20 y’amavuko wakiniraga ikipe ya Olympic Star, yasinye imyaka ibiri yo gukinira Rayon Sports. Ni umwe mu bakinnyi bitwaye neza muri shampiyona y’u Burundi yamaze gusozwa, dore ko yatsinzemo ibitego […]
USA: Abigaragambya bongeye kuraswa
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru mu mujyi wa St. Louis hagaragajwe amashusho y’umugore n’umugabo batunze imbunda abari mu myigaragambyo isaba ko havaho burundu ihohoterwa rikorera abirabura muri Amerika. Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika bivuga ko ubwo abigaragambya bari mu muhanda berekeza ku biro by’umuyobozi w’umujyi wa St Louis , batunguwe no kubona umugore n’umugabo b’abazungu babatunga […]