Kigali, Rusizi, Kirehe na Ngoma habonetse abantu 21 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 2 Nyakanga 2020 yatangaje ko hagaragaye abantu 21 banduye Covid-19 mu bipimo 3737 byafashwe. Muri Kigali habonetse 7, muri Rusizi haboneka 5, muri Ngoma habonetse 5, Kirehe ibonekamo 4. Abamaze gukira iki cyorezo bagumye kuri 493 barimo 13 b’uyu munsi. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri iki […]

Uganda: Aba ‘local defense’ bari mu myitozo barashe bagenzi babo 8, babiri barapfa

Abashinzwe umutekano bo mu rwego rwa ‘Local defense’ bari mu myitozo ku ikosi, kuri uyu wa 29 Kamena 2020, barashe igisasu cya ‘rocket’ bagenzi babo umunani, babiri muri bo bahasiga ubuzima. Aba ba ‘local defense’ bari hafi kurangiza ikosi ry’amezi atandatu bari gukorera mu kigo cya Ruhengyeye mu Karere ka Mbarara, aho bari gutozwa n’igisirikare […]

Ibyo nabonye mu gakapu k’umukobwa wansuye byanze kumva mu mutwe

Nitwa Yusufu, Umukobwa dukorana mu kazi, tukaba tunakundana, yansuye ari ku wa Gatandatu, ambwira ko asubira iwabo ku munsi ukurikiyeho. Yazanye agakapu, kamwe bitwaza bashyizemo amavuta, ibirungo, ibisokozo, indorerwamo n’ibindi. Ijoro ryaraguye turaryama [gusa ntitwigeze dukora imibonano mpuzabitsina], bigeze mu gitondo cy’umunsi wakurikiyeho, umukobwa ajya mu bwogero (douche). Ubwo yari mu bwogero, nagize amatsiko yo […]

Guy Bukasa watozaga Gasogi United yerekeje muri Rayon Sports

Umukongomani Guy Bukasa wari umaze umwaka atoza ikipe ya Gasogi United, yamaze gutandukana na yo yerekeza muri Rayon Sports nk’uko amakuru akomeje gutangazwa abivuga. Amakuru avuga ko ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 01/07/2020 ari bwo ikipe ya Rayon Sports yagiranye ibiganiro na Guy Bukasa wari usanzwe atoza ikipe ya Gasogi United, mbere yo […]

Nyaruguru: RDF yageneye impano y’amagare abakuru b’imidugudu mu mirenge ikora kuri Nyungwe

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda, RDF, ku rwego rw’igihugu, bwageneye abayobozi b’imidugudu mu ntara yamajyepfo mu karere ka Nyaruguru amagare bemerewe na Perezida Kagame nk’ishimwe kubera uruhare rwabo mu kubungabunga umutekano. Muri iki gikorwa cyabereye mu murenge wa Ruheru, akagari ka Kabere, abahawe amagare ni abayobozi b’imidugudu 93 baturuka mu mirenge ikora ku ishyamba rya Nyungwe […]

Uruhare rw’Abafaransa mu kwica no gufata ku ngufu Abatutsi mu nkambi ya Murambi

Abasirikare b’Abafaransa bageze i Murambi ku wa 24 Kamena 1994. Byavugwaga ko baje mu butabazi mu nkambi za Murambi na Nyarushishi kimwe no mu Bisesero. Ariko abatangabuhamya b’impunzi ndetse n’lnterahamwe zari mu nkengero z’inkambi bavuze ko Interahamwe zakomeje kwica Abatutsi kandi ko abasirikare b’ Abafaransa bafashe ku ngufu abari baracitse kw’icumu kandi bagombaga kubaha umutekano. […]

Umugore wakekwagaho gutwita yasanganywe ikibyimba cy’ibiro 26

Umugore witwa Keely Favell wo mu gihugu cya Wales,mu Bwami bw’Ubwongereza, yasanganywe ikibyimba cy’ibiro 26 mu gihe abaganga bibwiraga ko yaba atwite. Favell avuga ko ubwo iki kibazo cyatangiraga na we ubwe yabanje kugira ngo ni umubyibuho usanzwe, abandi bakamubwira ko atwite gusa ibipimo byose abaganga bamufashe bikerekana ko adatwite. Uyu mugore yiyongereyeho 1/3 cy’ibiro […]

MIGEPROF yanyomoje Maniraguha wigambaga ko atunze abagore 7 mu rugo rwe

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, MIGEPROF yanyomoje amakuru ya Maniraguha w’i Musanze wari umaze iminsi avugwa ku mbuga nkoranyambaga no ku bitangazamakuru ko ariwe wa mbere mu Rwanda utunze abagore benshi aho yivugiraga ko afite barindwi akaba afite intego yo kurambagiza abandi bane akuzuza 11. Maniraguha Protais usanzwe ari umuvuzi gakondo uzwi nka Salongo Mayanja atuye […]

Kwibohora26: Ishusho y’akarere ka Nyaruguru kari gukoza imitwe y’intoki ku muhanda wa kaburimbo- AMAFOTO

Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru Habitegeko François, avuga ko ku nshuro ya 26 hizihizwa umunsi wo kwibohora, hari byinshi nk’akarere bishimira bamaze kugeraho. Uyu muyobozi yabwiye abanyamakuru ko hari kaburimbo bemerewe na perezida wa Repubulika yatangiye kubwakwa , ibitaro bya Munini byubatswe bifuza ko byaba ibitaro byatanga serivisi kundwara zidasanzwe. ‘Numva muri iki gihugu nta hantu […]