Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 6

elmyf92x0ayyqtz.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 25 Ukwakira 2020 yatangaje ko abantu banduye icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 6 mu bipimo 1282 byafashwe. Barimo 5 babonetse mu mujyi wa Kigali n’undi wabonetse mu Karere ka Nyagatare. Abamaze gukira iki cyorezo ni 4830 barimo 24 b’uyu munsi, abakirwaye bo ni 202. Abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri […]

Bakina Gicuti, APR FC yongeye kunanirwa gutsinda AS Kigali

Ikipe ya APR FC kuri iki cyumweru, yongeye kugwa miswi y’igitego 1-1 na AS Kigali bari bahuriye mu mukino wa gicuti. Ni umukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Aya makipe yombi azaserukira u Rwanda mu mikino Nyafurika (APR FC muri CAF Champions league, AS Kigali muri CAF Confederation Cup), yaherukaga gukina undi mukino […]

Kujya mu Burundi ngo ngiye kuburana byaba ari nko kwiyahura – Buyoya

Pierre Buyoya wahoze ari Perezida w’u Burundi yatangaje ko kujya mu gihugu cye ngo agiye kuburana byaba ari nko kwiyahura kuri we. Ibi Buyoya yabitangarije VOA Afrique nyuma y’aho ubutabera bw’u Burundi bumuhamije n’abandi bantu kugira uruhare mu iyicwa rya Perezida Ndadaye bukamukatira igihano cy’igifungo cya burundu. Nyuma y’urwo rubanza, Pierre Buyoya ntiyatinze kugira ibyo […]

Umugore w’uyoboye ADF niwe wafatiwe ku rugamba aho kuba uwa Jamil Mukulu

afande-baluku-829x1024.jpg

Indwanyikazi ya ADF iherutse gufatirwa ku rugamba n’umugore wa Musa Seka Baluku, uyoboye uyu mutwe muri iki gihe aho kuba umugore wa Jamil Mukulu wawushinze nk’uko byari byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu na FARDC. Amakuru akosora ayari yatangajwe aturuka mu gisirikare cya Congo niko avuga. Aya makuru agera kuri Actualite.cd avuga ko Safi Adidja wafashwe […]

Guverineri wa Banki Nkuru ya Kenya avuga ko yahinduranya imyanya n’uwa BNR bikamenywa na bacye

Umuyobozi wa Banki Nkuru ya Kenya (CBK), Patrick Njoroge, aravuga ko usibye gusa neza na mubyara we, hari n’abandi bajya bamwitiranya na Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa ndetse n’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Guinea, Cello Dalein Diallo. Nk’uko tubikesha urubuga rwa Capitalfm.co.ke, ibi Njoroge yabitangaje asubiza umuntu ukoresha twitter witwa Ahmed Mohamed […]

Antoine Kambanda yabaye Umunyarwanda wa mbere ubaye Karidinali

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisco kuri iki Cyumweru, yashyize Antoine Kambanda usanzwe ari Umushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali muri ba Musenyeri bashya bagizwe abakaridinali. Antoine Kambanda ari muri ba Musenyeri 13 barimo icyenda bari munsi y’imyaka 80 y’amavuko bagizwe aba Karidinali, nk’uko ibiro bya Papa Fransisiko byabitangaje kuri iki cyumweru. Papa yemeje […]

Perezida wa Turkiya yise mugenzi we w’u Bufaransa umurwayi wo mu mutwe

Igihugu cy’u Bufaransa, kuri uyu wa Gatandatu cyatangaje ko cyahamagaje Ambasaderi wacyo muri Turkiya nyuma y’amagambo aherutse gutangazwa na Perezida Recep Tayyip Erdogan yibaza ku buzima bwo mu mutwe bwa mugenzi we, Emmanuel Macron. U Bufaransa na Turkiya, ibihugu byombi bihuriye mu muryango wa NATO bimaze iminsi birebana ay’ingwe binaterana amagambo kubera ibibazo bitandukanye bifitanye […]

Rutahizamu wakiniye Arsenal na Real Madrid yiîse nyina umurozi

Umunya-Togo, Emmanuel Sheyi Adebayor wamenyekanye mu makipe atandukanye akomeye yo ku mugabane w’u Burayi, yigeze gutangaza ko nyina umubyara ari umurozi ndetse ko we na bamwe mu bagize umuryango we bigeze kumucishiriza amarozi bagamije kumwivugana. Adebayor ukomoka ku babyeyi b’abanya-Nigeria, ni umwe mu bakinnyi b’Abanyafurika bahiriwe no gukina mu makipe akomeye ku mugabane w’u Burayi, […]

Perezida Abdelmadjid Tebboune wa Algeria yashyizwe mu kato

Kuri uyu wa Gatandatu, Perezida wa Algeria, Abdelmadjid Tebboune, yagiye mu kato mu gihe cy’iminsi itanu abisabwe n’itsinda rishinzwe ubuvuzi muri perezidansi nyuma y’uko “abayobozi benshi” bakuru muri perezidansi na guverinoma bagaragaje ibimenyetso bya Covid-19. Iki cyemezo cyo gukumira, mu bihe nk’ibi, gifite ishingiro, nk’uko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Perezidansi kubera ibimenyetso bya […]

Rwanda: Kiliziya Gatolika yamaganye abatwerereye Papa gushyigikira abatinganyi

Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira, Kiliziya Gatolika mu Rwanda yamaganye amakuru amaze iminsi avuga ko Umushumba wa Kiliziya ku Isi, Papa Francis, ashyigikiye ko ababana bahuje ibitsina bashyingirwa, ivuga ko ari amagambo Papa yatwererewe. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo hasakaye amakuru avuga ko Papa Francis yatangaje ko ashyigikiye abatinganyi, ngo kuko na […]