U Rwanda ntirwishimiye Laure Uwase washyizwe muri komisiyo izafasha abadepite b’u Bubiligi kwiga ku bukoloni

Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda kuri uyu wa mbere, yatangaje ko yishimiye icyifuzo cy’Inteko Ishinga Amategeko y’Ububiligi cyo gushyiraho Komisiyo idasanzwe izafasha badepite b’icyo gihugu kwiga ku mateka y’ubukoloni bw’Ububiligi mu Rwanda, Congo Kinshasa n’u Burundi; gusa igaragaza ko ihangayikishijwe no kuba akanama k’impuguke zizafasha iyo Komisiyo karimo Uwase Laure wakunze kumvikana apfobya Jenoside yakorewe […]