Hakizimana Muhadjiri yavuze ko nta gihindutse azerekeza muri Rayon Sports
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri umaze igihe avugwa mu kipe ya Rayon Sports, yatangaje ko mu biganiro yagiranye na yo yari ibyo bumvikanye bikamunyura ku buryo nta gihindutse ashobora kuyerekezamo. Uyu rutahizamu ukinira ikipe y’igihugu Amavubi kuri ubu udafite ikipe nyuma yo gutandukana na Emirates yo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu, amaze amezi arenga abiri avugwa mu […]
Ku musi nk’uyu 1099 Crusade: Abisilamu bigaruriye umurwa wa Yerusalemu
Uyu musi ni kuwa Gatatu tariki 15, Nyakanga 2020. Ni umusi 198 mu misi isanzwe igize umwaka. Uyu mwaka usigaje imisi 169 ngo ugere ku musozo. Kuri uyu musi mu mu Ntambara z’amadini( Crusade), Abayisilamu bigaruriye umurwa mukuru Yerusalemu. Iyi yerusalemu muri iki gihe yafatwaga nk’umurwa w’ubukilisitu mwisi. Abarwanyi bo mu dini ya Isilamu bishe […]
Ubujurire rw’abayobozi bakurikiranweho kunyereza za miliyari bwanzwe
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ku wa kabiri ku wa 14 Nyakanga, rwatesheje agaciro ubujurire rw’abayobozi barimo Caleb Rwamuganza wahoze ari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi bashinjwa kunyereza abarirwa muri miliyari ebyiri z’Amafaranga y’u Rwanda, rutegeka ko bakomeza gufungwa. Abandi bakurikiranweho gufatanya icyaha na Rwamuganza barimo Godfrey Kabera, Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Imari, Eric Serubibi […]
Dore abaraperi 5 bakize kurusha abandi ku isi n’umutungo wabo

Abaraperi bahiriwe n’umuziki ku rwego rw’isi usanga ari bamwe mu bantu babayeho ubuzima bwiza kandi baba mu nyubako zihenze, bakagenda no mu modoka nziza kubera umutungo baba baragezeho. Dore urutonde rw’abaraperi 5 bakize kurusha abandi ku isi: 5. Eminem Umuraperi Marshall Bruce Mathers II wamamaye nka Eminem ni we uri ku mwanya wa 5 mu […]
Covid-19: Ukwiyongera kw’inguzanyo muri Afurika kuzaba umutwaro ukomeye
Kuva mu myaka isaga 30 ishize Umugabane w’Afurika waranzwe no kugirana umubano wihariye n’u Bushinwa, ahanini bishingiye ku ishoramari, inkunga n’inguzanyo zitari nkeya iki gihugu cyahaye ibihugu by’Afurika aho kugeza na n’ubu bimwe mu bihugu bigifite imyenda yacyo yaje no kwiyongera nyuma y’umwaduko w’icyorezo cya Covid-19. Icyorezo cya Covid-19 cyugarije Afurika n’Isi muri rusange cyakomye […]
Rayvanny akomeje guca amarenga yo gutandukana na WCB ya Diamond

Nyuma y’umwaka umuhanzi Harmonize azinze utwe agasezera mu nzu itunganya umuziki ya Diamond, WCB, abafana bacitse ururondogoro kubera amafoto Diamond yashyize hanze y’abagize WCB nta Rayvanny urimo. Hashize igihe umuhanzi Rayvanny asa n’uca amarenga ko ari gusezera bucece muri WCB kuko atakigaragara cyane hafi ya Diamond nk’uko byahoze mbere. Mu ifoto Diamond yashyize ku rukuta […]
ONU yihanganishije umuryango w’umusirikare w’u Rwanda wiciwe muri Central Africa
Umunyamabanga w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guteres yihanganishije u Rwanda n’umuryango w’umusirikare w’ingabo z’u Rwanda wiciwe muri Repubulika ya Centrafrica aho yari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri iki gihugu. Kuri uyu wa mbere tariki 13 Nyakanga 2020 nibwo Ingabo za Loni zibungabunga amahoro muri Centrafurika zagabweho igitero n’abarwanyi b’inyeshyamba z’umutwe wa R3 zica umusirikare umwe wo […]
Museveni yiyemeje guhemba abakinnyi bahesheje Uganda ishema baba bazima cyangwa barapfuye
Umukuru w’Igihugu cya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko yasabye Minisiteri y’Uburezi mu gihugu cye kumukorera urutonde rw’abakinnyi b’Abagande begukanye imidari mu marushanwa atandukanye kuva mu 1954, kugira ngo abahembe baba bazima cyangwa barapfuye. Perezida Museveni yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, mu butumwa yageneye abaturage b’igihugu cye. Museveni yihaye umuhigo wo guhemba […]
Utugari dutandukanye muri Nyamasheke na Nyamagabe twashyizwe muri ‘Guma mu Rugo’
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yashyize tumwe mu tugari two turere twa Nyamasheke muri gahunda ya Guma mu Rugo nyuma y’uko ubusesenguzi bwakozwe ku cyorezo cya Coronavirus bwagaragaje ko kimaze kugaragara muri utu tugari. Itangazo ryatanzwe na MINALOC ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri rivuga ko “Guhera kuri uyu wa 15 Nyakanga 2020, utugari dukurikira […]