Bisesero: Abasirikare b’Abafaransa muri Operasiyo Turquoise barekeye Abatutsi mu maboko y’abicanyi
Kudatabara Abatutsi mu Bisesero byabaye ikosa rikomeye kuri Operasiyo Turquoise. Kuba abasirikare b’Abafaransa barageze mu Bisesero ku wa 27 Kamena 1994, byatumye Abatutsi bari bararokotse ubwicanyi bigaragaza nyuma 2,000 muri bo baricwa. Ibyo byabaye hari abanyamakuru b’abanyamahanga, kandi abatangabuhamya b’Abanyarwanda benshi bemeje iyo myifatire mibi ya bamwe mu basirikare bakuru ba operasiyo Turquoise. Kurekera mu […]
Gasogi United yabonye umusimbura wa Bukasa werekeje muri Rayon Sports
Ubuyobozi bw’ikipe ya Gasogi United bwemeje Cassa Mbungo André nk’umutoza wayo mushya, ugomba gusimbura Umukongomani, Guy Bukasa werekeje mu kipe ya Rayon Sports. Cassa Mbungo uheruka gutoza ikipe ya Rayon Sports azungirizwa na Allain Kirasa bafatanyaga muri Gasogi United. Mu muhango wo kwerekana aba batoza bombi wabereye ku biro bya Gasogi biherereye muri CHIC, Cassa […]
U Bufaransa bwahagaritse burundu iperereza ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana
Urukiko rw’Ubujurire rwa Paris mu Bufaransa kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Nyakanga 2020, rwemeje ko dosiye y’iperereza ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana Juvenal wari Perezida w’u Rwanda ihagaritswe burundu kuko nta bimenyetso bifatika bihari. Urukiko rufashe uyu mwanzuro nyuma y’uko mu Kuboza 2018, abacamanza babiri bari bashinzwe gukora iperereza ku muntu waba yarahanuye […]
Myanmar: Abarenga 162 bagwiriwe n’ikirombe ubwo bacukuraga amabuye y’agaciro
Mu Burasirazuba bwa Myanmar, impanuka ikomeye iturutse ku iriduka ry’ikirombe ryatewe n’imvura nyinshi iri kugwa muri aka gace, yasize imibiri igera ku 162 y’abacukuraga amabuye y’agaciro. Iyi mpanuka yakomotse ku mvura nyinshi iri kugwa mu Burasirazuba bwa Myanmar, hafi n’umupaka w’u Bushinwa mu ntara ya Kachin. Ikigo gishinzwe ubucukuzi muri Myanmar, cyatangaje ko imibiri 162 […]
Perezida wa Misiri Mohamed Morsi yahiritswe ku butegetsi ku itariki nk’iyi mu 2013
Mohamed Morsi wavutse ku itariki ya 20 Kanama 1951, yari yarabaye Perezida wa Misiri kuva mu 2012, ubutegetsi bwe bwatembagajwe ku ngufu za gisikare ku munsi nk’uyu. Umugabo wari uyoboye ingabo zahiritse ubutegetsi bwa Morsi, ni Abdel Fattah el-Sisi kugeza ubu ufite n’ipeti rya Marshal riruta ayandi mu girikare ndetse aracyanayobora iki gihugu. Mohamed Morsi […]
Tanzania yatanze icyizere cyo kurekura kontineri z’ibicuruzwa by’Abanyarwanda zirenga 2000 zafatiriwe
Ubuyobozi bw’ibyambu bya Tanzania bwemeye kugirana ibiganiro n’abahagarariye abacuruzi bo mu Rwanda bafite kontineri z’ibicuruzwa byaheze muri Tanzania kubera icyorezo cya Covid-19 cyakumiriye urujya n’uruza hagati y’ibihugu, bigatuma amafaranga y’ububiko, gasutamo ndetse n’ibihano aba menshi cyane ku buryo hari impungenge z’uko byatezwa cyamunara. Ibi biganiro bibaye nyuma y’iminsi ubuyobozi bw’Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda, PSF rwandikiye […]
France: Minisitiri w’Intebe Edouard Philippe yeguye ku mirimo ye
Perezidansi y’Ubufaransa yatangaje ko Edouard Philippe wari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa gatanu. Perezidansi ya kiriya gihugu yatangaje ko Minisitiri Philippe azakomeza imirimo ye muri Guverinoma y’Ubufaransa kugeza igihe igihugu kizabonera umukuru wa Guverinoma mushya. Itangazo ryasohowe n’ibiro by’umukuru w’igihugu mu Bufaransa riragira riti”Edouard Philippe uyu munsi yashyikirije Perezida […]
Imihanda n’insisiro by’ubufaransa bigiye guhabwa amazina y’abasirikare bakomoka muri Afurika
Leta y’u Bufaransa ibisabwe na Minisiteri y’ingabo z’icyo gihugu, yemeje ko imihanda n’insisiro bigera ku ijana mu Bufaransa bigiye guhabwa amazina y’abasirikare bakomoka muri Afurika, barwanye ku ruhande rwabwo mu ntambara ya Kabiri y’Isi. Hagendewe ku busabe bw’abamaze iminsi bigaragambya mu cyiswe Black Lives Matter, bagiye bavuga ko Leta y’u Bufaransa ntacyo yakoreye Abanyafurika barwanye […]
Rayon Sports yahawe igihe ntarengwa cyo kwishyura Ivan Minnaert wayitozaga
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda, FERWAFA, ryahaye ikipe ya Rayon Sports iminsi 60 yo kuba yamaze kwishyura umwenda ibereyemo Umubiligi Ivan Jack Minnaert wahoze ari umutoza wayo, bitaba ibyo igafatirwa ibihano. Ni nyuma y’uko mu Kuboza k’umwaka ushize, Rayon Sports yari yategetswe kwishyura Minnaert amafaranga 14,320 y’amadolari y’Amerika nk’umwenda yari imubereyemo nyuma yo kumwirukana […]