Impanga za mbere zisa ku Isi zigiye kwibaruka umwana zisangiye n’umugabo umwe

Anna na Lucy, abakobwa babiri b’impanga bavugwaho kuba ari bo mpanga za mbere ku Isi zisa kandi zisangiye ibintu byinshi mu byo zitekereza no mu byo zikora, batangaje ko biteguye kabyarira rimwe umwana bahuriyeho bazabyarana n’umukunzi basangiye. Aba bakobwa bafite imyaka 34 bavuka ahitwa Perth muri Australia, barira hamwe, bakaryama ku buriri bumwe, bakambara kimwe, […]
Umunyarwanda wize ikoranabuhanga akekwaho kwiba miliyoni 22.5 Rwf kuri konte y’uruganda

Mukeshimana Venuste warangije amasomo y’ikoranabuhanga n’itumanaho muri kaminuza, arakekwaho gukura amafaranga miliyoni 22,500,000 Rwf kuri konte y’uruganda rwa Nesen Company mu buryo bw’ubujura. Aya makuru yatangajwe n’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha kuri uyu wa 30 Nyakanga 2020 ubwo rwashyikirizaga ubuyobozi bw’uru ruganda amafaranga miliyoni 15.5 RWF muri aya rwibwe. Bahorera Dominique uri kuvugira RIB yatangaje ko andi […]