Dr. Magufuli yongeye gutsinda amatora akubise inshuro Tundu Lissu

fb_img_16040963615067244.jpg

Perezida wa Komisiyo y’Amatora muri Tanzania, Semistocles Kaijage kuri uyu wa 30 Ukwakira 2020 yatangaje ko Dr. John Pombe Magufuli ari we watsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye ku wa 28. Nk’uko bigaragara mu mibare y’agateganyo y’ibyavuye mu matora, Dr. Magufuli uhagarariye ishyaka Chama Cha Mapinduzi yagize amajwi 12,516,252, naho Tundu Lissu uhagarariye CHADEMA, akaba ari […]

Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 3

elmdtwkw0ae5pzv-1.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 30 Ukwakira 2020 yatangaje ko abantu banduye icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 3 mu bipimo 1810 byafashwe. Barimo 1 wabonetse mu mujyi wa Kigali n’abandi babiri babonetse mu Karere ka Rubavu. Abamaze gukira iki cyorezo ni 4878 barimo 27 b’uyu munsi, abakirwaye bo ni 221. Abamaze kugaragaraho iki cyorezo […]

Kenya: Umuturage yari akubise Visi-Perezida William Ruto, abarinzi baratabara

Visi-Perezida wa Kenya, Dr William Ruto, kuri uyu wa Gatanu ubwo yari kuri Stade ya Mathioya mu ntara ya Murang’a; yari akubiswe n’umuturage atabarwa n’abarinzi be. Dr Ruto ari mu ntara ya Murang’a n’iya Nyeri, yaganiriye n’abaturage ba Kenya kuri gahunda zitandukanye zo kubateza imbere no kubongerera ubushobozi. Ubwo uyu Visi-Perezida yavaga kuri Stade ya […]

Capt. Uwayezu yaherejwe na Murenzi Abdallah ububasha bwo kuyobora Rayon Sports

Rtd Capt Uwayezu Jean Fidèle uheruka gutorerwa kuyobora umuryango Rayon Sports, yamurikiwe ibyo wari ufite na Murenzi Abdallah wari uyoboye Komite y’inzibacyuho birimo ibikombe bitanu n’umubare w’abakinnyi bashya baguzwe. Ni umuhango wabereye ku cyicaro cya Rayon Sports giherereye ku Kimihurura. Muri iri hererekanyabubasha ryabaye nyuma y’iminsi itandatu hatowe Komite Nyobozi nshya, Murenzi Abdallah yavuze ko […]

Byinshi wamenya ku buzima bwa Me Nkongoli ufatwa nk’impunzi yatahutse mbere y’izindi (VIDEO)

Umunyamategeko Laurent Nkongoli ufatwa nk’Umunyarwanda watahutse mbere mu bahunze mu 1959, avuga ko yaherewe izina ry’Umututsi i Kamembe mu cyahoze ari Cyangungu. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, yasobanuye byinshi byafatwa nk’udushya twaranze ubuzima bwe, aho yagaruutse ku buryo yabaye Umututsi abigizwe n’ubutegetsi bwa Habyarimana ubwo yari mu bihaye Imana baba Jezuwite. Me Nkongoli avuga […]

Perezida Kagame ntiyumva impamvu Musanze isigaye iza mu myanya y’inyuma mu mihigo

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko uturere twahoze twitwara neza mu mihigo ari two dusigaye tuba utwa nyuma, yibaza by’umwihariko icyo akarere ka Musanze kabura ku buryo gasigaye kaza mu myanya ya nyuma. Kuri uyu wa Gatanu ni bwo i Nyagatare mu Burasirazuba bw’u Rwanda habereye umuhango wo kumurika uko imihigo ya 2019/2020 yashyizwe […]

Menya uko ibihugu by’Isi birushanwa agaciro k’ifaranga

Ifaranga ni kimwe mu bipimo fatizo bishingirwaho mu bukungu bw’abantu n’ibihugu muri rusange. Ifaranga ryo ubwaryo nk’urupapuro cyangwa igiceri ntirigira agaciro, ahubwo ibyo rikoreshwa nko kugura ikintu no kurivunjamo andi mafaranga ni byo biryongera cyangwa bikarigabanyiriza agaciro. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho uko ibihugu 10 bya mbere ku Isi mu kugira ifaranga rifite agaciro ko […]

Senegal: Abatari bake baguye mu mpanuka y’ubwato mbi kurusha izindi mu 2020

Abimukira bagera ku 140 barohamiye mu gihugu cya Senegal, mu mpanuka ya mbere y’ubwayo ihitanye abantu benshi muri 2020 nk’uko byatangaje n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bimukira (IOM). Itangazo IOM yasohoye ku munsi w’ejo, rivuga ko ubwato bwakoze impanuka bwari butwaye abantu babarirwa muri 200. Yunzemo iti: “IOM ibabajwe cyane n’iri sanganya riherutse kuba, nyuma […]

Uwahoze akora muri Wasafi ya Diamond Platnumz yatorewe kuba umudepite

Babou Tale wabaye wabaye umujyanama wa Diamond yatorewe kuba Depite

Shaban Hamisi Taletale uzwi nka Babu Tale wahoze ari umukozi w’inzu itunganya umuziki ya Wasafi akanaba umujyanama wihariye wa Diamond Platinumz yatorewe kuba umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Tanzania. Babu Tale yatowe ahagarariye agace ka Morogoro y’Amajyepfo, akaba yari umukandida w’ishyaka Chama Cha Mapinduzi(CCM) muri ako gace. Babu Tale ubwo yiyamamazaga yijeje abaturage ko […]

Nyaruguru imbere, Rusizi inyuma_Uko uturere twakurikiranye mu kwesa imihigo

ellnlihw0ae7k9e.jpg

Mu muhango wo gutangaza uko uturere twitwaye mu kwesa imihigo y’umwaka w’2019/2020 wabereye muri Epic Hotel mu Karere ka Nyagatare, Nyaruguru yaje ku mwanya wa mbere n’amanota 84%, mu gihe Rusizi yaje ku mwanya nyuma n’amanota 50%. Ku rwego rw’Intara, Intara y’Iburasirazuba ni yo yaje ku isonga n’amanota 73.76%, Intara y’Amajyepfo yagize amanota 73.58%, Umujyi […]