Abahanzi 10 bakomoka mu Rwanda babaye ibyamamare ku isi

maxresdefault-7.jpg

Hari abahanzi batari bake bafite inkomoko mu Rwanda uzasanga barabaye rurangiranwa ku isi, nyamara abenshi mu banyarwanda batabazi ndetse batazi n’ibikorwa byabo cyangwa n’ababyumva ugasanga babyitirira abanyamahanga. Abenshi muri aba bahanzi bakorera umuziki wabo mu mahanga, ndetse usanga barabaye mu Rwanda igihe gito gishoboka cyangwa baravukiye mu mahanga ariko ababyeyi babo bakomoka mu Rwanda. 1. […]

Ntiwatanga ireme ry’uburezi ku bana b’abandi mu gihe abawe birukaniwe Minerval: Depite Mukabunani

Umuyobozi w’ishyaka PS Imberakuri, akaba n’umudepite mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda Mukabunani Christine asanga umushahara muke wa mwarimu ariwo udindiza ireme ry’uburezi mu Rwanda. Mu kiganiro yagiranye na Real Talk channel Mukabunani yagarutse ku byo ishyaka rye ryifuza ko byahinduka mu burezi kugirango ireme ry’uburezi rizamuke. Depite Mukabunani yavuze ko Amafaranga ibihugumbi 45,000 ahabwa umwarimu […]

Uganda: Museveni yategetse itabwa muri yombi ry’abapolisi bagize uruhare mu isenywa ry’urusengero

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yategetse itabwa muri yombi ryihuse ry’Abapolisi bagize uruhare mu isenywa ry’urusengero rw’Abangilikani rwitiriwe Mutagatifu Petero rw’ahitwa Ndeeba mu karere ka Lubaga. Mu ijoro ryo ku cyumweru ni bwo ruriya rusengero rwasenywe, ahanini bitewe n’amakimbirane ashingiye ku butaka yabaye hagati y’ubuyobozi bw’urusengero n’umucuruzi wo muri ako gace witwa Dodovico. Amakuru […]

Humble Jizzo yatangije ikigo cy’ubucuruzi mu Rwanda

Umuhanzi Manzi James, wamamaye nka Humble Jizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boyz, yatangiye ikigo(company) cy’ubucuruzi bw’amazu n’ibibanza ndetse kikanatanga ubujyanama ku bigendanye na byo. Akimara gushyira “post” ku rukuta rwe rwa Instagram, iranga ubu bucuruzi yatangije, Humble Jizzo yifurijwe ishya n’ihirwe n’abamukurikira ndetse bamwe bamubwira ko aziye igihe, bavuga ko imikorere yari isanzweho itacaga […]

Bukavu: Umuyobozi wa kaminuza ikomeye yateranye amakofe n’ibyegera bye karahava

20200122151215486446-isdr.jpg

Umuyobozi Mukuru wa kaminuza ya ISDR (Institut Superieur pour la Development Rural) iherereye mu mujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo ya RDC, Muchukiwa Rukakiza tariki ya 8 Kanama 2020 yateranye amakofe n’ibyegera bye, ahakura uruguma ku gahanga. Tariki ya 30 Nyakanga 2020, ni bwo Inteko rusange ya ISDR yizemo abantu bakomeye mu burasirazuba […]

Amwe mu matariki yaranze ibitero bikomeye by’umutwe wa Al-Qaeda 1988-2008

Umutwe w’iterabwoba ugendera ku mahame akaze y’idini ya Islam, washinzwe kuwa 11 Kanama 1988. Ni nyuma y’inama yahuje Osama Bin Laden wari umuherwe wo muri Arabia Sauditte , impuguke mu buzima n’imitekerereze Dr Fadl n’impuguke mu ntambara nyobokamana Zawahiri, i Peshawar, muri Pakistan. Dore andi matariki y’ingenzi mu bitero bya Al Qaeda Tariki ya 7 […]

Shaddy Boo yavuze ku gihuha cy’abavugaga ko yaraye muri Gereza

screenshot_20200811-070850_1597130621118.jpg

Umunyamiderikazi Mabazi Shadia uzwi cyane nka Shaddy Boo, yahakanye amakuru yita ko ari ibihuha yamuvuzweho ejo kuwa 10 Kanama 2020, yavugaga ko yatawe muri yombi akaba anaraye mu buroko. Aya makuru yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga n’uwiyita The Cat Babalao ukunze gutangaza amakuru atandukanye ku byamamare abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze. Yagize ati” Aho tuvugira aha […]

Amarozi yanyirukanishije muri APR FC_Eric Nshimiyimana

Umutoza Eric Nshimiyimana utoza ikipe ya AS Kigali, yatangaje ko amarozi yashinjwe muri APR FC mu bihe bitandukanye agatuma yirukanwa muri iyo kipe y’Ingabo z’Igihugu ari mu byamubabaje mu buzima. Eric Nshimiyimana yakiniye APR FC imyaka irindwi, kuva mu 1994 kugeza mu 1997; ndetse no kuva mu mwaka wa 2000 kugeza muri 2004. Uyu mugabo […]

Dr. Frank Habineza yasabye Guverinoma kurenganura abafungiwe ubusa

Dr Frank Habineza, Umuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party akaba n’umudepite mu Nteko Ishingamategeko y’u Rwanda, yasabye Leta gutanga ubutabera ku bantu bafungiye akarengane mu magereza yo mu Rwanda mbere y’uko inama ya CHOGM iterana. Mu kiganiro yagiranye na Real Talk Channel, Dr Habineza yagarutse ku mpinduka ishyaka rye ryazanye mu miyoborere y’u Rwanda, aho yagarutse […]

Ikarita ya Tap & Go ikoreshwa mu gutega bisi igiye kujya ikoreshwa no kuri moto

Sosiyete ya AC Group Ltd isanzwe itanga amakarita akoreshwa mu kwishyura urugendo rwa bisi hifashishijwe ikoranabuhanga (Tap&Go), yatangaje ko igiye gutangiza uburyo bushya aho iyi karita izajya ikoreshwa no mu gutega moto. Mu kiganiro ‘Waramutse Rwanda’ gitambuka kuri Televiziyo y’igihugu, Umuyobozi ushinzwe ibikorwa muri AC Group, Marick Shaffy Rizinde, yavuze ko ubu buryo bushyashya bwo […]