UCL: Amakosa ya Varane yasezereye Real Madrid, ibitego bya Cristiano biba imfabusa imbere ya Lyon

Amakipe ya Manchester City ya Olympique Lyonnais yo mu Bufaransa, yakatishije itike ya 1/4 cy’irangiza cya UEFA Champions league, nyuma y’uko Manchester City isezereye Real Madrid na ho Olympique Lyonnais igasezerera Juventus. Real Madrid y’umutoza Zinedine Zidane yari yasuye Manchester City ku kibuga cyayo El Etihad, mu mukino yasabwaga gutsindamo ibitego biri hejuru ya bibiri […]

Rubavu, Kigali na Rulindo habonetse abantu 17 banduye Covid-19

ee2izsnxoacm6qt.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 7 Kanama 2020 yatangaje ko habonetse abantu 17 banduye Covid-19 mu bipimo 2902 byafashwe. Harimo 12 babonetse mu Karere ka Rubavu, bakaba ari Abaturarwanda batashye bahita bashyirwa mu kato. Hari kandi 4 babonetse mu mujyi wa Kigali n’umwe wabonetse mu Karere ka Rulindo. Abamaze gukira muri rusange ni […]

Perezida Ndayishimiye yabwiye u Rwanda icyo rwakora rukongera kugenderana n’u Burundi

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuze ko niba u Rwanda rwifuza imigenderanire n’igihugu cye rugomba kubanza kumushyikiriza abakoze amahano muri icyo gihugu rucumbikiye kugira ngo baryozwe ibyo bakoze. Ku wa kane w’iki cyumweru Perezida Ndayishimiye yari ari mu ntara ya Kirundo ihana imbibi n’u Rwanda, mu ruzinduko yari yahagiriye mu rwego rwo kumurikira abayituye Guverineri […]

Uvira: Umusirikare wasinze akica abaturage 14 yafashwe

screenshot_20200807-173657_1596814653403.jpg

Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Théo Kasi, yatangaje ko umusirikare wasinze akica abaturage 14 muri Teritwari ya Uvira yatawe muri yombi kuri uyu wa 7 Kanama 2020. Uyu musirikare yafatiwe n’urubyiruko mu giturage cya Nyangezi cyegereye umujyi wa Bukavu, rufatanyije n’abashinzwe umutekano. Byabaye mu masaha y’ijoro. Guverineri Kasi yemeje […]

Ibirungo Sunny yisize byatumye abamukurikira bamwanjama

screenshot_20200807-161535_1596810021281.jpg

Umuhanzikazi Ingabire Sunny Dorcas, wamamaye ku izina rya Sunny, yibasiwe n’abamukurira ku rukuta rwe rwa Instagram, nyuma y’ifoto yari amaze gushyiraho avuga ko ibirungo(makeups) ari byo bigira umugore kuba mwiza. Nyuma y’amasaha atageze kuri 2 Sunny ashyizeho ‘post’ y’ifoto ye n’amagambo agira ati: “Umugore wese wisize ibirungo aba mwiza”, abamukurikira bahise bamwanjama batangira kumubaza niba […]

Ngabo Médard na Nel Ngabo bagaragarijwe urukundo ku isabukuru yabo y’amavuko

screenshot_20200807-145320_1596804894213.jpg

Abahanzi Nel Ngabo na Ngabo Médard uzwi cyane nka Meddy, bagaragarijwe urukundo rudasanzwe n’abafana babo kuri iyi tariki bizihirizaho isabukuru yabo y’amavuko. Nel Ngabo wabonye izuba ku itariki nk’iyi muri Kanama ko muri 1997, yujuje imyaka 23 y’amavuko n’aho Meddy wujuje imyaka 31, yavutse tariki nk’iyi muri Kanama mu 1989. Aba bombi si itariki y’amavuko […]

Ntitwifuza kugirana imigenderanire n’igihugu gikoresha uburyarya- Perezida Ndayishimiye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuze ko igihugu cye cyiteguye kugirana umubano n’ibihugu by’amahanga, gusa kikaba kitazigera na rimwe kiwugirana n’ibihugu by’indyarya. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yabitangaje ku wa kane w’iki cyumweru, ubwo yari yasuye abaturage bo mu ntara ya Kirundo mu majyaruguru y’u Burundi, mu rwego rwo kubamurikira Guverineri mushya w’iyo ntara, Albert Hatungimana. […]

Ibyingenzi wamenye ku muganura kuri uyu munsi wizihirizwa mu ngo kubera Covid-19

Umunsi w’umuganura mu Rwanda watangiye kwizihizwa mu myaka myinshi ku ngoma z’abami b’u Rwanda. Umuganura ubusanzwe ni inzira y’Ubwiru bw’uRwanda, aho ibyakorwaga ku muganura mu Rwanda rwo ha mbere byagiraga uruhare mu kongera umusaruro w’igihugu, ushingiye ku buhinzi n’ubworozi. Kuri ubu umunsi w’umuganura ufatwa nk’umunsi wo kwishimira umusarura uba warabonetse mu mwaka wose. Abahinzi nibo […]

Burundi: Imirambo y’abantu 12 bakekwaho kuba abasirikare yabonetse mu ishyamba rya Kibira

Imirambo y’abantu 12 bambaye impuzankano isa n’igisirikare cy’u Burundi yabonetse mu ishyamba rya Kibira, ahaherera mu giturage cya Gafumbegeti muri Komine ya Mabaye mu Ntara ya Cibitoke. Sos Media yatangaje ko abaturage baho bayibwiye ko iyi mirambo yabonetse nyuma y’uko mu minsi ine ishize, muri Gafumbegeti huvikanye urusaku rw’amasasu. Abayibonye kandi bavuga ko imwe muri […]