Rwanda: Abanduye Covid-19 biyongereyeho 31

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 30 Nyakanga 2020 yatangaje ko habonetse abantu 31 banduye Covid-19 mu bipimo 4066 byafashwe. Mu mujyi wa Kigali habonetse abarwayi 13 bahuye n’abanduye ndetse n’Abaturarwanda batashye, Rusizi yabonetsemo 11, Nyamasheke ibonekamo 4 bapimwe mu midugudu iri mu kato, Kirehe yabonetsemo 1, Kayonza ibonekamo 1 na Rubavu ibonekamo 1. […]

Kigali: Amasibo atatu yashyizwe muri Guma mu Rugo

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, MINALOC, kuri uyu wa kane yakuye muri gahunda ya Guma mu Rugo imidugudu itatu yo mu tugari tubiri two mu murenge wa Kigarama mu karere ka Kicukiro, iyishyiramo amasibo atatu yo mu mudugudu wa Kabutare, mu kagari ka Bwerankori ho muri uriya murenge wa Kigarama. Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu mu itangazo ryayo, yavuze […]

Chris Brown yaciye amarenga ko atakiri mu rukundo n’umugore we

Umubyinnyi Christopher Maurice Brown, wamenyekanye mu muziki nka Chris Brown, yaciye amarenga ko kuba atakiri mu rukundo n’uwari umukunzi we, umunyamideri Ammika Harris. Uyu musore w’imyaka 30 y’amavuko, aherutse gusiba abantu barimo n’umukunzi we ku rukuta rwe rwa Instagram, asigazaho umuntu umwe ari we umukobwa we, Royalty Brown, w’imyaka 6 y’amavuko. Chris Brown uheruka gusohora […]

Uganda: Polisi iri guhiga bukware umuhanzi Pallaso watorokanye amapingu yayo

Polisi y’i Kampala muri Uganda, iri guhiga umuhanzi wo muri icyo gihugu, Pius Mayanja bita Pallaso, ushinjwa kwica amabwiriza yo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19 yafatwa akanga gutabwa muri yombi. ChimpReports yavuze ko uyu muhanzi yaburiwe irengero anambaye amapingu ya Polisi nyuma yo kuyicika. Raporo ya Polisi ya Uganda ivuga ko ku gicamunsi cyo kuri […]

Abagore bafite ibyago bya 85% byo gucuruzwa kurusha abagabo

Raporo y’ikigo gishinzwe kurwanya icuruzwa ry’abantu mu isi HAART ,yerekanye ko abagore bihariye 85% by’abahura n’ibyago by’icuruzwa ry’abantu ku isi. Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Awareness Against Human Trafficking (HAART), bugaragaza ko abagore bafite ibyago by’inshi byo gukorerwa icuruzwa ry’abantu kurusha abagabo. Mu bushakashatsi bwakorerewe ku bantu 586 bahuye n’icuruzwa ry’anantu, abarenga 85 ku ijana muri bo […]

Ni nde wafungura amashuri tukibona abantu 40 buri munsi barwaye? – Dr. Ngamije

Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Ngamije Daniel kuri uyu wa 30 Nyakanga 2020 , yatangaje ko nta wafungura amashuri mu gihe hakiboneka abantu 40 barwaye icyorezo cya Covid-19 buri munsi. Ni mu kiganiro yagiranye n’ikigo cy’itangazamakuru cya Leta, aho yavugaga ku bantu bakomeje kwirara, ntibahe uburemere iki cyorezo ngo bubahirize amabwiriza leta y’u Rwanda yatanze […]

Uganda: Yakatiwe gufungwa imyaka 10 azira kwica ingagi

Urukiko rwo mu karere ka Kabale ejo ku wa Gatatu rwakatiye uwitwa Felix Byamukama igifungo cy’imyaka 10 nyuma yo kumuhamwa n’icyaha cyo kwica ingagi ku bushake. Nkuko bitangazwa n’ibitangazamuru bitandukanye byandikirwa muri Uganda, ingagi yishwe ni iyitwa Rafiki ikaba ari imwe mu zigize umuryango wa Silverback. Mu mpera z’ukwezi kwa Kamena nibwo abashinzwe kurinda Pariki […]