Gereza ya Muhanga yabonetsemo abandi bagororwa 30 banduye COVID-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu, yatangaje ko mu gihugu hose habonetse abarwayi bashya 32 banduye COVID-19, barimo 30 babonetse muri gereza ya Muhanga. Ni nyuma y’uko ku wa Gatanu iyi gereza yari yabonetsemo abagororwa 36 banduye icyorezo cya Coronavirus. Undi umwe mu babonetse uyu munsi yabonetse mu mujyi wa Kigali, mu gihe […]
Perezida Ndayishimiye yahaye amafaranga abakinnyi b’Intamba mu Rugamba abasaba gutsinda Mauritania (Amafoto)

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, Perezida w’u Burundi, Gen Evariste Ndayishimiye, yakiriye abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Burundi, Intamba mu Rugamba, mu rwego rwo kubatera imbaraga mu mukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika bazahuriramo na Mauritania. Ku Cyumweru tariki ya 15 Ugushyingo ni bwo ikipe y’igihugu y’u Burundi izakira iya Mauritania, mu […]
Menya ibihugu 10 bya mbere ku Isi bituwe n’Abayisilamu benshi
Igihugu cya Indonesia giherereye ku mugabane wa Aziya, ni cyo kiza ku isonga mu bihugu bifite abayoboke b’idini ya Islam benshi kurusha ibindi ku Isi. Imbuga nka Wikipedia, supportmuslimpro.com n’izindi zitandukanye, zivuga ko 87% by’abaturage ba Indonesia ari Abayisilamu, zikavuga ko kiriya gihugu gituwe n’ababarirwa muri miliyoni 222. 2. Pakistan Igihugu cya Pakistan na cyo […]
Diamond Platnunz na Zari baba bongeye gusubirana?
Umuhanzi Diamond Platnumz akomeje kugirana ibihe byiza n’uwari umugore we, Zarina Hassan, ku buryo abenshi bakomeje gutekereza ko aba bombi bashobora kuba barongeye gusubirana. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo Zari yasesekaye i Dar es Salaam ari kumwe n’abana babiri yabyaranye na Diamond (Tiffah na Nillan), bakirwa na nyir’ubwite Diamond. Zari na Diamond bari […]
Musanze: Ba gitifu b’imirenge bakwiriye kujyanwa i Nkumba

Hamaze iminsi humvikana imigirire idahwitse ku banyamabanga nshingwabikorwa batandukanye mu mirenge inyuranye igize Akarere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru. Kuri bamwe, byasaga nk’ibigoye kwiyumvisha uko gitifu akora ibintu runaka hagendewe ku kigero cy’imiyoborere myiza u Rwanda rufite, uko demukarasi yakabaye yumvikana mu mitwe ya rubanda, amahame y’uburenganzira bwa muntu, ibikubiye mu mategeko n’ibindi. Bamwe muri ba […]
Uganda: Umusirikare ufite abana 18 yakatiwe gufungwa imyaka 90
Urukiko rwa gisirikare muri Uganda rwakatiye Private Lutokei Paul gufungwa imyaka 90 nyuma yo guhamwa n’ibyaha by’ubwicanyi. Uwkatiwe iki gifungo afite abagore bane n’abana 18. Uru rukiko rwa diviziyo irwanira mu misozi ruri i Muhoti mu Mujyi wa Fort Portal rwakatiye Lutokei iki gifungo kuko yahamwe no kuba yarishe arashe umugore witwa Nayebale Pamela n’umwana […]
Ibikorwa by’agaciro karenze za miliyari 100 Rwf byaradindiye
Raporo ya Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu yagejejwe ku nteko ishinga amategeko igaragaza ko hari ibikorwa 55 bifite agaciro ka miriyari zirenga 100 byadindiye kubera imikorere itanoze y’inzego yitandukanye. Aho Inteko ishinga amategeko yemeje ubusabe bwa PAC bwo gusaba Minisitiri w’intebe gutanga raporo ku nteko ishinga amategeko mu gihe kutarenze amezi 8 hagaragazwa […]
Ubwisanzure na Demokarasi bifite aho bigarukira_Perezida Magufuli
Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli, yavuze ko ubwisanzure na demokarasi bifite aho bitagomba kurenga, mu gihe hari abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe bamushinja gushaka kubica. Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, byavuze ko Magufuli yaraye avugiye ariya magambo mu muhango wo kurahiza abagize inteko ishingamategeko bashya. Perezida Magufuli yavuze ko “Intego y’ubwisanzure na demokarasi ni ukuzana […]
RIB irashakisha babiri bakekwaho kwica umuntu bagacika

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rurashakisha abitwa Shumbusho Emmanuel w’imyaka 28 na Ndayisaba Charles w’imyaka 43 barakekwaho icyaha cyo kwica Uwimana Boniface w’imyaka 28 bagahita bacika. Aba bombi nk’uko RIB ibivuga, bakekwaho gukora iki cyaha mu Mudugudu wa Matyazo, Akagari ka Kiyabo mu Murenge wa Matyazo mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba kuwa 10 […]
FERWAFA yahaye ibihano amakipe arimo Rayon Sports na APR FC
Ku wa Gatanu Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryafatiye ibihano amakipe ya Rwamagana City FC, Rayon Sports, Alpha FC, Rutsiro FC na APR FC, kubera gukina imikino ya gicuti nta burenganzira yabisabiye ngo anabuhabwe. FERWAFA ibinyujije ku rubuga rwayo, yavuze ko gukina imikino ya gicuti cyangwa kuyigiramo uruhare bisabirwa uburenganzira nk’uko biteganywa n’Amategeko Shingiro […]