Kamonyi: Abayobozi batatu batawe muri yombi

capture-30.png

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ugushyingo 2020 rwafunze Niyobuhungiro Obed, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo, Niyonshuti Jean Damascene (DASSO) na Habyarimana Jean Marie Vianney ushinzwe Reserve Force (Inkeragutabara). Aba bayobozi batawe muri yombi kuko bakurikiranweho icyaha cyo kunyereza umutungo no kwaka ruswa nk’uko […]

Mu mafoto, ihere ijisho Obama kera ataraba Perezida wa Amerika

20201111125113_1827770910_3879700735021389839_600_366_85_webp.jpg

Perezida Barack Obama wigeze kuba Umukuru w’igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika, yavutse ku wa 01 Kanama mu 1961, amara ubwana bwe mu gace ka Honolulu aho nyina umubyara yari atuye akaniga. Mu myaka yakurikiyeho nyina yaje gushaka undi mugabo, biba ngombwa ko Obama asanga se wabo muri Indonesia. Obama amaze gukura ni bwo […]

BNR: Ubukungu bw’u Rwanda bwarahungabanye mu gihembwe cya kabiri 2020

Raporo ya Banki Nkuru y’u Rwanda igaragaza ko kubera ihungabana ry’ubukungu ryatewe n’icyorezo cya COVID-19, ukungu bw’u Rwanda bwahungabanye ku gipimo cya 12.4% mu gihembwe cya kabiri cya 2020 BNR isobanura ko mu gihembwe cya 2 cy’umwaka wa 2020 ubukungu bw’u Rwanda bwahungabanye ku gipimo cya 12.4% by’umusaruro mbumbe w’igihugu kubera gufunga ibikorwa bimwe na […]

Joe Biden yakoze amateka ku bademukarate muri Leta ya Georgia

Amateka agaragaza ko Perezida watowe w’Amerika Joe Biden yatsinze muri leta ya Georgia, aba umukandida wa mbere w’umudemokarate utsinze muri iyi leta guhera mu mwaka wa 1992. Uko gutsinda muri Georgia gushimangiye intsinzi ya Bwana Biden, ubu ugize amajwi 306 y’intumwa zitora – uburyo Amerika ikoresha mu gutora perezida. Bigaragara ko Perezida Donald Trump atsinda […]

Nyanza: Umukobwa yanyoye umuti wica udukoko two mu murima

Mu Mudugudu wa Bukinankwavu mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza, Umugore witwa Judith yagerageje kwiyahura Imana ikinga akaboko. Yavuze ko yari agiye kwiyambura ubuzima kuko umugabo wamuteye inda ari kubihakana. Mu ijoro ryo ku wa 12 ugushyingo 2020 ahagana saa tanu z’ijoro, Mukansanga w’imyaka 18 y’amavuko ngo yagerageje kwiyahura […]

Rusizi: Abahinzi b’umuceri muri Bugarama barashinja Meya kubatererana

bavuga_ko_batangira_guca_iryera_abayobozi_b_akarere_iyo_umuceri_weze_baje_gufatanya_n_inganda_kubunamaho.jpg

Abahinzi b’umuceri mu kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi baravuga ko bafite uruhuri rw’ibibazo baterwa na zimwe mu nganda z’umuceri zihakorera na bamwe mu bayobozi b’Akarere ku nyungu zabo bwite, ko byose umuyobozi w’aka karere Kayumba Ephrem abizi kandi afite ubushobozi bwo kubikemura ariko nta na rimwe baramubona muri iki kibaya abegera ngo baganire, […]