Rubavu: Abazunguzayi bariye karungu nyuma y’uko ubuyobozi buseye imbuto z’umwe muri bo
Abazunguzayi bakorera mu mujyi wa Gisenyi ho mu karere ka Rubavu, bariye karungu nyuma yuko umwe muri bo ubuyobozi bumwatse inanasi yacuruzaga bukazishyira mu mashini bavuga ko isya imyanda. Bigitangira ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira, Polisi ngo yasanze umwe muri aba bagore bahoze bakorera mu gasoko k’ahitwa kwa Rujende acururiza ku muhanda, itwara […]
Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 7

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 26 Ukwakira 2020 yatangaje ko abantu banduye icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 7 mu bipimo 1736 byafashwe. Barimo 4 babonetse mu mujyi wa Kigali, uwabonetse muri Burera, uwabonetse muri Muhanga n’undi wabonetse mu Karere ka Musanze. Abamaze gukira iki cyorezo ni 4848 barimo 18 b’uyu munsi, abakirwaye bo ni […]
Umugore yashatse guhagarika ubukwe bw’umugabo bamaze imyaka 35 batandukanye
Umugore w’imyaka 58 y’amavuko witwa Mary Baseka Norah yagiye guhagarika ubukwe bw’umugabo bari bamaze imyaka 35 batandukanye, bwaberaga mu rusengero. Byabereye mu mujyi wa Jinja muri Uganda kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Ukwakira 2020, ubwo Martin Tibarila usanzwe ari umucuruzi ukomeye yakoraga ubukwe n’undi mugore witwa Proscovia Nabirye. Impamvu yatumye Norah ajya guhagarika ubu […]
Hamenyekanye ikihishe inyuma y’akarengane Munuera yakoreye FC Barcelona ikina na Real Madrid
Ikipe ya FC Barcelona yamaze kugeza ubujurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Espagne (FEF), nyuma y’akarengane ivuga ko yakorewe n’umusifuzi Martinez Munuera, mu mukino iheruka gutsindwamo na Real Madrid. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gushize ni bwo FC Barcelona yari yakiriye Real Madrid i Camp Nou, mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona ya Espagne warangiye […]
Abayisilamu bari mu kaga nk’ako Abayahudi barimo mbere y’Intambara ya II y’Isi – Erdogan
Nyuma yo gutangaza kuwa Gatandatu ushize ko Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron akwiye gupimwa hakarebwa niba ari muzima mu mutwe, Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan kuri ubu arahamagarira abantu kwanga kugura ibicuruzwa byo mu Bufaransa ndetse agereranya ukuntu u Burayi bufata Abayisilamu muri iki gihe nk’uko Abayahudi bafatwaga mbere y’Intambara ya II y’Isi. Kuri […]
Riderman yatunguye umugore we amwita ‘umukecuru’
Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman yatunguye abamukurkira ku rubuga rwa Instagram yita umugore we umukecuru mu butumwa bumwifuriza umunsi mwiza w’amavuko. Kuri uyu wa 26 Ukwakira 2020, ubwo Agasaro Nadia yizihizaga isabukuru ye y’amavuko, Riderman yifashishije urukuta rwe rwa Instagram amuvuga nk’umuntu udasanzwe ku buzima bwe, abenshi batungurwa n’uko yamwise umukecuru. Muri ubu butumwa […]
Rukundo wabeshyaraga abagabo abashinja gusambanya umwana we yafashwe
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Sheema cyataye muri yombi umutekamutwe w’umugore wari ukomeje kwambura abagabo amafaranga abashinja kumusambanyiriza umwana w’umukobwa w’imyaka 10. Igipolisi kiravuga ko uyu mugore yitwa Annet Rukundo, yatezaga abagabo umukobwa we w’imyaka 10 ubundi agahita yirukankira kuri polisi akajya gutanga ikirego avuga ko bari kumusambanyiriza umwana. Amakuru aturuka mu gipolisi aragira […]
Abarimu basaga 1500 bari mu kazi nta byangombwa byemewe bafite – Raporo
Muri raporo y’ibikorwa ya 2019/2020, komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta yavuze ko abarimu 1.566 bigisha mu mashuri ya Leta barimo gukora nta byangombwa byemewe bibashyira mu myanya bafite. Raporo yashyikirijwe Sena ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere, yerekana ko abarimu 6,6 ku ijana by’abakorimu bose bigisha bakomeje gukora nta madosiye, ahanini biteea n’ubushobozi buke […]
Ibihugu 5 bya mbere bifite igisirikare cyo mu kirere gikomeye muri Afurika

Ibisirikare birwanira mu kirere bya mbere muri Afurika muri 2020 ushobora kuvuga ko ari byo bifite ubushobozi bwinshi mu bice byose by’intambara zo mu kirere. Ingabo zirwanira mu kirere ni Ishami ryo mu kirere ry’ingabo z’igihugu. Uruhare rwazo ni, Ukurinda ikirere, kugaba ibitero bya bombe, kugenzura imipaka, kugaba ibitero ku mwanzi ku butaka no mu […]
Shaddyboo yatekeye abana b’umuhanda, basangirira iwe

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Mbabazi Shadia uzwi Shaddyboo yatunguye abana 35 bahoze baba ku muhanda arabatumira baza mu rugo iwe barasangira. Ni igikorwa cyabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Ukwakira 2020. Ubusanzwe bimaze kumenyererwa ko Shaddyboo ategura bene iki gikorwa ku munsi we w’amavuko cyangwa ku yindi minsi mikuru yo mu Idini ya Islam. […]