Umusaza Ruyave yavuye i Butare agera Uganda n’amaguru, avanayo ishati nziza Sous Chef arayimwambura -Video
RUYAVE Isaie avuga ko mu mwaka 1948-1950, yari atuye i Butare mu mugi, avuga ko icyarabu, ariho hari amazu meza mu gice cya Butare. Isoko rya Butare ntiryari risakaye, abarabu bonyine nibo bacanaga amatara ya Koremani, naho ngo Abahinde bo bacanaga amatadowa byumvikane ko nta mashanyarazi yari ahari. Isura ya Butare hagati y’umwaka wa 1948 […]
Rutsiro: Abakozi 16 b’akarere bahagaritswe ku mirimo
Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro kuri uyu wa kane, bwatangaje ko bwahagaritse ku mirimo abakozi 16 b’ako karere bakurikiranweho kunyereza umutungo wa Leta. Abahagaritswe nk’uko akarere kabitangaje, barimo abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge itanu, abakozi icyenda bo ku rwego rw’imirenge ndetse n’abakozi b’akarere babiri. Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, Ayinkamiye Emmerance, yavuze ko abayobozi bahagaritswe bakurikiranweho kunyereza umutungo wa […]
OMS ivuga ko abana bonkejwe neza byakungura isi miliyari 302 z’amadora
Kuva tariki ya 1 kugeza 7 Kanama,buri mwaka u Rwanda n’isi yose bizihiza icyumweru cyahariwe konsa. Muri uyu mwaka OMS yatanze ubutumwa buvuga ko igihe abana bonkejwe neza, isi yabyungukiramo akayabo ka miliyari 302 z’Amadorari ya Amerika. Ubusanzwe miliyari 302 z’amadorari buri mwaka agendera mu kuvura indwara ziba zaratewe no kutonsa abana igihe gihagije ku […]
Abadepite bateye utwatsi icyifuzo cy’ibihano ku wakerewe kwishyura Mituweli
Inteko y’Abadepite yateye utwatsi icyifuzo cyari cyatanzwe na Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi cyo kuba umuntu wakerewe kwishyura ubwisungane mu kwivuza yazajya acibwa ibihano akishyura agize ayo arenzaho kuyo yagombaga kwishyura. Iki cyifuzo cyari gikubiye mu ngingo yari mu mushinga w’itegeko rihindura itegeko No. 03/2015 ryo kuwa 02/03/2015 rigenga imitunganyirize y’ubwisungane mu kwivuza. Iyi ngingo yavugaga ko […]
Abacamanza babiri bigometse kuri Perezida Tshisekedi banga kurahira

Abacamanza babiri muri 64 baherutse guhabwa inshingano mu nkiko zitandukanye kuri uyu wa 4 Kanama 2020 bigometse kuri Perezida Tshisekedi, banga kwitabira umuhango wo kubarahiza. Aba ni Noël Kilomba Ngozi Mala na Jean Ubulu Pungu bari basanzwe bakora mu rukiko rusumba izindi muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bakimurirwa mu rukiko rusesa imanza tariki ya […]
U Rwanda rwihanganishije Liban nyuma yo gupfusha abarenga 100
Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Minafet, yihanganishije igihugu cya Liban nyuma y’urupfu rw’abaturage bacyo barenga 100 bahitanwe n’iturika ryabaye ku wa kabiri w’iki cyumweru. Ku mugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 04 Kanama, i Beirut mu murwa Mukuru wa Liban habereye amaturika abiri akomeye, abarenga 100 bahasiga ubuzima mu gihe abakomeretse […]
Rubavu: Mayor yise Kanyamashyamba ‘imbwa, umusazi n’igicucu’ mbere yo kumwirukana
Ndikubwimana Jacques, umukozi w’Akarere ka Rubavu ushinzwe amashyamba n’umutungo kamere, arashinja umuyobozi w’akarere, Habyalimana Gilbert kumwirukana ku mirimo yitwaje impamvu zirimo ‘kubangamira ifungwa ry’ibirombe bitemewe’ , we akemeza ko yirukanwe azira ibibazo bwite bafitanye. Ku wa 29 Nyakwnga ni bwo uriya mukozi yandikiwe n’umuyobozi w’akarere ka Rubavu, Habyalimana Gilbert, ibaruwa imuhagarika ku mirimo ye by’agateganyo […]
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 8 y’amavuko yishwe n’umuriro w’amashanyarazi
Ibi byabaye Tariki ya 04 Kanama 2020, mu mudugudu wa Munini, akagari ka Kibogora mu murenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke, haravugwa urupfu rw’umwana w’umukobwa w’imyaka 8 y’amavuko witwaga Izere Lucky, wigaga mu mwaka wa 4 w’amashuri abanza,yishwe n’umuriro w’amashanyarazi. Nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Kibogora, Uwihoreye Providence, ngo uyu mwana wabanaga […]
Tariki ya 6 Kanama 1945: Nibwo Hiroshima yahindutse umuyonga
Uyu munsi ni kuwa Kane tariki 6 Kanama 2020, ni umunsi wa 219 mu minsi igize umwaka. Uyu mwaka urabura iminsi 147 ngo ugere ku musozo. Tariki ya 6 Kanama 1945, Leta zunze ubumwe za Amerika zateye igisasu kirimbuzi ku mugi wa Hiroshima mu Buyapani. Abantu 80,000 bahitanwe n’iki gisasu ako kanya, abandi bapfa urusorongo […]