U Buhinde: Abantu 9 bishwe n’imiti yica udukoko(Sanitizer) banyoye
Mu gace ka Karichedu gaherereye mu gihugu cy’u Buhinde, abantu icyenda banyoye umuti wica udukoko(Sanitizer) urabica, nyuma y’aho amaduka acuruza inzoga afungiwe kubera icyorezo cya Covid-19. Aba bantu uko ari 9 bishwe n’umuti wica udukoko bivugwa ko bawunyoye bawuvanga n’amazi na fanta. Umuyobozi wa Polisi ya Leta ya Andhra Pradesh, Siddhararth Kaushal yasobanuye ko aba […]
Dore ibintu 12 byagufasha gukora amandazi aryoshye
Perezida Kagame asanga gufatira imitungo y’abakekwaho ruswa bitagomba kwirukankirwa
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, asanga gufatira imitungo y’abakekwaho ruswa no kunyereza umutungo w’igihugu mu gihe bibaye ngombwa ko bikorwa byazajya bikorwa hakurikijwe amategeko, mu rwego rwo kwirinda ko hari ababirenganiramo. Umukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro kihariye yagiranye n’ikinyamakuru The East African ku wa kane w’iki cyumweru, aho yashimangiye ko Leta y’u Rwanda itazahwema gushyira […]
Ingendo z’indege zongeye guhembera intambara y’ubutita hagati ya Kenya na Tanzania
Nyuma y’umunsi umwe Kenya yanze gushyira Tanzania ku rutonde rw’ibihugu indege zabyo zemerewe kugwa ku butaka bwayo, Tanzania na yo yahise itangaza ko nta ndege ya Kenya yemerewe kugwa ku butaka bwayo. Mu ibaruwa umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe iby’Indege za gisivili muri Tanzania, Hamza Johari, yandikiye Sosiyete ya Kenya Airways, yavuze ko uruhushya rwayo rwo […]
Ferwafa yemeje ikipe igomba guhagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru hano mu Rwanda Ferwafa, ryemeje ko ikipe ya AS Kigali ari yo igomba guherekeza APR FC igahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika y’amakipe yatwaye ibikombe iwayo, Total CAF Confederation Cup. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama ya Komite Nyobozi ya Ferwafa yateranye ku wa gatanu tariki ya 31 Nyakanga, yagombaga kwemerezwamo ikipe izahagararira […]