Abanyeshuri 35 ba UR bitabajwe mu kurwanya Covid-19 barishyuza Leta
Abanyeshuri 35 biga mu gashami k’Ubuvuzi n’Ubuzima Rusange (Clinical Medicine and Community Health) muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) leta yitabaje mu kurwanya icyorezo cya Covid-19 barayisaba kubahembera igihe bakoze. Aba banyeshuri bavuga ko tariki ya 8 Kanama 2020 ari bwo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyabahamagaye, bajya ku cyicaro gikuru (National Command Post) cya Camp […]