Kigali na Nyagatare habonetse abantu 5 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 5 Kanama 2020 yatangaje ko habonetse abantu 5 banduye Covid-19 mu bipimo 4598 byafashwe. Harimo 4 babonetse mu Mujyi wa Kigali bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi ndetse n’1 wabonetse mu Karere ka Nyagatare. Abamaze gukira muri rusange ni 1237 barimo 15 b’uyu munsi. Abanduye bose bamaze kuba 3004, […]
Huye: Gitifu yanze gusezeranya umugabo amuziza muramu we w’umunyarugomo

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbazi mu Karere ka Huye, Uwimabera Clemence, tariki ya 30 Nyakanga 2020 yanze gusezeranya Nzindukiyimana Jeremie utuye mu mudugudu wa Gahanga mu Kagari ka Rugango amuhora urugomo rwa muramu we. Nzindukiyimana uvuga ko yarenganyijwe yagize ati: “Nari niteguye bihagije, nagiye gusezerana kuko nari nujuje ibisabwa, mu murenge nta kibazo mfite, sinakerewe […]
Aho kumpa abakristu nk’abo mbona i Kigali wampa ba Shaddy Boo 300_Apôtre Mutabazi
Umuvugabutumwa akaba n’umwanditsi, Apôtre Mutabazi Kabarira Maurice, ukunze kutavugwaho rumwe kubera amagambo adasanzwe yagiye atangaza mu biganiro agirana n’itangazamakuru, yavuze ko aho kumuha abakiristu nk’abo abona muri Kigali wamuha ba Shaddy Boo 300. Mu kiganiro yagiranye na Ukwezi TV, Apôtre Mutabazi yagarutse ku bakiristu b’i Kigali bacira imanza abantu bagendeye ku kuntu bababona haba mu […]
Umuhanzi Diamond aravugwaho kuba agiye kurushinga n’Umukobwa w’Umunyarwanda
Nyuma y’uko umuhanzi Diamond Platnumz atangarije ko yiteguye gushaka umugore bakazarushinga vuba, amakuru yizewe aravuga ko iki cyamamare mu muziki wo muri Afurika y’Iburasirazuba cyaba kirimo gutegura gukora ubukwe n’umukobwa w’Umunyarwanda, ndetse imyiteguro y’ubukwe ikaba igeze kure. Hashize ukwezi ubwo Diamond yari mu gitaramo mu murwa mukuru Dodoma, atangaje ko nyuma y’amezi agera kuri atandatu […]
Menya amapeti y’Igipolisi cy’u Rwanda n’uburyo yambarwa

Iteka rya Minisitiri No. 01/12 ryo ku wa 13/12/2012 ryavuguruwe mu 2015, rigena ibirango bya polisi y’u Rwanda byerekeye ibendera, amapeti n’ikirangantego. Ingingo ya 2 y’iri teka ivuga ko umupolisi w’u Rwanda arangwa n’ikarita itangwa n’umuyobozi mukuru, IGP (Inspector General of Police), ndetse n’imyambaro y’akazi hamwe n’amapeti agaragaza urwego afite muri polisi. Ingingo ya 4 […]
Mufti w’u Rwanda arashinjwa na Sheikh Nsabimana Issa kuyoboza Idini ya Islam igitugu

Uwitwa Sheikh Nsabimana Issa, wari umwe mu bayobozi b’Idini ya Islam mu Rwanda ndetse no mu ihuriro ry’Abayisilamu mu Rwanda, RMC yamaze gusezera muri iri huriro bitewe no kudahuza n’amakimbirane hagati ye n’Umuyobozi w’Idini ya Islam mu Rwanda, (Mufti) Sheikh Hitimana Salim. Mu ibaruwa yacicikanye kumbuga nkoranyambaga , Sheikh Nsabimana Issa yandikiye Mufti w’u Rwanda, […]
Liban: Ababarirwa mu 100 ni bo bimaze kumenyekana ko bahitanwe n’iturika
Umuryango utabara imbabare mu gihugu cya Liban, watangaje ko abantu babarirwa mu ijana ari bo bimaze kumenyekana ko bahitanwe n’iturika ryabaye ku munsi w’ejo, mu gihe inkomere zibarirwa muri 4000. Ku mugoroba w’ejo ku wa kabiri ni bwo i Beirut mu murwa mukuru wa Liban habaye amaturika abiri akomeye, gusa ntihahita hamenyekana niba ibyaturitse ari […]
Tariki nk’iyi 1963:Hasinywe amasezerano ahagarika icurwa ry’intwaro kirimbuzi
Uyu munsi ni kuwa Gatatu,tariki 5 Kanama 2020, ni umunsi wa 218 w’umwaka 2020,uyu mwaka urabura iminsi 148 ngo ugere ku musozo. Tariki 5 Kanama 1963: Mu ntambara y’ubutita, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Ubwongereza na Leta zunze ubumwe z’Abasoviyete basinye amasezerano ahagarika icurwa n’igeragezwa ty’intwaro kirimbuzi. Abahagarariye Leta zunze ubumwe z’Amerika, Leta zunze ubumwe z’Abasoviyete […]