Amasibo atatu yo muri Kigali yakuwe muri ‘Guma mu Rugo’

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, MINALOC yakuye amasibo atatu yo mu Mudugudu wa Kabutare muri gahunda ya Guma mu Rugo bitewe n’uko ubusesenguzi bwakozwe n’inzego z’ubuzima bwagaragaje ko nta bwandu bushya bw’icyorezo cya Coronavirus bukigaragara muri ibi bice. Nk’uko itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase kuri iki Cyumweru, amasibo y’Ubutwari’, ‘Icyerekezo’ n’isibo yo […]

Inyuguti ‘X’ na ‘Q’ zakuruye ibibazo mu rurimi rw’Ikinyarwanda

ee9wim_x0aeqks9-1.jpg

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe uburezi, REB, cyasohoye igibo cy’Ikinyarwanda kirimo inkuru zisomerwa abana. Ku gifuniko cyacyo hagaragara inyuguti 26, mu gihe muri uru rurimi ubusanzwe bizwi ko habamo 24. Inyuguti ziyongereye kuri izi 24, ni ‘X’ na ‘Q’ zisanzwe zikoreshwa mu zindi ndimi mvamahanga nk’Igifaransa n’Icyongereza. Nyuma y’aho iki gitabo kigaragariye, hazamuwe ibibazo byinshi, hibazwa amagambo […]

Polisi y’Igihugu yerekanye abantu barindwi bakurikiranweho kwiba ibikoresho mu nzu z’abaturage

Polisi y’Igihugu kuri uyu wa Gatandatu yeretse itangazamakuru abantu barindwi bakurikiranweho kwinjira mu nzu z’abaturage mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali bakiba ibikoresho byiganjemo za televiziyo. Aba bafatiwe mu bujura bw’ibikoresho byo mu nzu by’agaciro byiganjemo za televiziyo za rutura (flat screen), hanyuma bakajya kubigurisha. Batanu muri aba polisi yerekanye nibo bajyaga mu nzu zo […]

U Rwanda mu bihugu 10 by’Afurika bifite abaturage benshi b’abasinzi

Icyegeranyo giheruka gukorwa n’ikinyamakuru AFK Insider kigaragaza uburyo ibihugu by’Afurika bikurikirana mu kugira abaturage banywa agasembuye kurusha abandi, tukaba tugiye kugaruka ku bihugu icumi bya mbere bigaragaramo n’u Rwanda. Iki cyegeranyo kigaragaza ibinyobwa bikunze kunyobwa cyane muri buri gihugu n’ingano y’inzoga (litiro) buri muturage w’igihugu abasha kunywa ku mwaka ushyize ku kigereranyo, ni ukuvuga ko […]