Rwanda: Abanduye Covid-19 biyongereyeho 23

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 25 Nyakanga 2020 yatangaje ko abamaze kwandura icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 23 mu bipimo 4330 byafashwe. Kigali yabonetsemo abanduye 11 barimo abapimwe mu midugudu iri mu kato no mu duce twibasiwe kurusha ahandi, Rubavu ibonekamo 7 na Kirehe ibonekamo 5. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo mu Rwanda […]

Slay queen yashyinguwe mu isanduku ibaje mu ishusho y’igitsina cy’abagabo

Umukobwa uri mu bazwi nk’aba Slay queen w’i Accra mu gihugu cya Ghana uheruka gupfa, yashyinguwe mu isanduku ibaje nk’igitsina cy’abagabo yari yariyeguriye, nk’isezerano yari yarihaye mbere y’uko apfa. Bisa n’ibitangaje kuri benshi, amakuru avuga ko uriya mwari akiri muzima yari yarasabye umuryango we gukora ibishoboka byose ukamushyingura mu isanduku ibaje muri buriya buryo, ngo […]

Umugore wa Pasiteri yaribeshye yohereza videwo z’ubwambure bwe mu itsinda rya WhatsApp

Umugore wa Pasiteri wo muri Ghana, Osofo Maame yaribeshye yohereza videwo ebyiri zigaragaza ubwambure bwe mu itsinda ry’abayoboke b’itorero ry’umugabo we, bitera igisemo umuryango wabo mu buryo bukomeye. Muri izi videwo zagiye ahagagaragara muri Kamena 2018. Imwe ifite amasegonda 31, mu gihe indi ifite amasegonda 58. Iya mbere, Osofo Maame yagaragaye ari mu bwogero, akinisha […]

Zahabu yavumbuwe mu 1850; ivugwa muri Bibiliya yaba yaraturutse he?

Amateka azwi neza ananditswe mu bitabo binyuranye agaragaza neza ko Zahabu yavumbuwe tariki ya 25 Nyakanga mu mwaka 1850 muri Oregon. Binavugwa ko yavumbuwe n’umugabo ufite inkomoko muri Amerika witwa James Williams Marshall. Amateka agaragaza ko muri rusange zahabu yavumbuwe mu mwaka 1848. Ibi byaje kwemezwa neza tariki ya 25 Nyakanga 1850 n’inama y’abahanga y’abavumbuzi. […]

Dore ibihugu bishishikariza abaturage babyo gukora imibonano mpuzabitsina

Hari ibihugu bimwe na bimwe ku Isi usanga Guverinoma zabyo zishishikariza abaturabe gukora imibonano mpuzabitsina kenshi gashoboka, ku mpamvu ahanini zishingiye ku kongera umubare w’abaturage. Nko muri Espagne Edelmira Barreira ni Minisitiri ushinzwe imibonano mpuzabitsina, akaba yarahawe izo nshingano mu 2017 mu rwego rwo kuzamura umubare w’impinja muri kiriya gihugu wamanutse mu buryo bukomeye. Leta […]

Ingabo za Zambia zahawe igihe ntarengwa cyo kuva ku butaka bwa RDC

Umuryango w’ibihugu biri mu Majyepfo y’Afurika, SADC, kuri uyu wa 24 Nyakanga 2020 wahaye ingabo za Zambia igihe ntarengwa cyo kuba zavuye ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Ingabo za Zambia zimaze amezi arenga atatu zarinjiye mu duce twa Kibanga, Moliro na Kalubamba duherereye Teritwari za Moba na Pweto mu majyepfo ya RDC, […]

Ibyihariye kuri Mutara III Rudahigwa, Intwari y’Imena yagabiraga abakene

Mutara III Rudahigwa wahawe izina rya Nkubito y’Imanzi, mwene Yuhi V Musinga na Nyiramavugo III Kankazi yatangiye ingoma i Bujumbura mu Burundi tariki ya 25 Nyakanga 1959, bikavugwa ko yishwe n’abakoloni b’Ababiligi. Uyu mwami yaranzwe n’amateka y’impinduramatwara mu Rwanda harimo no guharanira ubwigenge, gukuraho Ubuhake no kugabira abakene, byatumye agirwa Intwari y’Imena mu Ntwari z’u […]

Uganda: Eddy Kenzo n’abandi 230 bari baraheze mu mahanga kubera Covid-19 bafashijwe gutaha

Umuhanzi Edrisah Musuuza wamenyekanye nka Eddy Kenzo n’abandi banya-Uganda 232 bari barahejejwe mu mahanga n’ihagarikwa ry’ingendo z’indege ryatewe na Covid-19 bafashijwe gutaha. Aba banya-Uganda basesekaye ku kibuga cy’indege cya Entebbe saa 3:30 z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu. Mu ndege ya Ugandan Airlines, Kenzo yageze ku kibuga ari kumwe n’abandi bantu 64 bakomoka mu bihugu […]

Kuvugira mu mahanga si byo bigira umuntu umuhanga_Mpayimana Philippe

Umunyapolitiki wigenga, Mpayimana Philippe wari wahataniye umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora aheruka, yasabye abitwikira demokarasi bagashinga ibitangazamakuru bivugira mu mahanga bitagamije kubaka kubireka kuko “itangazamakuru Abanyarwanda bakeneye atari irishingiye ku ngirwamashyaka.” Ibi yabitangaje kuri uyu wa 25 Nyakanga 2020, mu butumwa yatanze muri ibi bihe u Rwanda ruzirikana imyaka 26 ishize rwibohoye nk’uko yabivuze muri […]