Hari abantu numvaga mfitiye ideni ryo gukinira Rayon Sports- Muhadjiri
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yavuze ko yumvaga hari abantu abereyemo ideni ryo gukinira Rayon Sports, gusa kuba hari ibyo yumvikanye n’ubuyobozi bw’iyo kipe agatinda kubihabwa ikaba ari yo mpamvu yayiteye umugongo agahitamo gusinyira ikipe ya AS Kigali. Ku munsi w’ejo ni bwo AS Kigali yatangaje Hakizimana Muhadjiri nk’umukinnyi wayo mushya, nyuma yo kumusinyisha umwaka umwe w’amasezerano. […]
Ku munsi nkuyu 1998 : Al Qaeda yagabye ibitero by’iterabwoba kuri ambasade za Amerika
Uyu munsi ni kuwa Gatanu tariki 7 Kanama 2020, ni umunsi wa 219 mu minsi igize uyu mwaka. 2020 irabura iminsi 146 ngo igere ku musozo. Kuwa 7 Kamena 1998, isaha ya saa 10:30 nibwo umutwe wa Al Qaeda ugendera ku mahame akomeye ya Kisilamu wagabye ibitero kuri Ambasade ya Amerika muri Kenya. Nyuma y’amasaha […]
Uganda: Yareze Leta yakwirakwije udukingirizo, yadukoresha akandura SIDA
Umugande witwa Joseph Kintu yagiye kurega mu Rukiko Rukuru ikigo cy’igihugu gishinzwe gusuzuma ubuziranenge bw’imiti (Maristopes) impamvu cyemeye ko udukingirizo twa Life Guard dukwirakwizwa mu baturage, we yadukoresha akandura virusi itera SIDA n’Imitezi. Kintu avuga ko udukingirizo twa Life Guard yatuguriye muri farumasi (pharmacy) yitwa Shifah mu karere ka Ibanda, arangije ajya mu gikorwa cy’imibonano […]
Ibyavuye mu iperereza ry’ibanze ku mugore uvuga ko yasambanyijwe nyuma yo kwicirwa umugabo
Uwimbabazi Irene ni umugore utuye mu mudugudu wa Muhororo, Akagari ka Buhoro, Umurenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango. Yavuze ko yasambanyijwe n’abo atazi, nyuma y’urupfu rw’umugabo we, Nzayisenga John rwo ku wa 12 Mata 2020 bivugwa ko yazize inkoni yakubiswe tariki ya 28 Gashyantare 2020 ashinjwa ubujura. Ukekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Nzayisenga […]