Kigali, Rusizi na Nyamasheke habonetse abantu 21 banduye Covid-19

img_20200723_211831.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 23 Nyakanga 2020 yatangaje ko abamaze kwandura icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 21 mu bipimo 5534 byafashwe. Kigali yabonetsemo abarwayi 7, Rusizi ibonekamo 7 na Nyamasheke ibonekamo 7. Abamaze gukira iki cyorezo bageze kuri 889 arimo 22 b’uyu munsi. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo mu Rwanda ni 1710, […]

Guverinoma ya Malawi yahakanye ibyo gusurwa na Perezida Kagame

Guverinoma ya Repubulika ya Malawi kuri uyu wa 23 Nyakanga 2020, yahakanye iby’uruzinduko byavugwaga ko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame azagirira muri iki gihugu ari kumwe n’umufasha we, Jeannette Kagame. Ibitangazamakuru byo muri Malawi nka Nyasa Times byari byatangaje ko Perezida Kagame na Jeannette Kagame bazasura Malawi tariki ya 11 Kanama 2020, bakirirwe mu biro […]

REB yasubije abarimu bavuga ko ibizamini by’akazi byabayemo uburiganya

Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi mu Rwanda REB, cyavuze ko abakandida b’abarimu bumva bararenganyijwe mu bizamini by’akazi baheruka gukora, bagomba gukurikiza inzira ziteganywa n’amategeko agenga ibizamini kugira ngo barenganurwe. Ku wa Gatatu tariki ya 22 Nyakanga 2020, BWIZA yabagejejeho inkuru y’uko hari abarimu bavuga ko mu gutangaza abakandida batsinze biriya bizamini hari ahari kuba uburiganya. Urugero […]

Umugore yakamejeje imbere ya polisi, mu myigaragambyo yamagana ivangura

Umugore wahawe izina rya ‘Naked Athena’ yagoye abapolisi bo mu mujyi wa Portland uri muri leta ya Oregon, tariki ya 18 Nyakanga 2020 ubwo yari mu myigaragambyo yamagana ivangura ryabase bamwe mu batuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Iyi myigaragambyo yazamuwe n’urupfu rwa George Floyd watsikamiwe ku gakanu n’umupolisi, Derek Chauvin,tariki ya 25 Gicurasi 2020 […]

Butera Knowless amaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo “Player” ikebura abasore

Umuhanzikazi Butera Knowless kuri uyu wa Kane tariki 23 Nyakanga 2020, amaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya “Player” ikebura abasore bigize abakinnyi mu rukundo. Muri iyi ndirimbo, Knowles atangira agira ati” Wigize Ronaldo, ntawe mukundana ngo ntumuce inyuma[…]” Akomeza abwira umusore ko umukobwa kuba amukunda atari amafaranga amukurikiranyeho, kuko na we ubwe yifitiye aye […]

Uganda Bobi Wine akomeje kongera imbaraga zo guhangana na Museveni mu matora

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi wamenyekanye mu muziki nka Bobi Wine, kuri ubu yagaragaje izina ry’ishyaka rye rishya azahagararira mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Gashyantare 2021. Bivuye mu bwumvikane hagati y’ishyaka People Power Movement(PPM) rya Bobi wine n’ishyaka National Unity Platform (NUP) ry’uwahoze ari Visi perezida wa Uganda ku butegetsi bwa […]

Rayon Sports nta mpuhwe izigera igirira APR_Sadate avuga ku bucuti bw’amakipe yombi

Munyakazi Sadate uyobora ikipe ya Rayon Sports, yavuze ko nta mubano wihariye ikipe ye ifitanye na APR FC nk’uko bamwe babivuga, ashimangira ko intego za Rayon Sports ari ugutsinda umukeba wayo aho bahurira hose. Yabitangaje nyuma y’amagambo ya benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru hano mu Rwanda, bemeza ko ibyari ubukeba bwahozeho hagati ya Rayon Sports […]

Perezida mushya wa Malawi ari kwitegura kwakira Perezida Kagame

ps-2.jpg

Perezida mushya wa Malawi, Lazarus Chakwera ari kwitegura kwakira Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame n’umufasha we Jeannette Kagame bazamusura mu ntangiriro za Kanama 2020 nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Malawi. Perezida Chakwera watsindiye kuyobora Malawi ku itariki 23 Kamena 2020, nyuma y’igihe gito amaze kurahirira gutangira kuyobora igihugu, yatangaje ko yifuza […]

Nimero 10 mwiza muri iki gihugu agomba kuzaba mu kipe nziza_Sadate avuga Muhadjiri

Perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yavuze ko rutahizamu Hakizimana Muhadjiri afata nka numero 10 mwiza u Rwanda rufite muri iki gihe, azakinira ikipe ya Rayon Sports mu mwaka utaha w’imikino. Ni nyuma y’amakuru amaze iminsi avuga ko uyu musore unakinira ikipe y’Igihugu, Amavubi, yamaze gusinya amasezerano y’umwaka umwe muri Rayon Sports, nyuma yo kumvikana […]