Abarwayi batatu bashya ba COVID-19 ni bo babonetse mu gihugu
Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa Gatandatu, yatangaje ko mu gihugu habonetse abarwayi bashya ba COVID-19, mu gihe umuntu umwe ari we wakize iki cyorezo. Abarwayi babiri babonetse mu karere ka Nyagatare undi umwe aboneka i Kirehe, mu bipimo 1,848 byafashwe. Umubare w’abamaze kwandura COVID-19 mu Rwanda ni 5,137; abishwe na yo ni 35 mu gihe […]
Mu mukino w’ishiraniro, APR VC itsinze UTB VC yegukana igikombe cya shampiyona
Ikipe ya APR Volleyball Club yegukanye igikombe cya shampiyona ya Volleyball, nyuma yo gutsinda ku mukino wa nyuma UTB amaseti 3-2. Wari umukino wa nyuma w’ishiraniro amakipe yombi yari yahuriyemo kuri petit Stade, i Remera. APR VC yegukanye iseti ya mbere ku manota 25 kuri 23 ya UTB yemwe inatangira iseti ya kabiri iri hejuru […]
Umushahara w’abasirikare wazamuweho 75%_Dr Frank Habineza
Dr Frank Habineza, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba na Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party, avuga ko bishimira uburyo ibyo bagiye bavuganiraho abaturage birimo gukorwa, muri ibyo hakaba harimo ko umushahara w’abasirikare wazamuweho 75%, uw’abarimu ukaba umaze kuzamurwaho 20% n’uw’abapolisi nawo ukaba urimo kuzamurwa. Ibi Dr Frank Habineza […]
Gisenyi na Goma yaba ari yo mijyi ituranye cyane kurusha indi ku Isi?
Umujyi wa Gisenyi uri mu karere ka Rubavu na Goma yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ni imijyi ituranye cyane, ku buryo ugeze hafi yayo utabisobanukiwe ushobora kwibwira ko ari umujyi umwe. Ni imijyi ibiri yombi ikora ku kiyaga cya Kivu gihuriweho n’ibihugu by’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yombi ikaba mu majyepfo […]
Umuraperi Muchoma Nyuma yo kugaragara yihagarika kuri Bibiliya yasabye imbabazi
Umuraperi Nizeyimana Didier uzwi ku izina rya Muchoma nyuma yo gukora amashusho y’indirimb atwika Bibiliya yasobanuye impamvu nyamukuru yabimuteye, anasaba imbabazi ku bahungabanjwe n’iki gikorwa yakoze. Mu kiganiro yagiranye na KT Radio Muchoma yavuze ko ajya gukora indirimbo ‘Nikibazo” atari agambiriye kubabaza abamukunda ahubwo yashakaga kwerekana ko bamwe mu bakirisitu bitwaza Bibiliya cyane, ariko aho […]
Bakina gicuti: APR FC yanyagiye Rwamagana City ibitego 7-1
Ikipe ya APR FC ikomeje kwitegura umwaka utaha w’imikino kuri uyu wa Gatandatu yanyagiye Rwamagana City yo mu kiciro cya kabiri ibitego 7-1, mu mukino wa gicuti amakipe yombi yari ahuriyemo i Shyorongi. APR FC izahararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions league na CECAFA Kagame Cup, ndetse n’imikino y’amarushanwa atandukanye akinirwa imbere mu […]
Gen Henry Tumukunde yiyamye igisirikare cya Uganda kwivanga muri politiki
Rtd Lt Gen Henry Tumukunde uri mu bakandida bahatanira kuyobora Uganda, yiyamye bamwe mu albasirikare ba kiriya gihugu bari kwivanga mu bikorwa bya politiki mu gihe amatora y’umukuru w’igihugu yegereje. Gen Tumukunde yabitangaje nyuma y’amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza umwe mu basirikare bo ku rwego rwa Jenerali mu ngabo za Uganda ari mu nama […]
Menya ibihugu bifite ingufu za gisirikare kurusha ibindi ku Isi mu 2020
Ikinyamakuru Mpuzamahanga ‘Firepower’ gisanzwe gikora intonde z’uko ibihugu birutanwa mu ngufu za gisirikare, cyasohoye urutonde rwa 2020 ruriho uko ibihugu 138 birutanwa mu gisirikare. Ni urutonde kiriya kinyamakuru gikora kigendeye ku mubare w’intwaro igihugu gitunze, umubare w’ingabo gifite ndetse n’umutungo gishora mu bikorwa bya gisirikare. Ibihugu bine bya mbere kuri uru rutonde ntabwo byahindutse ugereranyije […]
Byiringiro Lague yakorewe ibirori by’isabukuru by’agatangaza (Amafoto)

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu Tariki 30 Ukwakira, umutoza mukuru wa APR FC Mohammed Adil Erradi n’umufasha we bitabiriye ibirori by’agatangaza byo kwizihiza isabukuru ya rutahizamu Byiringiro Lague wari wujuje imyaka 20. Ni ibirori byabereye mu mwiherero wa APR FC i Shyorongi ahagana saa tatu zuzuye z’umugoroba, ubwo abakinnyi ndetse n’abandi bakozi b’ikipe batunguraga […]
Mu mafoto: Imyaka 10 irashize Lady Gaga avumbuye umwambaro ukoze mu nyama

Tariki ya 12 Nzeri mu mwaka 2010 ubwo hari mu bihembo bya MTV Video Music Awars nibwo umuhanzikazi Lady Gaga yatunguye benshi agaragara ku rubyiniro yambaye ikanzu idoze mu mu nyama. Ni ibihembo ngarukamwaka byabereye mu nzu y’imyidagaduro ya Nokia Theatre ihereye I Los Angeles muri Leta ya California muri Amerika Chelsea Handler wari uyoboye […]